Nta kindi gihugu kimaze imyaka 109 gisenya ikindi nk’uko u Bubiligi bubikorera u Rwanda ~ Dr Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascène, yerekanye ko u Rwanda rumaze imyaka 109 rusenywe n’u Bubiligi ndetse n’ubu bugikomeza kurugendaho. Minisitiri Bizimana yabigarutseho mu isuzuma ry’amateka yagejeje ku bitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, uri kubera ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali…

Read More

DRC yashinje u Rwanda guhonyora nkana agahenge ko guhagarika imirwano

 Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubilika iharanira Demokarasi ya Kongo, ThĂ©rèse Kayikwamba Wagner, yashinje u Rwanda gukomeza guhonyora nkana gahunda yashyizweho igamije guhagarika imirwano mu burasirazuba bw’iki gihugu. Ibi yabitangaje mu buhamya yatanze mu magambo ye ubwo yari imbere y’akanama gashinzwe umutekano ku isi i New York muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Aho yagize ati: “Hagati…

Read More

Ubuhinde : abaganga bamwe baracyari mu myigaragambyo nyuma y’ihohoterwa rikomeje kugaragara mu rwego rw’ubuvuzi

Bamwe mu baganga bato bo muhinde bahagaritse akazi kuko basabye ubutabera bwihuse kuri mugenzi wabo wafashwe ku ngufu akicirwa mu bitaro, nubwo imyigaragambyo y’abaganga benshi yarangiye. Ku bufatanye n’abaganga, abantu ibihumbi n’ibihumbi bakoze urugendo mu mihanda ya Kolkata ku mugoroba wo ku cyumweru bavuga bati: “Turashaka ubutabera”, mu gihe abayobozi bo muri leta ya Bengal…

Read More

Ese tombola za UEFA champions league na Europa League zasize iki ?

Iby’ingenzi ugomba kuzirikana gusoma muri iyi nkuru Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Mutarama nibwo ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) ryakoze tombola y’uburyo amakipe azisobanura mu mikino yo gukuranwamo marushanwa iri shyirahamwe risanzwe ritegura. Iki gikorwa cyasize tumenye imwe mu mikino izaba ndetse harimo n’iteye amabengeza muri uku kwezi. Byari ibicika ubwo hakinwaga…

Read More

Uwari umukinnyi wa Manchester United arataka ubujura!

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Demetri Mitchell, yasabye ubufasha nyuma y’uko imodoka ye nshya ya BMW yuzuye ibintu by’agaciro yibwe mu ijoro ubwo yimuriraga ibintu bye mu rugo rushya. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 yari avuye i Manchester ajyana ibintu bye i Essex nyuma yo kwerekeza muri Leyton Orient mu isomo ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ry’iyi…

Read More

Paper Talk[Europe]: Manchester United  igiye kurekura Zirkzee utari gutanga umusaruro,umutoza wa mbere muri Premier League agiye kwirukanwa

Liverpool  igiye  gukora ibishoboka byose  kugirango ibone myugariro  wa  Crystal Palace   Marc Guehi, 24, mu gihe myugariro wayo w’Umuhorandi  w’imyaka 33  Virgil van Dijk ahazazahe hashidikanwaho . (Football Insider) Shampiyona  ya  Saudi Arabia  Saudi Pro League  irashaka  guha akazi  Txiki Begiristain  uherutse gutandukana n’ikipe ya Manchester City nk’uwarushinzwe ibikorwa bya siporo muri iyi kipe . (Mail –…

Read More

Gisagara : umugore aracyekwaho kwica umugabo we amukubise ifuni mu mutwe

Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko bukurikiranye umugore w’imyaka 33 ku cyaha cyo kwica umugabo we w’imyaka 34, mu gihe umugabo yamukubise ifuni mu mutwe. Iki cyaha cyabereye mu ijoro ryo ku wa 28/11/2024 mu Mudugudu wa Mwiba, Akagari ka Nyabitare, Umurenge wa Gishubi, mu Karere ka Gisagara, nk’uko byemejwe n’ibiro by’ubushinjacyaha. Amakuru avuga ko ku mugoroba…

Read More

umujyi wa Rotterdam mubuholandi nibwo washinzwe,Louis XIV,papa wa Adolf Hitler…. uyu munsi mu mateka,taliki ya 7/Kamena

uyu munsi kuwa kabiri ,Tariki 7/Kamena mu mateka, ni umunsi wa 159 mu igize umwaka, hasigaye 206 ukagera ku musozo. Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1340  umujyi wa Rotterdam mu buholandi nibwo washinzwe. 1420 Ingabo za Repubulika ya Venise zafashe Udine, zirangiza ubwigenge bwa ba sokuruza ba Akwiliya. 1654: Louis XIV yambitswe ikamba maze…

Read More

Premier League : Bruno Fernandez yatangaje ko kunganya na Liverpool byabubatsemo ikizere

Kapiteni wa Manchester United witwa Bruno Fernandes yavuze ko niba Manchester United ishobora gukinira kuri Anfield ikahakura inota rimwe bibaha icyezere yuko no kubindi bindi bibuga bazitwara mu mikino isigaye y’igice cya kabiri cya shampiyona y’Ubwongereza [ premier league ]. Ibi Bruno Miguel Borges Fernandes yabitangaje   nyuma yuko ikipe yari imaze iminsi irangwa n’umusaruro muke…

Read More

Tariki ya 20 /ugushyingo mu mateka : OTAN yo ubwayo yisabiye ibihugu birimo Bulgaria na Estonia kuba abanyamuryango bayo

Tariki 21 Ugushyingo ni umunsi wa 326 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 40 uyu mwaka ukagera ku musozo. Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze uyu munsi mu mateka 1977: Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu wa New Zealand, Allan Hgheet yatangaje ko indirimbo yubahiriza igihugu iba ’God Save the Queen’ ndetse igisigo cy’igihugu kikaba ’God Defend New Zealand’ cyanditswe…

Read More