Ingingo ku ngingo; ni iki gikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Atlético de Madrid?

Ikipe ya Atlético de Madrid yo muri Esipanye yamaze gusinyana amasezerano n’u Rwanda binyuze mu mushinga wa VISIT RWANDA mu rwego rwo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda nyuma yandi makipe atatu bakorana muri ubu buryo. Nk’uko bigaragara ku mbugankoranyambaga za VISIT RWANDA bagaragaje ko bishimiye gukorana na Athletico de Madrid ndetse n’iyi kipe nayo irabigaragaza ku…

Read More

U Rwanda na Atletico Madrid basinyanye kwamamaza VISIT RWANDA

Urwego rw’igihugu rw’itembere [RDB] rwatangaje ko rwasinyanye amasezerano n’ikipe ya Atheletico Madrid yo muri Esipanye  yo kwamamaza ibirango bya Visit Rwanda agomba kuzageza ku ya 30 Kamena 2028. Kuri ubu u Rwanda ruri gufatanya n’amakipe menshi yo muri shampiyona zikomeye z’i Burayi nka Bayern Munich, Paris Saint-Germain na Arsenal mu kwamamaza Visit Rwanda.  Mu rwego…

Read More

Batanu barimo umunyarwanda birukanywe burundu muri Australia

Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka rwo muri Australia rwatangaje ko rwamaze kwirukana abagabo bagera kuri batanu barimo umunyarwanda umwe ndetse n’abakongomani bane binjiye muri iki gihugu bihabanye n’amategeko y’iki gihugu . Uru rwego rwavuze ko aba bagabo uko ari batanu bamaze gusubizwa mu bihugu byabo nyuma yuko bafatiwe ku kirwa cya Saobai giherereye mu gace ka…

Read More

Rubavu : Umugabo yiyemereye ko yatemye umugore n’umwana we yasinze

Umugabo wo mu karere ka Rubavu akurikiranyweho icyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa umugore  n’umwana we w’imyaka 3 ku bushake akoresheje umuhoro.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rubavu bwemeje ko bwaregeye Urukiko dosiye iregwamo umugabo ukurikiranyweho icyaha cyo gukubita cyangwa gukomeretsa umugore  n’umwana we w’imyaka 3 ku bushake akoresheje umuhoro.  Icyaha akurikiranyweho yagikoze mu ijoro ryo…

Read More

Nyabihu : abarokotse jenoside barataka ikibazo cy’inzu bubakiwe zenda kuzabagwaho

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi bo mu karere ka Nyabihu barataka ikibazo cy’inzu n’imisarane bubakiwe byamaze gusaza ndetse bafite impungenge zuko bishobora kuzabagwaho niba ntagikozwe mu maguru mashya . Aba barokotse batangaza ibi ni abo mu mudugudu wa Nyagafumberi ,Umurenge wa Bigogwe mu karere ka Nyabihu aho basaba inzego zibifite mu nshingano kwihutisha ibikorwa…

Read More

Umunyarwanda ufite inzozi zo kujya muri Amerika nashake asubize amerwe mu isaho!

Mu gihe umubare w’abashaka kwerekeza muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika baturutse mu Rwanda ndetse n’ibindi b’ihugu bya Africa ukomeje kwiyongera, iki gihugu gikomeje gushyiraho ingamba zo gukumira aba bose bashaka kwerekezayo cyane ko benshi muri bo baba badafite ibyangombwa byuzuye Kujya muri Lata Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, ku Banyarwanda byabaye nk’inzozi ku buryo benshi muri bo…

Read More

Abofisiye biga mu Ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Misiri

Ba ofisiye bakuru biga mu Ishuri rikuru rya Polisi (NPC) mu Karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cya Misiri  rugamije kubafasha guhuza amasomo biga n’ibikorerwa mu kazi, aho basura hatandukanye.. Ni urugendoshuri rwitabiriwe n’abagera kuri 35 bakomoka mu bihugu 9 bitandukanye by’Afurika harimo n’u Rwanda, bakurikirana amasomo y’icyiciro cya 13, amara umwaka atangirwa mu…

Read More

Handball : Polisi y’u Rwanda yatangiye yitwara neza mu irushanwa rya EAPCCO

Ikipe ya Police Handball club   yatsinze umukino wayo wa mbere wayihuje na General Service Unit ya Polisi ya Keny mu irushanwa rihuza amakipe yo mu bihugu bihuriye mu muryango w’ubufatanye uhuza Abayobozi bakuru ba Polisi mu Karere k’Afurika y’Iburasirazuba (EAPCCO). Ni irushanwa  ryatangiye kuva ku itariki ya 27 Mata, rikaba ryaritabiriwe n’amakipe ya Polisi zo…

Read More

Pakistan yahanuye drone y’Ubuhinde intambara yongera gututumba hagati y’ibihugu byombi

Amakimbirane yongeye kwaduka hagati y’igihugu cy’Ubuhinde na Pakistan nyuma yo kurasana kwabayeho hagati y’ibihugu byombi mu gace ka Kashmir gahana imbibi n’ibihugu bitatu ari byo Ubuhinde , Pakistan n’Ubushinwa gusa byose bikemeza ko aka gace ari kabo. Uku gukozanyaho kw’ibihugu byombi , kwabayeho nyuma y’uko ku itariki ya 22 Mata 2025, muri aka gace hishwe…

Read More