Ingingo ku ngingo; ni iki gikubiye mu masezerano u Rwanda rwasinyanye na Atlético de Madrid?
Ikipe ya Atlético de Madrid yo muri Esipanye yamaze gusinyana amasezerano n’u Rwanda binyuze mu mushinga wa VISIT RWANDA mu rwego rwo kwamamaza ubukerarugendo bw’u Rwanda nyuma yandi makipe atatu bakorana muri ubu buryo. Nk’uko bigaragara ku mbugankoranyambaga za VISIT RWANDA bagaragaje ko bishimiye gukorana na Athletico de Madrid ndetse n’iyi kipe nayo irabigaragaza ku…