Jado Castar nk’impamvu y’ihoshwa ry’amakimbirane hagati ya The ben na Bruce Melodie

Jado Castar ukuriye B&B Kigali, Impamvu y’ihoshwa ry’amakimbirane hagati ya The ben na Bruce Melodie. Ubwo yahabwaga ijambo muri G-Z Comedy , Muyoboke Alex yeruye avuga ko Bagirishya Jean de Dieu uzwi nka Jado Castar wari umushyitsi w’umunsi ariwe wagize uruhare mu kuba nta makimbirane acyumvikana hagati ya The Ben na Bruce Melodie. Ibi Muyoboke…

Read More

Biramahire Abbedy yatangaje umuyobozi wo muri Rayon Sports wamwegereye ngo aze kuyikinira

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports Biramahire Abbedy uri kubica bigacika muri Shampiyona y’u Rwanda ndetse n’igikombe cy’Amahoro yatangaje ko perezida wa Rayon Sports ari we wamwegereye aramuganiriza bituma yemera kuza muri iyi kipe. Uyu musore yasinyiye Rayon Sports avuye mu ikipe ya Clube Ferroviário de Nampula yo muri Mozambique, kubera umutekano muke wari muri iki…

Read More

Ruben Amorim yagaragaje ko yishimiye imikinire ya Rasmus Hojlund imbere ya Athletic Bilbao

Umutoza w’ikipe ya Manchester United, Ruben Amorim yatangaje ko intsinzi ikipe ye yakuye mu mujyi wa Bilbao, ari wo mukino wa mbere rutahizamu Rasmus Hojlund yiyerekanyemo mu buryo budasanzwe. Ikipe ya Manchester United yaraye igaragaje imyitwarire myiza mu kibuga mu mukino yakinaga n’ikipe ya Athletic club mu irushanwa rya (UEFA Europa league). Igice cya mbere…

Read More

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira imbere ya Donald Trump

Perezida Kagame na Félix Tshisekedi bagiye guhurira muri White House imbere ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump Mu biganiro biherutse guhuza u Rwanda na DR. Congo I Doha mu gihugu cya Quatar, abahagarariye ibihugu byombi bemeje ko umukono ku masezerano y’imibanire myiza y’ibihugu byombi, uzashyirirwaho muri White House imbere ya Donald Trump….

Read More

Umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona wari waravunitse yatangiye imyitozo

Umunya-Esipanye ukinira ikipe ya Barcelona hagati mu kibuga Marc Casado wari umaze iminsi afite ibibazo by’imvune yamaze gutangira imyitozo yitegura kugaruka mu kibuga. Uyu musore yatunguranye , cyane ko byari biteganyijwe ko azamara amezi arenga abiri hanze y’ikibuga , yagize imvune ku mukino wa Shampiyona Barcelona yatsinzemo Atletico Madrid ibitego bine kuri bibiri (2-4), ava…

Read More

Inzira igana i Bilbao: imikino ibiri igena abazakina finali ya Europa league iteganyijwe uyu munsi

Urugamba rwo kwishakamo babiri berekeza i Bilbao ku mukino wa nyuma mu irushanwa rya Europa league rurashyushye aho twiteze imikino ibiri igomba kudusigira ishusho y’ibizava mu mikino yo kwishyura iteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ikipe yo mu mujyi wa London, ari yo Tottenham Hotspur iraza kuba icakirana na Bodø/Glimt yo mu gihugu cya Noruveje, mu gihe…

Read More

Dore urutonde rw’imijyi 10 ifite ubuzima buhenze ku isi

Buri mwaka imbuga zitandukanye zikora ibijyanye n’ibarura ndetse n’igenamigambi, ntizisiba kugereranya imwe mu mijyi yihagazeho mu bijyanye n’ubutumbagire bw’ibiciro ku bihagurishirizwa. Nubwo ibi biri tukwereka, byatangajwe n’ubushakashatsi bwo mu myaka 2 ishize, imibare iracyari hejuru cyane ugereranije na kera ubwo ibi bitabashaga kuba byakwerekanwa. Umujyi wa Singapore muri Aziya n’uwa Zurich wo mu Busuwisi, niyo…

Read More

DR.Congo igiye gukurikirana Kabila ku byaha birimo iby’intambara

Kuri uyu wa 30 Mata, minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba yatangaje ko yasabye Sena gukuraho ubudahangarwa bwa Kabila, kugirango akurikiranweho ibyaha by’intambara no guhungabanya umutekano w’icyo gihugu. Uyu Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yagarutse muri iki gihugu mu mwaka 2023 aho yari amaze imyaka…

Read More

Olivier Nduhungirehe ntiyemeranya n’imisifurire ku mukino wa Rayon Sports na Mukura VS

Misitiri w’Ubabanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yabajije niba muri ruhago y’u Rwanda ari ho hantu haba umuvuduko kuruta I Burayi agaruka ku gitego cya Biramahire Abbedy yatsinze Mukura VS, bamwe bakagaragaza ko kurarira kutabonwe kubera umuvuduko yari afite. Kuri uyu wa Gatatu nibwo hakinwaga imikino yo kwishyura ya kimwe cya Kabiri cy’Igikombe…

Read More