Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe ubwo yari ari mu kiganiro na RBA, yavuze ko ntanzira z’ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, avuga ko aho gukemuka bikomeza kuba bibi kurushaho cyane cyane bigizwemo uruhare n’igihugu cy’u Burundi Ubwo umunyamakuru wa RBA yamubazaga niba u Rwanda rwiteguye kuzahura umubano n’igihugu cy’u Bubiligi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane…

Read More

Kenya : Guverinoma yaburiye abatereye urukweto Perezida Ruto mu ruhame

Guverinoma ya Kenya yatangaje ko igikorwa cyabaye ku munsi wejo ku cyumweru tariki ya 4 Gicurasi cyo gutera urukweto Perezida Willaim Ruto biteje isoni n’ikimwaro ku gihugu cyose ndetse ko n’ababiteguye bagombwa kubiryozwa . Ibi bitangajwe nyuma y’amashusho yakomeje gukwirakwira ku mbuga nkorambaga hirya no hino agaragaza Perezida wa Kenya wari urimo kugeza ijambo ku…

Read More

Cole Palmer yifatiye ku guhanga abo yise injiji zo ku mbuga nkoranyambaga zivuga ibyo zitazi !

Cole Palmer ukinira Ikipe ya Chelsea yatangaje ko atajya yita ku bitekerezo by’abo yise ‘injiji ziba ku mbuga nkoranyambaga bimwandikwaho bivuga ko yaba yarazimye nyuma y’umukino wa shampiyona iyi kipe yatsinzemo Liverpool ibitego 3-1 igakomeza kongera icyizere cyo kuguma mu makipe ashobora kuzahagararira Ubwongereza muri UEFA Champions League umwaka utaha . Chelsea yicaye ku mwanya…

Read More

Ingabo za SADC  zizasoza gutahuka mu mpera za Gicurasi : Umugaba mukuru w’ingabo za Afurika Y’epfo

Umuyobozi w’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko ibikorwa byo gutaha kw’ingabo z’Umuryango uharanira iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika y’amajyepfo  [SADC] ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo biteganijwe kuzarangira mu mpera za Gicurasi . Tariki ya 29 Mata nibwo hatangiye icyiciro cya mbere cy’ibikorwa byo kuvana izi ngabo za SADC mu duce turimo umujyi wa…

Read More

Rwanda Music Billboard Analysis :  abarimo Fifi Raya , Tom Close na Holix bakoze ibidasanzwe!

Ku  isaha y’isaa saba z’igicamunsi cyo kuri  uyu munsi  tariki ya 4 Gicurasi ,ikinyamakuru Daily Box gifatanije n’inzobere mu muziki nyarwanda ryashyize ahagaragara urutonde rw’indirimbo ijana zikunzwe mu Rwanda [Rwanda Music Billboard ] rw’ukwezi kwa Gicurasi . Reka turebere hamwe mu buryo buvunaguye bumwe mu buhigo bwaciwe , amateka yanditswe ndetse n’iby’ingenzi wamenya kuri uru…

Read More

Rutsiro FC yazibukiriye igarura umutoza wayo mu gihe bari kwitegura Rayon Sports

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rutsiro FC bwamaze kugarura mu kazi umutoza mukuru w’iyi kipe Gatera Muossa ndetse n’umuzamu wayo Matumele Arnold Monzobo bari barahagaritswe kubera umusaruro mubi bagize ku mukino uheruka wa Shampiyona y’u Rwanda. Iyi kipe yari yatsinzwe n’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu ibitego bitanu ku busa (5-0) umukino wari wabereye kuri sitade Umuganda mu karere ka…

Read More

Kigali : Hasezerewe abapolisi 150 baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru

Ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda yasezeye mu cyubahiro, abapolisi baherutse gushyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru. Ubwo yabasezereraga ku mugaragaro,  mu muhango wabereye ku Kacyiru, ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda, Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda (DIGP), DCG Jeanne Chantal Ujeneza, yashimiye abasezerewe mu kazi, ku…

Read More