Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko igihe cyo kwiyunga n’u Bubiligi kitaragera
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe ubwo yari ari mu kiganiro na RBA, yavuze ko ntanzira z’ibiganiro hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi, avuga ko aho gukemuka bikomeza kuba bibi kurushaho cyane cyane bigizwemo uruhare n’igihugu cy’u Burundi Ubwo umunyamakuru wa RBA yamubazaga niba u Rwanda rwiteguye kuzahura umubano n’igihugu cy’u Bubiligi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane…