Perezida wa Barcelona yatangaje uwo ashinja kuba intandaro yo gusezererwa kwa Barcelona

Perezida wa Barcelona Joan Laporte yatangaje ko kuba batari ku mukino wa nyuma wa Champions League 2024-2025, ari ukubera musifuzi wabogamye ku mukino wo kwishyura batsinzwemo ndetse bagakurwamo na Inter Milan kuri Giuseppe Meazza. Barcelona yari yagerageje kwitwara neza mu mikino yombi(ubanza n’uwo kwishyura) muri Remontada zabo z’agatangaza , cyane ko haba mu mukino ubanza…

Read More

UCL ANALYSIS : Ni PSG cyangwa ni Arsenal ,Ni nde uri busange Inter Milan kuri Final

“Mediterranean Derby” Ihangana ry’abakeba ridasanzwe muri ruhago First leg: Dembélé guides in Kvaratskhelia cross ⚽️#UCL pic.twitter.com/PzdSSvqmMf — UEFA Champions League (@ChampionsLeague) May 7, 2025 Imikino ya kimwe cya kabiri mu irushanwa rya UEFA champions league irarimbanyije aho nyuma yo gutsindwa kw’ikipe ya FC Barcelona, Inter de Milan itegereje uza kuva hagati ya Paris Saint Germain…

Read More

Manchester United igiye kugera kuri finali ya Europa League itavunitse

Ikipe ya Athletic Bilbao iri mu byago byogusezerwa na Manchester United mu buryo bworoshye nyuma yo kuvunikisha abakinnyi babiri b’ingenzi, Nico Williams na mukuru we Inaki Williams bari mu batanze umusaruro mu mukino ubanza batsinzwemo ibitego bitatu ku busa(3-0). Nk’uko amakuru ari kuva mu gihugu cya Esipanye abyemeza , aba basore bombi bafatiye runini cyane…

Read More

Nyuma ya Omborenga Fitina abandi bakinnyi bane ba Rayon Sports barasaba gusesa amasezerano

Nyuma ya Omborenga Fitina wandikiye ubuyobozi bwa Rayon Sports abusaba gusesa amasezerano, amakuru aremeza ko hari n’abandi bagomba kubisaba nyuma y’umukino wa Shampiyona uzayihuza na Rutsiro FC kuri uyu wa Kane wa tariki 08 Gicurasi 2025. Abo bakinnyi ni myugariro Nsabimana Aimable, mababa Hadji Iraguha, myugariro w’ibumoso Bugingo Hakim ndetse na Kapiteni Muhire Kevin bose…

Read More

Ninde uzaba Papa mushya wa Kiliziya gatolika ?

Nta gihe kinini gishize i Vatikani, mu murwa mukuru w’ubutegetsi bwa kiliziya Gatolika hamenyekanye inkuru yemeza urupfu rwa Papa Francis, witabye Imana azize uburwayi. Mu nkuru Daily-box yaguteguriye uyu munsi tugiye kukugezaho bamwe mu bakaridinal bahabwa amahirwe yo kuba basimbura Papa Francis ku mwanya wo kuyobora kiliziya Gatolika. Amateka n’ubuzima bwabo Ubusanzwe uyu mugabo yitwa…

Read More

Moses Turahirwa yavuze ko nta perereza ryabaye ndetse ko yatawe muri yombi kubera ibyo yanditse

Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 06 Gicurasi 2025, umunyamideli w’ikirangirire, Moses Turahirwa yagejejwe imbere y’urukiko kugirango aburanishwe ku byaha ashinjwa bijyanye no gukoresha icyiyobyabwenge cy’urumogi, gusa yemeje ko nta perereza ryakozwe ahubwo yafashwe kubera ibintu yanditse ku mbugankoranyambaga nubwo ubushinjacyaha bwo buvuga ko mu byo aregwa ibyo bitarimo Uyu munyamideli uzwi ku birango bya…

Read More

Amashirakinyoma ku ngingo yuko U Rwanda rwakwakira abimukira baturutse muri USA

Mu kiganiro minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe yagiranye na RBA yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro na Leta zunze ubumwe z’Amerika ku kohereza abimukira binjira muri iki gihugu. Leta zunze ubumwe z’Amerika yari mu biganiro n’u Rwanda bivuga k’umutekano wo mu karere, yatangaje ko ifite imishinga itandukanye ishaka kugirana n’u Rwanda Ndetse na…

Read More