Gakenke : Umusore yemeye ko yishe sebuja agambiriye kumwiba

Umusore w’imyaka 27 y’amavuko arakekwaho kwica umugabo wamukoreshaga akazi ko kwita ku bikorwa bye by’ubuhinzi n’ubworozi, agambiriye kumwiba.  Amakuru y’urupfu rwe yamenyekanye ku itariki ya 02 Gashyantare 2025 ubwo abaturanyi n’umuhungu we bagiye mu rugo rwe, mu murenge wa Ruli mu karere ka Gakenke, aho yakoreraga imirimo y’ubuhinzi n’ubworozi, bahasanga imyenda ye igizwe n’ipantaro, ishati…

Read More

Abapolisi bakubutse mu butumwa bw’amahoro bashimwe ubwitange bagaragaje

Kigali – Abapolisi b’u Rwanda 160 bo mu itsinda RWAFPU2-10 berekeje mu gihugu cya Santrafurika aho bagiye gusimbura bagenzi babo mu butumwa bw’amahoro bwa Loni (MINUSCA), basimbuye itsinda RWAFPU2-9 ryarangije inshingano zaryo nyuma y’umwaka wuzuye bari mu gace ka Kaga Bandoro mu Majyaruguru y’icyo gihugu. Aba bapolisi bashya bahagurutse ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali…

Read More

Nyanza : Umugore yiyemereye ko yishe umugabo we amuziza kumena ifu y’ubugari

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye rwaregewe dosiye iregwamo umugore w’imyaka 58 ukekwaho kwica umugabo we w’imyaka 80 amukubise umuhini mu mutwe. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Huye dosiye iregwamo umugore w’imyaka 58 ukekwaho kwica umugabo we w’imyaka 80 amukubise umuhini mu mutwe. Icyaha cyabaye ku itariki ya 15 Mata 2025, mu…

Read More

Kigali: Abanyeshuri bigishijwe gukumira no kurwanya inkongi

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), ryakiriye abanyeshuri biga mu kigo cy’ishuri ryitwa Wisdom Center, giherereye mu murenge wa Ntarama mu Karere ka Bugesera, bari baherekejwe n’abarimu babo n’abaybozi b’ishuri mu rugendoshuri. Ni mu rugendoshuri bakoreye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, aho iri shami rikorera, rugamije kubungura…

Read More

Ibyemezo byafashwe ku manza za Meya wa Nyanza na Turahirwa Moses

Ubutabera bw’u Rwanda bukurikiranye/Bwari bukurikiranye bamwe mu bantu bazwi mu Rwanda, Moses Turahirwa ndetse n’uwari Meya wa karere ka Nyanza Erasme Ntazinda , umwe byemejwe ko afungwa iminsi 30 undi bitegekwa ko arekurwa. 1/2: Urubanza rwa ‘Moses Turahirwa’ Kuri uyu wa 09 Gicurasi 2025, Urukiko rw’isumbuye rwa Kicukiro mu mujyi wa Kigali rwanzuye ko uyu…

Read More

Lamine Yamal ari kuvugwa cyane nyuma yo kugaragarizwa urukundo mu buryo budasanzwe

Umusore w’ikipe ya Barcelona, Lamine Yamal akomeje guca uduhigo aho post yakoze ku rubuga rwa Instagram nyuma yo gusezererwa na Inter Milan muri Champions League imaze gukundwa (Likes) n’abantu barenga Miliyoni 9.5 ndetse abangana n’ibihumbi 310 nabo bamaze gutanga ibitekerezo byabo kuri iyi post. Post kuri Instagram zakunzwe (zagize-Likes) kuruta izindi! 1.Linonnel Messi: yishimira igikombe…

Read More

Amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri agomba kuzajya ahora aba : Minisitiri w’Uburezi

Kuri uyu wa kane tariki ya 8 Gicurasi 2025 ,Minisitiri w’Uburezi Joseph Nsengimana, yashimye intambwe imaze guterwa n’abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro ndetse anagaragaza ko amarushanwa agamije kwerekana impano z’abanyeshuri binyuze mu gushyira mu bikorwa ibyo bigishwa akenewe mu rwego rwo guteza imbere uburezi bufite ireme . Ibi uyu mu Minisitiri yabitangaje kuri uyu…

Read More

South Africa : Julius Malema yongeye kwijundika Ubwongereza nyuma yo kumwima Visa nkana !

Julius Malema utavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri Afurika Y’Epfo yatangaje ko leta y’Ubwongereza yamwimye uruhushya rw’inzira [ VISA] rwo kwerekeza muri iki gihugu mu rwego rwo kwanga ko ajya kwitabira inama byemezwa ko izaba irimo abatavuga rumwe na Perezida Ramaphosa iteganyijwe kuba tariki ya 10 Gicurasi 2025 . Kuri bwana Malema abona leta ya Londres…

Read More

DRC: Wazalendo na M23 bongeye gukozanyaho bikomeye

Indi mirwano ikomeye hagati y’umutwe wa M23 na Wazalendo yongeye kwaduka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo byumwihariko mu duce twa Tongo na Bambo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ndetse bamwe mu baturage bakaba baheze mu mazu yabo kubera umutekano muke . Amakuru agera kuri Daily Box yemeza ko abaturage batuye mu midugudu ya Kabizo…

Read More