Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze guta muri yombi umusekirite wagaragaye mu mashusho atega umuntu kuri sitade

Polisi y’u Rwanda yemeje ko yamaze gufata ushinzwe umutekano kuri sitade wagaragaye mu mashusho atega umwe mu bari bitabiriye umukino wa Rayon Sports na Police FC akikubita hasi ku girango aryozwe iyi myitwarire idahwitse. Kuri uyu wa 11 Gicurasi 2025, nibwo kuri Kigali Pele Stadium habereye umukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’u Rwanda wahuje…

Read More

Umukinnyi wa Rayon Sports yasabye imbabazi nyuma y’amakosa yagaragaweho

Umukinnyi ukina gati mu kibuga yataka mu ikipe ya Rayon Sports ukomoka mu gihugu cy’Uburundi , Rukundo Abdul Rahman, uzwi nka “Paplay” yasabye imbabazi abafana ba Rayon Sports nyuma y’ikarita y’umutuku yabonye ku mukino wa Police FC ukaba uw’umunsi wa 27 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda. Uyu musore yabonye ikarita y’umutuku hakiri iminota…

Read More

Toni Kroos yagaragaje umukinnyi w’ingenzi wa Barcelona uruta Lamine Yamal

Umudage w’ibihe byose kuri Real Madrid Toni Kroos yavuze ko Pedri ari we mukinnyi w’ingenzi kuruta uwari we wese muri Barcelona haba Lamine Yamal, Raphinha ndetse na Robert Lowandowski bose bamaze gutsinda ibitego 86 muri uyu mwaka w’imikino mu marushanwa yose. Ibi Toni Kroos, yabitangaje nyuma y’umukino Barcelona yatsinzemo Real Madrid ibitego bine kuri bitatu…

Read More

Vital Kamerhe yerekanye ikarita rukumbi Africa isigaje gucanga ikayigeza ku mahoro arambye

Umunyapolitike wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo , Vital Kamerhe yatangaje ko umugabane w’Afurika utazigera wigobotora ikibazo cy’inzara mu gihe bimwe mu bihugu biwugize nka Mali , DRC ,Burikna Faso na Niger aho kureba ingamba byafata kugirango biyihashye byo bikomeza kuguma mu ntambara ahanini ishingiye ku nyungu za bamwe . Ibi uyu munyapolitike akaba…

Read More

Ubushotoranyi hagati y’ Ubuhinde na Pakisitani buraca amarenga y’intambara yeruye

Mu gitondo cyo ku munsi wejo nibwo Igihugu cy’Ubuhinde cyatangaje ko cyarashweho ibisasu na Leta ya Pakisitani ku birindiro byacyo bya gisirikare. Ibi bibaye nyuma y’amasaha make Pakisitani imaze gutangaza ko Ubuhinde bwarashe ku birindiro byayo bitatu bya gisirikare. Mu kiganiro yagiranye na BBC, Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubuhinde Harsh Vardhan Shringla, yavuze ko…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko Umujyi wa Kigali ugiye gucutsa Kiyovu Sports na Gasogi United

Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Ntirenganya Emma Claudine yatangaje ko nta gahunda ihari yo kureka gutera inkunga amakipe awubarizwamo basanzwe bakorana harimo nka, Gasogi United, Kiyovu Sports, ngo basigarane na AS Kigali gusa. Aya makipe yombi, akina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” asanzwe abona amafaranga avuye mu mujyi wa Kigali mu rwego…

Read More

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukina muri Tunisia akomeje kwandika amateka muri iki gihugu

Mugisha Bonheur uzwi kwizina rya ‘Casemiro’ akaba akinira ikipe ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Tunisia ariyo ya Stade Tunisien akomeje kwitwara neza no kwerekana ubushobozi bwe mu buryo budasanzwe aho yatsinze igitego cya Gatanu muri iyi kipe. Uyu musore ukina hagati mu kibuga hagati yugarira , yakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda…

Read More

BREAKING : Itorero riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda ryambuwe ubuzimagatozi

Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere RGB, rwatangaje ko rwambuye icyangombwa cy’ubuzimagatozi Itorero Grace Room Ministries, riyoborwa na Pasiteri Julienne Kabanda kubera kutubahiriza amategeko. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 10 Gicurasi 2025 nibwo RGB yatangaje ko yambuye icyemezo cy’ubuzimagatozi Grace Room nka Minisiteriya ihuriwemo n’indi miryango kubera kutubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize…

Read More