Abakinnyi ba Rayon Sports bazindukiye ku biro bishyuza amafaranga yabo

Abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sports y’abagore bazindukiye ku biro by’iyi kipe biherereye mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro , aho bari kwishyuza imishahara yabo ya mezi ane bafitiwe. Iyi kipe yamaze gusoza umwaka w’imikino, aho yatwaye igikombe cya Shampiyona y’igihigu y’u Rwanda 2024-2025, gusa bananiwe gutwara igikombe cy’Amahoro aho batsinzwe n’ikipe y’Indahangarwa ku…

Read More

Goma :Abacuruzi barinubira umusoro mushya uherutse gutangazwa n’ubutegetsi bwa M23

 Ubuyobozi bw’umujyi wa Goma buri mu maboko y’umutwe w’inyeshyamba za M23 bwatangaje urutonde rushya rw’amafaranga y’umusoro w’isuku abawutuye n’abacuruzi baho bazajya bishyura bitewe n’ibikorwa byabo by’ubukungu, cyane cyane mu gace ka Karisimbi. Uwo musoro uri washyizwe mu byiciro 66 by’ibikorwa by’ubucuruzi, aho amafaranga azajya atangwa buri kwezi atandukanye, agendeye ku bwoko bw’akazi gakorwa. Amabanki, amahoteli…

Read More

Enzo Maresca yahaye umukoro ukomeye abakinnyi bakuru ba Chelsea mbere yo guhura na Man United

Umutoza wa Chelsea, Enzo Maresca, yasabye abakinnyi be bakuru kwitanga no gufata inshingano muri iyi mikino ibiri ya nyuma ya Premier League, kugira ngo ikipe ibone itike yo gukina Champions League y’umwaka utaha wa 2025/2026. Chelsea iramutse itsinze Manchester United kuri uyu mugoroba ndetse na Nottingham Forest ku cyumweru gitaha,byayiha amahirwe yo kurangiza shampiyona mu…

Read More

DRC  : Intambara Yongeye Kubura; M23 Yigaruriye Imijyi ya Kishishe na Bambo

  Inyeshyamba z’umutwe wa M23 zongeye kwigarurira imijyi ya Kishishe na Bambo iherereye mu karere ka Rutshuru ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yabahuje n’abarwanyi ba Wazalendo bari bamaze igihe barashinze ibirindiro muri iyo mihanda. Nk’uko bivugwa n’abatuye ako gace, iyi mihanda yari yaravuwemo na M23 ku bushake mu mwaka  ushize, ariko yaje…

Read More

DRC : MONUSCO yasubije I Kinshasa ingabo za FARDC zari zarayihungiyeho M23

Goma – Ku wa 15 Gicurasi 2025, Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) bwatangaje ko bwasoje igikorwa cyo gutwara abasirikare barenga 1,300 batari bafite intwaro b’ingabo za FARDC n’abapolisi ba PNC bari barahungiye ku bigo bya MONUSCO i Goma nyuma y’uko umujyi wafashwe n’inyeshyamba za AFC/M23 muri Mutarama…

Read More

Arsenal yashyize hanze umwambaro izakinisha mu mwaka w’imikino utaha

Ikipe y’umupira w’amaguru ya Arsenal ibarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaze kugaragaza umwambaro izakinisha mu mwaka utaha w’imikino aho ivuga ko intego yayo ari ukugaragariza abafana urukundo rw’ikipe bafana aho rwaturutse. Nkuko byagaragaye mu mashusho yashyizwe hanze n’imbuga z’iyi kipe, hagarutswe ku rukundo rwimbitse abakunzi b’iyi kipe badasiba kuyigaragariza, umwambaro mushya washyizwe hanze wiganjemo amabara atukura…

Read More

Menya imikorere y’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

N’ubwo u Rwanda ari igihugu kidakora ku nyanja, gifite ibiyaga, inzuzi n’imigezi biri hirya no hino, bigizwe n’amazi yifashishwa mu buryo butandukanye burimo ingendo, uburobyi, ubukerarugendo, ubushakashatsi n’ibindi, bikenera ingamba zihoraho kugira ngo bikorwe mu ituze n’umutekano.  Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) gitangaza ko ubuso bw’igihugu bungana na kilometero…

Read More

Shampiyona igeze aho urusaku rutumvikana: Amasaha yahinduwe, igikombe kirasatira urutare!

“Iyo ibirenge bijya imbere y’umutwe, igihombo kiba ku mutima.” Mu gihe urugamba rwo guhatanira igikombe cya shampiyona y’u Rwanda 2024–2025 rugeze aho bita “urukiko rw’ikirenga ndetse aho urubanza rwagombye abakuru,” ibintu bikomeje guhindura isura umunsi ku wundi. Umunsi wa 28 w’iyi shampiyona uzaba ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025, ariko si gusa nk’uko byari…

Read More

Antonio Guterres yikomye ibihugu byinangiye gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro ku isi

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye [UN] , Bwana Antonio Guterres yatangaje ko ubutumwa bw’uyu muryango bwo kugarura amahoro hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cy’amikoro ahanini gituruka ku bihugu binyamuryango byinangira gutanga umusanzu wabyo ku gihe . Ubutumwa bwo kugarura amahoro bwa UN hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cyo kubura amafaranga…

Read More