Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye ikipe izakina CAF Confederations Cup

Myugariro w’Umunyarwanda, Buregeya Prince, wakiniye AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino 2024-2025, yamaze kwerekeza muri Nairobi United FC yo muri Kenya. Iyi kipe igiye gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya (Kenyan Premier League) mu mwaka mushya w’imikino tugiye kwinjiramo, ikaba izanahagarari Kenya mu mikino Nyafurika ya CAF Confederations Cup umwaka w’imikino 2025-2026. Nairobi United…

Read More

RIB yataye muri yombi umukozi wa WASAC ikurikiranyeho kwakira indoke

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rwemeje ko rwataye muri yombi umukozi wa WASAC Group ushinzwe ibikorwa byo gusana umuyoboro w’amazi wa Ruhanga uherereye mu Murenge wa Rusororo, Akarere ka Gasabo, nyuma yo gukekwaho kwakira ruswa. Uyu mukozi, utaratangarizwa amazina , bishimangirwa ko yafashwe ku bufatanye bwa RIB, Polisi y’u Rwanda n’abaturage bo muri ako gace bagejejeho…

Read More

Igihe Rwanda Premier League izatangirira cyamenyekanye

Urwego rushinzwe gutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwatangaje ko shampiyona y’umwaka w’imikino 2025/26 izatangira itariki ya 12 Nzeri 2025 ikazasoza ku ya 24 Gicurasi 2026. Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryari ryagaragaje ko shampiyona izatangira tariki ya 15 Kanama 2025, bivuze ko itangizwa ryatewe ipine inyuma ho hafi ukwezi….

Read More

RIB yahishuye ko igiye gushinga ikipe ya ruhago!

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, binyuze ku muvuzi wa rwo Dr. Murangira B. Thierry, rwemeje ko rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru. Iyi kipe igiye gushingwa mu rwego rwo kwegera urubyiruko no kurugezaho ubutumwa butandukanye bujyanye n’ubukangurambaga baba bafite nk’uko umuvugizi w’uru rwego yabigarutseho. Dr. Murangira B. Thierry aganira na Igihe Yagize Ati “Ahantu hose hashoboka haduhuza…

Read More

Polisi yarekuye uwahohoteye Antoine Semenyo

Umugabo ushinjwa ibyaha byo gukora ivangara rishingiye ku ruhu ku mukino Liverpool yatsinzemo AFC Bournemouth yarekuwe n’inzego z’umutekano zamukurikiranaga. Ni umugabo usanzwe agaragara ku mikino ya Liverpool ndetse yicaye mu ntebe y’abafite ubumuga gusa nubwo yarekuwe yabujijwe kugira umukino numwe yitabira. Liverpool ubwayo yemeje ko atazemererwa kwinjira ku mikino yayo nubwo ari mu bafana bayo…

Read More

Ni ayahe makipe amaze gusezererwa mu mikino ya CHAN 2024

Mu bihugu bitatu Uganda Kenya na Tanzaniya hakomeje kubera imikino y’ikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024). Ni imikino iri kugana ku musozo yayo ku cyiciro cy’amatsinda hinjirwa mu cyiciro cya kimwe cya Kane kirangiza. Kuri ubu hasigaye imikino ine kugira ngo imikino y’amatsinda ishyirweho akadomo. Algeria VS Niger: 18/08/2025 –…

Read More

Rayon Sports yongeye gusabwa na FIFA kwishyura uwo yirukanye

Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi yamaze kwandikira ikipe ya Rayon Sports iyisaba kwishyura amafaranga bafitiye Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo uzwi nka “Robertinho.” Ni ibaruwa Rayon Sports yakiriye tariki 12 Kanama 2025, bivuze ko hashize iminsi itandatu iyifite ndetse na Robertinho nawe amenyeshejwe ko ikipe yareze yakiriye iyo baruwa. Rayon Sports igomba kwishyura Robertinho…

Read More

Ikipe yo muri Libya yongereye amasezerano umukinnyi w’Umunyarwanda

Myugariro w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi) , Manzi Thierry yongerewe amasezerano y’imyaka ibiri mu ikipe ya Al Ahli SC (Tripoli). Uyu musore w’imyaka 29 y’amavuko yari aherutse gutwara igikombe cya shampiyona hamwe n’iyi kipe nyuma yo gutsinda Al Hilal SC Benghazi ibitego bibiri ku busa(2-0) harimo n’igitego cya Manzi. Manzi yahisemo gukomezanya n’iyi…

Read More

Uwari umukinnyi wa Manchester United arataka ubujura!

Uwahoze ari umukinnyi wa Manchester United, Demetri Mitchell, yasabye ubufasha nyuma y’uko imodoka ye nshya ya BMW yuzuye ibintu by’agaciro yibwe mu ijoro ubwo yimuriraga ibintu bye mu rugo rushya. Uyu mukinnyi w’imyaka 28 yari avuye i Manchester ajyana ibintu bye i Essex nyuma yo kwerekeza muri Leyton Orient mu isomo ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi ry’iyi…

Read More

Pakistan : imvura idasanzwe yateye umwuzure  wahitanye imbaga

Imvura idasanzwe yatewe n’imiyaga yo mu bwoko bwa Monsoon yibasiye igihugu cya Pakistan n’agace ka Kashmir kagenzurwa na Pakistan , yatumye habaho inkangu n’imyuzure yahitanye ubuzima bw’abantu bagera kuri 307 nk’uko byemejwe n’inzego z’ubutabazi. Intara ya Khyber Pakhtunkhwa iri mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Pakistan ni yo yibasiwe cyane, aho ariyo kugeza ubu ifite umubare munini…

Read More