Mu migiririre ,Leta ya Tshisekedi ntikozwa iby’amahoro ;  ese bisaba iki ngo agaruke mu Karere?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) imaze igihe kirekire mu ntambara n’imitwe yitwaje intwaro iyobowe na M23 , ibi bidindiza ituze n’amahoro mu karere k’Ibiyaga bigari. Nubwo ibiganiro by’amahoro byagiye bitangizwa, ubushake bwa DRC mu kubigiramo uruhare ntibugaragara neza. Ahubwo, icyo gihugu gikomeje guhitamo inzira y’intambara no gushaka inyungu za dipolomasi aho gushyira imbere igerwaho…

Read More

Umukinnyi w’Amavubi uri mu b’ingenzi ntazagaragara ku mukino wa gicuti na Algeria

Umukinnyi w’Umunyarwanda ukinira ikipe ya RAAL La Louvière mu Bubiligi, Samuel Léopold Marie Gueulette(Samuel Gueulette) , ntazagaraga ku mukino wa gicuti uzahuza u Rwanda na Algeria. Ni umukino uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025, ukaba uri mu mugambi w’amakipe yombi yo gukomeza kwitegura neza amajonjora yo gushaka itike y’Imikino ya nyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera…

Read More

Umunyarwanda ukinira Luton Town agiye gukinira ikipe y’igihugu ‘Amavubi’

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda izaba ifite imbaraga nshya z’umukinnyi ukinira ikipe ya Luton Town ,Claude Kayibanda, mu mukino wa gicuti uteganyijwe muri uku kwezi kwa Kamena 2025. Ni umukino uzaba ari uwo kwitegura imikino y’Amajonjora y’Imikino y’Igikombe cy’Isi cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika ,Canada na Mexico, uteganyijwe tariki 05 Kamena 2025. Algeria n’u Rwanda…

Read More

TRANSFERT :  Matheus Nunes na Gibbs-White nk’inkingi fatizo z’ubugurane hagati ya Man City na Nottingham Forest

Matheus Nunes, umukinnyi wo hagati w’Umunya-Portugal ukinira Manchester City, ashobora kwerekeza muri Nottingham Forest mu mpeshyi, mu gihe Man City ishaka kugura Morgan Gibbs-White uri kubengekwa na benshi. Nk’uko amakuru aturuka ku ikipe ya Man City abivuga, biteguye kugurisha Nunes ku mafaranga agera kuri miliyoni £35, nubwo bamuguze miliyoni £53 hadaciye n’umwaka umwe. Kurundi ruhande…

Read More

Joseph Kabila yise ubutegetsi bwa Tshisekedi ubukoloni bugezweho !

Joseph Kabila, wari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yasize icyasha ubutegetsi bwa mugenzi we Félix Tshisekedi uriho kuri ubu nyuma y’amagambo akomeye yabuvuzeho, aho yabugereranije n’ubutegetsi bwa gikoloni ariko bugezweho.  Uyu mugabo w’imyaka 53 yavugiye ibi mu ijambo ry’amasegonda 45 ryatambutse kuri YouTube ku wa Gatanu n’ijoro ,aritangariza ahantu hatazwi nyuma y’umunsi…

Read More

Ubukungu bw’u Rwanda hagati y’Inzozi n’ukuri: Inzitizi zikomeye ku ntego za 2035 na 2050

Nubwo u Rwanda rwagaragaje impinduka zigaragara mu bukungu mu myaka yashize, haracyari imbogamizi zikomeye zishobora gukoma mu nkokora intego z’igihugu zo kugera ku rwego rw’ubukungu buciriritse muri 2035 no kuba igihugu gikize muri 2050. Kimwe mu bibazo bikomeje kugaragara ni uko umubare w’imirimo mishya idahagije ugereranyije n’abaturage rufita biganjemo urubyiruko rushya rwinjira ku isoko ry’umurimo….

Read More

Ubusesenguzi : Uguhangana gutatu gushobora kuzagena utwara UEFA Champions League hagati ya Inter na PSG

Umukino wa nyuma wa UEFA champions league 2025, ni umwe mu mikino tugomba kwitegamo byinshi birenze ibyo twaba twarigeze kubona mu yindi mikino yabanje. Amakipe ya Paris Saint Germain, na Inter de Milan, ni amakipe afite ubushobozi buhambaye bwo kuba yatwara iki gikombe gifatwa nk’icya mbere gikomeye ku rwego rw’amakipe mato. Mu mukino uteganyijwe mu…

Read More

Mugisha Bonheur yongeye kuzamura idarapo ry’u Rwanda muri Tunisia

Ikipe y’Umunya-Rwanda Mugisha Bonheur uzwi nka ‘Casemiro’ Stade Tunisien yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’igihuyu muri Tunisia (Tunisian Cup) nyuma yo gutsinda kuri penaliti iya Union Sportive Monastirienne(US Monastir). Ni umukino wabereye kuri Mustapha Ben Jannet Stadium , sitade iherereye mu gace ka Monastir ikanakinirwaho mu busanzwe n’ikipe ya US Monastir. Stade Tunisien yatsinze…

Read More

Dan Burn yongereye amasezerano muri Newcastle United

Dan Burn, myugariro w’ikipe ya Newcastle United, yongereye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe, bisobanura ko azaguma kuri St. James’ Park kugeza mu mpeshyi ya 2027.  Ibi byatangajwe ku mugaragaro na Newcastle United ku wa Gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2025. Uyu mukinnyi w’imyaka 33 y’amavuko yagize umwaka udasanzwe, aho yagaragaye mu mikino 45 mu…

Read More

Gary Neville yaciwe kuri sitade ku mukino wa Nottingham Forest na Chelsea

Gary Neville, wahoze ari myugariro wa Manchester United n’u Bwongereza, yatangaje ko yaciwe kwinjira kuri stade ya Nottingham Forest (City Ground) ku mukino wa nyuma wa shampiyona ya Premier League bazahuriramo na Chelsea ku cyumweru. Neville, usanzwe ari umusesenguzi kuri Sky Sports, yavuze ko yabwiwe n’itangazamakuru rikorana na Sky Sports ko Forest “yamwangiye uburenganzira bwo…

Read More