Gutakaza u Rwanda ni igihombo kuri ECCAS, si ku Rwanda : Impuguke mu bya politike
Mu nama y’abakuru b’ibihugu yabereye i Malabo muri Guinée Equatoriale ku wa 7 Kamena 2025, u Rwanda rwatangaje ko rusohotse burundu mu Muryango w’Ubukungu w’Ibihugu byo hagati muri Afurika, ECCAS. Iki cyemezo cyakurikiye ukutumvikana kwakomeje hagati ya Kigali na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko ku bijyanye no kwima u Rwanda uburenganzira bwo kuyobora…