Breaking News : Amavubi ntazitabira CECAFA 2025 kubera amikoro

Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru y’Abagore, izwi nka She-Amavubi, ntiyagaragaye mu bihugu bizitabira Irushanwa rya CECAFA Senior Women’s Championship ryo mu 2025, rizabera i Dar es Salaam muri Tanzaniya kuva ku itariki ya 13 kugeza kuya 21 Kamena. Iri rushanwa rizahuza amakipe atanu arimo: Tanzaniya, Uganda, Kenya, Uburundi na Sudani y’Epfo. Biteganyijwe ko rizakinwa mu buryo…

Read More

Denis Kazungu yasabye kugabanyirizwa igihano cyo gufungwa burundu yahawe !

Denis Kazungu, wahamijwe icyaha cyo kwica abantu 13  mu mwaka ushize, yongeye kwitaba urukiko kuri uyu wa 12 Kamena 2025, asaba kugabanyirizwa igihano cy’igifungo cya burundu yahawe n’inkiko. Kazungu, wafashwe muri Nzeri 2023 nyuma y’amakimbirane n’uwo yakodeshaga inzu i Busanza mu Karere ka Kicukiro, yafashwe ubwo inzego z’umutekano zasangaga imirambo myinshi ishyinguwe inyuma y’inzu ye….

Read More

Abandi basirikare ba SADC bari Kongo batashye banyuze mu Rwanda

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 12 Kamena 2025, abasirikare bo mu muryango w’iterambere uhuza ibihugu by’ Afurika y’Amajyepfo (SADC) batangiye kuva mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), mu gikorwa cyo gukura abasirikare n’ibikoresho cyari cyaratangiye muri Mata. Aba basirikare, baturutse mu bihugu bya Tanzaniya, Malawi na Afurika y’Epfo, bari bamaze igihe…

Read More

Abanyarwanda babiri bahawe Igihembo nk’abagize uruhare rurambye mu Bukerarugendo muri Afurika

Abanyarwanda babiri, Michaella Rugwizangoga na Olivier Mugwiza, bashyizwe ku rutonde rw’abantu 100 bafite uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukerarugendo muri Afurika mu mwaka wa 2025, nk’uko byatangajwe na Ranks Africa. Iri rushanwa ngarukamwaka rigamije gushimira abantu bahindura amateka y’ingendo n’ubukerarugendo muri Afurika binyuze mu guhanga udushya no kugira ingaruka nziza ku baturage. “Ubwitange bwabo n’udushya…

Read More

Elon Musk aricuza amagambo yatangaje kuri Perezida Trump

Umuherwe  Elon Musk yatangaje ko yicuza amagambo yatangaje ku Perezida w’Amerika, Donald Trump, mu ntambara y’amagambo bombi baherutse kugirana ku mbuga nkoranyambaga. “Ibyo navuze ku Perezida Donald Trump byarenze urugero. ndabyicuza,” ni ko Musk yabitangaje kuri X, urubuga rwe rwa interineti. Ni nyuma y’uko uyu mugabo usanzwe ari nyiri Tesla n’uruganda SpaceX ashinjije Trump gushyigikira…

Read More

Kayonza : Polisi y’u Rwanda yerekanye abagize agatsiko kacucuraga abantu

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yerekanye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Kamena 2025, abagabo batanu bakekwaho kuba mu itsinda ry’abagizi ba nabi bamaze igihe bateza umutekano muke mu turere twa Kayonza na Gatsibo binyuze mu bikorwa by’ubujura n’ibikorwa by’urugomo biteguwe. Iri tsinda rigizwe n’abasore batandatu barimo abavandimwe babiri bavukana, mukuru  wabo,…

Read More

Ni muntu ki ? (Anderson Oliveira)

Ni umwe mu bakinnyi 11 bakomoka mu gihugu cya Brazil babashije gukina ndetse bakanigaragaza cyane mu ikipe ya Manchester United. Kuva avukiye i Porto Alegre muri Brazil, n’uburyo yazamukiye mu ikipe ya Grêmio, kugeza asezeye kuri ruhago muri 2020, byose biraba bikubiye muri iyi nkuru. Uyu munsi ikinyamakuru Dailybox, cyaguteguriye inkuru ivuga kuri bimwe mu…

Read More

Umutoza wajyanye Rayon Sports mu matsinda ‘Ivan Minnaert’ yagaragaje uburyo yatunguwe no kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu Mavubi

Umutoza watoje Rayon Sports akayijyana mu matsinda ya CAF Confederations Cup mu 2018 , Ivan Jacky Minnaert yanenze bikomeye kuba Meddie Kagere agihamagarwa mu ikipe y’igihugu y’u Rwanda Kandi hari amakipe akomeye mu Rwanda ahemba amafaranga menshi ari yo ya Rayon Sports na APR FC yakabaye abacura. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV 10 Rwanda, uyu…

Read More