Ikipe ya APR FC umukinnyi yifuzaga yasinyiye indi kipe

Ikipe ya APR FC nyuma yo kubura umukinnyi w’imyaka 18 yifuzaga, Jack Pantoulou Diarra yatandukanye n’abakinnyi batandatu: Taddeo Lwanga, Ismail Nshimirimana(Pitchou), Victor Mbaoma Chukwuemeka, Kwitonda Alain Bacca, Ndayishimiye Dieudonne uzwi nka ‘Nzotanga’ ndetse na Pavelh Ndzila. Iyi kipe iri muzikomeye ku mugabane wa Afurika cyane ko ifite ibikombe bine bya CAF Champions League ndetse n’ibikombe…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Agahinda mu myidagaduro nyarwanda: Umubyeyi wa Chriss Eazy yitabye Imana

Umuryango mugari w’imyidagaduro nyarwanda uri mu kababaro gakomeye nyuma y’urupfu rw’umubyeyi wa Chriss Eazy, witabye Imana mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025. Nk’uko byemejwe na Junior Giti, ushinzwe ureberera ibikorwa by’uyu muhanzi, nyakwigendera yari amaze iminsi avurirwa mu bitaro bya Nyarugenge. Ati : “Yari amaze igihe arwaye, ariko ijoro ryabanjirije urupfu rwe yatubwiye…

Read More

Wenceslas Twagirayezu wakoze Jenoside agiye kurangiriza igihano cye muri Denmark

Nyuma y’imyaka myinshi y’imanza hagati y’u Rwanda na Denmark, urukiko rwo muri Denmark rwemeje ko Wenceslas Twagirayezu, ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside, agomba kurangiriza igihano cye cy’imyaka 20 muri gereza yo muri icyo gihugu. Icyemezo cyafashwe n’urukiko rwa Hillerød ku wa 10 Kamena 2025, rwemeza ku mugaragaro igihano cyari cyamukatiwe n’Urukiko Rukuru rw’Ubujurire mu Rwanda ku…

Read More

Fatakumavuta yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’igice nyuma yo guhamwa n’ibyaha bitatu

 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwahanishije igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu ndetse n’ihazabu ya miliyoni 1.3 Frw umusangiza w’amashusho (vlogger) Jean-Bosco Sengabo, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga ku izina rya Fatakumavuta, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo guharabika, gukwirakwiza ibihuha no gukoresha ibiyobyabwenge. Mu byaha bitanu yari akurikiranyweho, urukiko rwamuhanaguyeho bibiri: ivangura n’icyaha cyo gusuzugura abantu mu…

Read More

Byinshi kuri ‘Super Ballon d’Or’ igiye kongera guhanganisha Messi na Cristiano

Ikinyamakuru cy’Abafaransa gitegura ibirori bitangirwamo igihembo cya Ballon d’Or ku mukinnyi uba waritwaye neza ku isi mu gihe kingana n’umwaka w’imikino, giherutse guca amarenga ko gishobora kongera gutanga igihembo cya Super Ballon d’Or ku nshuro ya Kabiri mu mateka. Igihembo cya Ballon d’Or gisanzwe cyatangiye gutangwa mu mwaka 1956 mu gihe iyi ya ‘Super Ballon…

Read More

Brazil na Argentine zirimo, amakipe amaze kubona itike y’igikombe cy’isi cya 2026

Ikipe y’igihugu ya Brazil iherutse gutsinda iya Paraguay igitego kimwe ku busa(1-0), bituma ibona itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibihugu ibihugu bimaze kubona itike yo kuzakina igikombe cy’isi cya 2026! Africa: Amakipe 53 n’iyo yitabiriye imikino yo gushaka itike y’igikombe…

Read More

Rayon Sports iri mu biganiro byo gusinyisha Samuel Pimpong wahoze muri Mukura VS

Ikipe ya Rayon Sports yatangiye ibiganiro n’Umunya-Ghana Samuel Pimpong kugira ngo aze kuyisinyira, nyuma yo gutandukana na FC Shiroka yo muri Albania nyuma ya shampiyona ya 2024/2025. Pimpong w’imyaka 25 y’amavuko, yigeze gukinira Mukura Victory Sports ku gihe cy’umutoza Afahmia Lotfi, aho yigaragaje nk’umwe mu bakinnyi b’ingenzi bifashishwaga ku ruhande rw’iburyo.  Uyu mukinnyi yamenyekanye cyane…

Read More