Rutahizamu wa Chelsea agiye guhagarikwa imyaka ine adakina

Mykhailo Mudryk, umukinnyi wo ku ruhande w’ikipe ya Chelsea n’ikipe y’igihugu ya Ukraine, w’imyaka 24, yashyizwe mu majwi n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Bwongereza (FA) nyuma yo kugaragarwaho n’ibimenyetso by’imiti itemewe mu mubiri. Mudryk yari yarafatiwe ibipimo mu kwezi k’Ugushyingo 2024, aho ibisubizo bya “urine test” byagaragaje ibyo bita adverse finding, ni ukuvuga ibinyuranyije n’amategeko y’ikoreshwa…

Read More

Son Heung-min gusohoka muri Tottenham; urugendo rw’iyi kipe muri Koreya y’Epfo ruramutindije !

Ejo hazaza ha rutahizamu w’Umunya-Koreya y’Epfo, Son Heung-min, muri Tottenham Hotspur haracyari mu gihirahiro, mu gihe hakomeje kuvugwa ko amakipe yo muri Saudi Arabia yifuza kumwegukana. Son, ubu ufite amezi 12 gusa asigaje ku masezerano ye, ashobora kugurwa mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2025/26 utangira. Nubwo ibyo bishoboka, amakuru ava mu bantu b’imbere muri Tottenham…

Read More

BREAKING : Donald Trump atangaje ko azi aho Ayatollah Khamenei wa Iran yihishe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cye kimaze kumenya aho Ayatollah Ali Khamenei, Umuyobozi Mukuru wa Iran, yihishe.  Abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko Khamenei ari “intego yoroshye”, ariko ko Amerika idateganya kumwivugana “ku buryo bwihuse”, nibura “kugeza ubu”. Trump yagize ati: “Tuzi aho uwo…

Read More

Uwahoze asifura muri Premier League yajyanwe mu nkiko azira Jurgen Klopp

David Coote wahoze ari umusifuzi ukomeye muri Premier League yarezwe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Bwongereza (FA) kubera amagambo asebya yavugiye kuri Jurgen Klopp wahoze atoza Liverpool.  Ibi byaturutse ku mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga mu Ugushyingo 2024, aho Coote agaragara avuga nabi uyu mudage n’ikipe ya Liverpool. Nyuma y’iyi video, Coote yahagaritswe by’agateganyo maze mu…

Read More

Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…

Read More

Ikipe yo mu Butaliyani irasaba ko yasubikirwa umukino nyuma yuko abakinnyi n’abatoza bayo bose barwariye icyarimwe

Nyuma yo kuva gukina umukino ubanza batsinzwemo n’ikipe ya Sampdoria, ibitego bibiri ku busa ubuyobozi bw’ikipe ya Salernitana, bwasabye ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago mu Butaliyani ko umukino wo kwishyura wasubikwa ahanini bitewe n’icyo bise amarozi cyatumye abakinnyi n’abakozi b’ikipe barwara bikomeye. Amahirwe yo kuba ikipe ya Salernitana, yaguma mu cyiciro cya kabiri(serie B) yakomwe…

Read More

LIVE :Televiziyo y’igihugu ya Iran izimye imbonankubone nyuma yo kuraswaho na Israel

Mu gitondo cyo ku wa mbere, televiziyo y’igihugu ya Irani yahagaritse amashusho ya “live” mu buryo butunguranye nyuma y’igitero cya Isiraheli cyateye impagarara ku cyicaro cyayo. Umunyamakuru wari uri mu kiganiro yatangaje ko “studio yatangiye kuzura ivumbi” nyuma y’urusaku rw’ibisasu byagabwe ku gihugu. Iki gitero cyakurikiye itangazo rya Isiraheli ryasabaga abaturage bagera ku 330,000 bo…

Read More

Perezida Museveni yasinye itegeko rishya ryemerera abasivile kuburanishwa n’inkiko za gisirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya ryemerera ko abasivile bashobora kongera kuburanishwa n’inkiko za gisirikare mu bihe bidasanzwe, nubwo Urukiko Rukuru rwari rwaratesheje agaciro iri tegeko mu kwezi kwa Mutarama 2025. Iri tegeko ryavuguruwe rivuga ko abacamanza b’inkiko za gisirikare bagomba kuba bafite ubumenyi n’amahugurwa mu by’amategeko, bakaburanisha mu buryo bwigenga…

Read More

FIFA Club World Cup : Nyuma yo kubona rutahizamu  ;Chelsea FC yizeye gutwara igikombe

Umutoza  wa Chelsea, Enzo Maresca, yatangaje ko ikipe ayoboye yiyemeje gutwara igikombe cya FIFA Club World Cup,kubera ko yizeye cyane rutahizamu mushya Liam Delap. Uyu musore ukomoka mu Bwongereza yasinyiye Chelsea muri Kamena 2025 avuye muri Ipswich Town, aho biteganyijwe ko azahangana na Nicolas Jackson ku mwanya wa nimero 9. Maresca yahishuye ko yizeye ubushobozi…

Read More