Ronaldo yahisemo gukomeza gukina muri Al Nassr, ahakana ibihuha by’igenda rye

Cristiano Ronaldo yaciye amarenga ko ashobora gusiga Al Nassr ubwo yandikaga ku mbuga nkoranyambaga ko “igice cyarangiye” nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024–25. Ibi byatumye havuka ibihuha byinshi ko ashobora kujya gukinira imwe mu makipe azitabira irushanwa rya FIFA Club World Cup ryaguwe, harimo Botafogo yo muri Brazil, River Plate yo muri Argentine na Wydad AC…

Read More

Rayon Sports ikomeje kwiyubaka

Mu rwego rwo kwitegura neza umwaka w’imikino wa 2025/2026, ikipe ya Rayon Sports ikomeje kwiyubaka, aho ikomeje kwinjiza abakinnyi b’abanyamahanga hagamijwe kongera imbaraga mu mikinire yayo. Muri abo bakinnyi bashya iri gutegura kwakira harimo Mohamed Chelli na Rayane Hamouimeche. Mohamed Chelli ari mu bakinnyi bitezwe i Kigali Nk’uko amakuru abyemeza, Mohamed Chelli, w’Umunya-Tunisia, ari mu…

Read More

Umusore yasohotse mu bukwe ata umugeni we ariruka

Mu gace ka Nyambunde gaherereye muri Bobasi, mu karere ka Kisii mu burengerazuba bwa Kenya, haravugwa inkuru idasanzwe y’umugabo wasize umugeni mu bukwe bwabo, agahaguruka yiruka asiga abashyitsi bose mu rujijo. Mu birori by’ubukwe byari byitabiriwe n’abantu benshi, aho ubukwe bwari buri kugera ku musozo. Nyuma y’igihe gito uyu mugabo yicaye iruhande rw’umugeni, yahagurutse bitunguranye,…

Read More

Manchester United yongeye kugaragara ku isoko ry’igura n’igurisha

Ikipe ya Manchester United yamaze gutanga ubusabe bwa kabiri bufite agaciro ka miliyoni £60 ku ikipe ya Brentford, hagamijwe kugura rutahizamu Bryan Mbeumo. Uyu musore w’imyaka 25 ukomoka mu gihugu cya Cameroun, mu mwaka ushize w’imikino yatsinze ibitego 20, bituma amakipe menshi atangira kumutekerezaho muri iri soko ry’igura n’igurisha. Ku nshuro ya mbere, Manchester United…

Read More

Alejandro Garnacho yatunguranye agaragara mu myenda y’ikipe ya Aston Villa

Rutahizamu Alejandro Garnacho wa, yenyegeje umuriro umaze iminsi waka ubwo yiyerekanaga mu myambaro y’ikipe ya Aston Villa, ibyahise bituma benshi bakomeza kwibaza ku hazaza he mu ikipe ya Manchester United. Biravugwa ko uyu musore ukomoka mu gihugu cya Arijantina, yaba yaramaze kubwirwa ko yemerewe kuba yakwigendera muri iyi mpeshyi, ahanini bitewe n’umwaka ugoye w’imikino kuva…

Read More

Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

Liverpool yaguze Milos Kerkez kuri miliyoni £40

Ikipe ya Liverpool yamaze kumvikana na Bournemouth ku kugura myugariro w’ibumoso Milos Kerkez ku mafaranga angana na miliyoni £40. Uyu musore w’imyaka 21, ukinira ikipe y’igihugu ya Hungary, agiye kwerekeza i Anfield nyuma y’imyaka ibiri akinira Bournemouth. Kerkez, wavukiye muri Serbia ariko wahisemo gukinira Hungary, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino ushize aho yakinnye imikino 38…

Read More