Kivumbi amaze gushumika BK arena
Ni umukino uri guhuza Petro de Luanda yo muri Angola na AS Douanes yo muri Sénégal, aho itsinda ihita ibona tike yo kuzakina imikino ya 1/2
. Kivumbi uri mu bagezweho muri iki gihe yaririmbye indirimbo ze zirimo \’Wait, Yarampaye n\’izindi zafashije abakunzi ba Basketball kwizihirwa.
Uyu muhanzi ufite amamuko mu Rwanda ukora injyana ya afrobeat ariko we akiyumvamo hip hop akaba amaze icyumweru n\’igice asohoye umuzingo uriho indirimbo 8 yakoranye na abahanzi bo mu rwanda nka Mike Kayihura ,Riderman na Ruti Joel ndetse no mu bugande aho yakoranye indirimbo na Joshua Barracka yise streets .
Dore urutonde rw\’indirimbo uyu muhanzi aheruka gushyira hanze:
1.Nzakomeza
2.intro- moonchild -bee
3.selfish yakoranye na Ruti joel ndetse na Mike Kayihura
4.Muhorakeye yakoranye na Riderman
5.Hanze
6.Impamvu
7.Bryson triller
8.streets yakoranye na joshua Baracka
uyu mukino ukaba urangiye nonaha Petro de Luanda itsinze AS Duanes amanota 66 kuri 65 ku kinyuranyo cy\’inota rimwe gusa.