Dore impamvu ugomba gukorana na GLES mu gihe ushaka kujya kwiga hanze y’u Rwanda
Global Linked Education Services [GLES ] ni kompanyi yihariye igufasha kubona amahirwe yo kwiga mu bihugu bitandukanye, aho bakugezaho gahunda zo kwiga muri kaminuza na za koleji zitandukanye ku isi yose.
GLES ni abafatanyabikorwa ba kaminuza zikomeye mu bihugu nka Amerika, Canada, U Bwongereza, Australia, na New Zealand.
Iyi kampani rutura yiyemeje gufasha abanyeshuri kubona amahirwe atagereranywa yo kwiga muri izi kaminuza ku buryo bworoshye , aho ibahuza n’amashuri afite ubuziranenge.
Bimwe mu byo GLES igufasha:
- Guhitamo amashuri akwiye: aho yiyemeje kugufasha abanyeshuri bakirangiza amashuri yabo mu byiciro bitandukanye guhitamo kaminuza cyangwa koleji ijyanye n’isoko ry’umurimo, ubushobozi, n’ibyo wifuza kwiga.
- Ibikenerwa byose kugirango ubone visa: gufasha abanyeshuri kubona ibisabwa byose mu buryo bworoshye mu buryo bwo gusaba visa, by’umwihariko visa y’uburezi.
- Inama n’ubufasha mu migambi y’amashuri: isobanura neza amategeko y’amasomo mu bihugu binyuranye kandi igatanga ku banyeshuri inama zijyanye no gutegura neza ubuzima bwabo nu bw’amasomo .
- Gutanga amasomo yo gutegura ibizamini: GLES ifasha abanyeshuri gutegura ibizamini bya TOEFL, IELTS, GMAT, n’ibindi bisabwa na kaminuza.
- Ubujyanama bw’ishuri: kubafasha kubahiriza gahunda y’ishuri ndetse n’amahugurwa atandukanye azabafasha guhirwa mu masomo yabo.
Dore impamvu ugomba guhitamo Global Linked Education Services!
- Ubanyamwuga: Bazwiho kuba abafatanyabikorwa b’indashyikirwa b’inzego z’amasomo mpuzamahanga, babifashijwemo n’abanyamwuga bafite uburambe bw’imyaka myinshi muri byo.
- Igenzura ry’umutekano: Bita cyane ku mutekano w’abanyeshuri babo no kubafasha mu buryo bwose kugira ngo bagire ubuzima bwiza mu bihugu bagiye kwigamo.
- Icyizere mu masomo atangwa: Bafite umubano n’amashuri akunzwe ku rwego mpuzamahanga atanga amahirwe meza yo kwiga no kubona akazi nyuma y’amasomo.
Ushaka kujya kwiga hanze kampani ya Global Linked Education Services, niyo nzira yonyine yizewe yo kugera ku nzozi kuko bagufasha kwigira mu gihugu cyiza .
Tangira none ubandikire kuri whatsapp yabo ni +250792054032, +8613207970914 cyangwa ubasure ku biro byabo bakoreramo biherereye mu muryango wa kabiri wo muri etaje ya Kabiri yo mu nyubako ya Maison Tresor iherereye I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali ndetse kandi wanabasanga ku mbugankoranyambaga zabo zose .
IYI NKURU UYAKIRIYE UTE?