Mugariro mushya Real Madrid igiye kugura imukuye muri Premier league

Ikipe ya Real Madrid ifite amahirwe yo gusinyisha myugariro w’ikipe ya A.F.C. Bournemouth, Dean Huijsen, umwe mu bagize umwaka mwiza w’imikino muri Premier league mu rwego rwo gukemura ibibazo byo kwinjizwa ibitego byinshi kuri iyi kipe. Real Madrid yagize umwaka mubi w’imikino cyane ko nta gikombe na kimwe iratwara, byanatumye itandukana n’umutoza wayo Carlo Ancelotti…

Read More

Manchester united ntiteganya gukora ibirori mu buryo budasanzwe igihe yatwara UEFA Europa league

Ikipe ya Manchester United yatangaje ko nta bidasanzwe izagaragaza yishima mu gihe igihe izaba imaze gutsinda ikipe ya Tottenham Hotspur ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya UEFA Europa league uteganyijwe mu cyumweru gitaha. Ibi bitangajwe nyuma yo kugira umwaka mubi w’imikino aho bishoboka cyane ko umwanya wa hafi iyi kipe iteganya gusorezaho ari uwa 13,…

Read More

Perezida wa Barcelona yatangaje uwo ashinja kuba intandaro yo gusezererwa kwa Barcelona

Perezida wa Barcelona Joan Laporte yatangaje ko kuba batari ku mukino wa nyuma wa Champions League 2024-2025, ari ukubera musifuzi wabogamye ku mukino wo kwishyura batsinzwemo ndetse bagakurwamo na Inter Milan kuri Giuseppe Meazza. Barcelona yari yagerageje kwitwara neza mu mikino yombi(ubanza n’uwo kwishyura) muri Remontada zabo z’agatangaza , cyane ko haba mu mukino ubanza…

Read More

UCL ANALYSIS : Ni PSG cyangwa ni Arsenal ,Ni nde uri busange Inter Milan kuri Final

“Mediterranean Derby” Ihangana ry’abakeba ridasanzwe muri ruhago First leg: Dembélé guides in Kvaratskhelia cross ⚽️#UCL pic.twitter.com/PzdSSvqmMf — UEFA Champions League (@ChampionsLeague) May 7, 2025 Imikino ya kimwe cya kabiri mu irushanwa rya UEFA champions league irarimbanyije aho nyuma yo gutsindwa kw’ikipe ya FC Barcelona, Inter de Milan itegereje uza kuva hagati ya Paris Saint Germain…

Read More

Nyuma ya Omborenga Fitina abandi bakinnyi bane ba Rayon Sports barasaba gusesa amasezerano

Nyuma ya Omborenga Fitina wandikiye ubuyobozi bwa Rayon Sports abusaba gusesa amasezerano, amakuru aremeza ko hari n’abandi bagomba kubisaba nyuma y’umukino wa Shampiyona uzayihuza na Rutsiro FC kuri uyu wa Kane wa tariki 08 Gicurasi 2025. Abo bakinnyi ni myugariro Nsabimana Aimable, mababa Hadji Iraguha, myugariro w’ibumoso Bugingo Hakim ndetse na Kapiteni Muhire Kevin bose…

Read More

Ninde uzaba Papa mushya wa Kiliziya gatolika ?

Nta gihe kinini gishize i Vatikani, mu murwa mukuru w’ubutegetsi bwa kiliziya Gatolika hamenyekanye inkuru yemeza urupfu rwa Papa Francis, witabye Imana azize uburwayi. Mu nkuru Daily-box yaguteguriye uyu munsi tugiye kukugezaho bamwe mu bakaridinal bahabwa amahirwe yo kuba basimbura Papa Francis ku mwanya wo kuyobora kiliziya Gatolika. Amateka n’ubuzima bwabo Ubusanzwe uyu mugabo yitwa…

Read More

Amashirakinyoma ku ngingo yuko U Rwanda rwakwakira abimukira baturutse muri USA

Mu kiganiro minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane Olivier Nduhungirehe yagiranye na RBA yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro na Leta zunze ubumwe z’Amerika ku kohereza abimukira binjira muri iki gihugu. Leta zunze ubumwe z’Amerika yari mu biganiro n’u Rwanda bivuga k’umutekano wo mu karere, yatangaje ko ifite imishinga itandukanye ishaka kugirana n’u Rwanda Ndetse na…

Read More

Igisa nk’ikinamico mu mikino ya UEFA Europa league ya kimwe cya Kane

Imikino ya 1/2 cya UEFA Europa league yaraye imenyekanye nyuma y’irangira ry’imikino ya 1/4 ahanini yaranzwe no gutungurana harimo n’umukino w’amateka ikipe ya Manchester United yatsinzemo iya Olympic Lyonnais ibitego 5 kuri 4. Hafi y’amakipe yose uko ari 8 yakinaga imikino ya 1/4 muri UEFA Europa league yari azi abo bagomba guhura mu gihe yakomeje,…

Read More