Didier Deschamps na Luis de La Fuente ntibumvikana ku ugomba gutwara Ball d’or mbere y’umukino ukomeye uri bubahuze

Ousmane Dembele aherutse gufasha bikomeye ikipe ya Paris Saint Germain, ubwo yatwaraga igikombe cya UEFA champions league inyagiye Inter de Milan ibitego bitanu ku busa. Kubera ibyo, umutoza w’Ubufaransa Didier Deschamps yumvikanye ahamya ko rutahizamu Ousmane Dembele, ari we ukwiriye umupira wa zahabu. Ibi yabivuze ubwo biteguraga umukino ikipe y’Ubufaransa iza guhuriramo na Esipanye muri…

Read More

Gary Neville yaciwe kuri sitade ku mukino wa Nottingham Forest na Chelsea

Gary Neville, wahoze ari myugariro wa Manchester United n’u Bwongereza, yatangaje ko yaciwe kwinjira kuri stade ya Nottingham Forest (City Ground) ku mukino wa nyuma wa shampiyona ya Premier League bazahuriramo na Chelsea ku cyumweru. Neville, usanzwe ari umusesenguzi kuri Sky Sports, yavuze ko yabwiwe n’itangazamakuru rikorana na Sky Sports ko Forest “yamwangiye uburenganzira bwo…

Read More

Urutonde ry’abakinnyi umunani Manchester United igiye kurekura!

Ikipe ya Manchester United nyuma yo gutakaza igikombe cya Europa League cya 2024-2025, nyuma yo gutsindwa na Tottenham Hotspur igitego kimwe ku busa (1-0) igiye gutandukana n’abakinnyi umanani gusa igumane n’umutoza Ruben Amorim. Ibi biri mu byemezo bivugwa ko byafashwe n’ubuyobozi bwa Manchester United, cyene ko Ruben Amorim yaje mu kwezi kwa mbere bakaba bifuza…

Read More

Hamenyekanye impamvu Muhazi United yitegura APR FC yakuwe mu kibuga igiye gukora imyitozo

Ikipe ya Muhazi United yabuze uburyo ikora imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa 29 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda uzayihuza n’ikipe ya APR FC. Uyu mukino uteganyijwe ku munsi wo ku wa Gatandatu wa tariki 24 Mata 2025, ukaba umukino uvuze byinshi ku gikombe cya Shampiyona. Ikipe ya Muhazi United irarwana no kutamanuka mu…

Read More

Umuhuro wa Perezida Ramaphosa na Donald Trump wateje impagarara aho gukemura amakimbirane

Umuhuro wagombaga kunga ubumwe hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Afurika y’Epfo wahindutse intandaro y’umwuka mubi, ubwo Perezida Donald Trump yashinjaga Leta ya Afurika y’Epfo gutoteza no kwica abahinzi b’abazungu. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu ubwo Perezida Cyril Ramaphosa yasuraga White House, nyuma y’icyumweru Amerika ihaye ubuhungiro Abanyafurika y’Epfo 59 b’Abazungu, ndetse…

Read More

Hansi Flick yongereye amasezerano muri FC Barcelona kugeza mu 2027

Nyuma yo kwitwara neza mu mwaka we wa mbere muri FC Barcelona, umutoza w’Umudage Hansi Flick yamaze kongererwa amasezerano kugeza mu 2027.  Iyi nkuru yemejwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe, buvuga ko bwishimiye cyane uko yitwaye kuva yagera i Catalonia asimbuye Xavi Hernandez. Flick yahesheje Barcelona ibikombe bitatu bikomeye: La Liga, Copa del Rey, na Spanish Super…

Read More

Abafana ba Man United na Tottenham bateje Imvururu muri Espagne mbere y’Umukino wa nyuma wa Europa League

Zirikana gusoma ibi : Mu masaha make mbere y’umukino ukomeye wa nyuma wa Europa League, abafana ba Manchester United na Tottenham bateje imvururu zikomeye mu mihanda ya San Sebastián muri Espagne.  Izi mvururu zabaye ku wa Kabiri nijoro, mbere y’uko aya makipe yo muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Bwongereza ahura kuri sitade ya Athletic…

Read More

DRC  : Intambara Yongeye Kubura; M23 Yigaruriye Imijyi ya Kishishe na Bambo

  Inyeshyamba z’umutwe wa M23 zongeye kwigarurira imijyi ya Kishishe na Bambo iherereye mu karere ka Rutshuru ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yabahuje n’abarwanyi ba Wazalendo bari bamaze igihe barashinze ibirindiro muri iyo mihanda. Nk’uko bivugwa n’abatuye ako gace, iyi mihanda yari yaravuwemo na M23 ku bushake mu mwaka  ushize, ariko yaje…

Read More

Menya imikorere y’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi

N’ubwo u Rwanda ari igihugu kidakora ku nyanja, gifite ibiyaga, inzuzi n’imigezi biri hirya no hino, bigizwe n’amazi yifashishwa mu buryo butandukanye burimo ingendo, uburobyi, ubukerarugendo, ubushakashatsi n’ibindi, bikenera ingamba zihoraho kugira ngo bikorwe mu ituze n’umutekano.  Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (Rwanda Water Resources Board) gitangaza ko ubuso bw’igihugu bungana na kilometero…

Read More

Antonio Guterres yikomye ibihugu byinangiye gutanga umusanzu wabyo wo kugarura amahoro ku isi

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye [UN] , Bwana Antonio Guterres yatangaje ko ubutumwa bw’uyu muryango bwo kugarura amahoro hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cy’amikoro ahanini gituruka ku bihugu binyamuryango byinangira gutanga umusanzu wabyo ku gihe . Ubutumwa bwo kugarura amahoro bwa UN hirya no hino ku isi buri guhura n’ikibazo cyo kubura amafaranga…

Read More