LIVE :Televiziyo y’igihugu ya Iran izimye imbonankubone nyuma yo kuraswaho na Israel

Mu gitondo cyo ku wa mbere, televiziyo y’igihugu ya Irani yahagaritse amashusho ya “live” mu buryo butunguranye nyuma y’igitero cya Isiraheli cyateye impagarara ku cyicaro cyayo. Umunyamakuru wari uri mu kiganiro yatangaje ko “studio yatangiye kuzura ivumbi” nyuma y’urusaku rw’ibisasu byagabwe ku gihugu. Iki gitero cyakurikiye itangazo rya Isiraheli ryasabaga abaturage bagera ku 330,000 bo…

Read More

Perezida Museveni yasinye itegeko rishya ryemerera abasivile kuburanishwa n’inkiko za gisirikare

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yashyize umukono ku itegeko rishya ryemerera ko abasivile bashobora kongera kuburanishwa n’inkiko za gisirikare mu bihe bidasanzwe, nubwo Urukiko Rukuru rwari rwaratesheje agaciro iri tegeko mu kwezi kwa Mutarama 2025. Iri tegeko ryavuguruwe rivuga ko abacamanza b’inkiko za gisirikare bagomba kuba bafite ubumenyi n’amahugurwa mu by’amategeko, bakaburanisha mu buryo bwigenga…

Read More

Umuyobozi wa Tanzania Premier League yeguye nyuma y’uko perezida ubwe yinjiye mu kibazo cya Young na Simba SC

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu yahuye n’ubuyobozi bwa Young Africans na Simba SC kugira ngo bazemere gukina umukino wo kwishyura wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tanzania (Tanzania Premier League) wasubitswe nyuma y’uko Simba SC yanze gukina. Uyu mukino wari uwo ku munsi wa 23 wa Shampiyona, wari uteganyijwe gukinwa tariki 08 Werurwe 2025, ukabera…

Read More

Kayonza : Polisi y’u Rwanda yerekanye abagize agatsiko kacucuraga abantu

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba yerekanye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11 Kamena 2025, abagabo batanu bakekwaho kuba mu itsinda ry’abagizi ba nabi bamaze igihe bateza umutekano muke mu turere twa Kayonza na Gatsibo binyuze mu bikorwa by’ubujura n’ibikorwa by’urugomo biteguwe. Iri tsinda rigizwe n’abasore batandatu barimo abavandimwe babiri bavukana, mukuru  wabo,…

Read More

Liberia : Bane barimo n’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko  bashinjwaga iterabwoba barekuwe by’agateganyo

Uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Liberia, Jonathan Fonati Koffa, hamwe n’abandi badepite batatu barimo Abu Kamara, Dixon Seboe na Jacob Debee, barekuwe by’agateganyo nyuma yo gutanga ingwate ya $440,000 (angana na miliyoni zisaga 550 mu mafaranga y’u Rwanda). Aba bayobozi bose bashinjwa uruhare mu gikorwa cy’iterabwoba cyabaye ku wa 18 Ukuboza 2024, ubwo…

Read More

Muhire Kevin azakomeza gukinira Rayon Sports cyangwa azerekeza ahandi?

Kapiteni wa Rayon Sports umwaka ushize w’imikino, Muhire Kevin biteganyijwe ko atazakomezanya na Rayon Sports bivuze ko azakinira indi kipe mu Rwanda igihe atakwerekeza hanze y’u Rwanda. Uyu musore amasezerano ye yarangiranye n’impera z’uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025 , ubu yemerewe kwerekeza mu ikipe iyari yo yose ashaka. Igihe umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Ghana,…

Read More

Cristiano Ronaldo yashimagije bikomeye Lamine Yamal mbere y’umukino wa nyuma ugomba kubahuza

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru mu gutegura umukino wa nyuma wa UEFA nations league, kizigenza Cristiano Ronaldo, yashimagije bidasanzwe umukinnyi ukiri muto Lamin Yamal. Uyu musore w’imyaka 17, umaze iminsi yigaragaza yatangiye gukanga benshi ndetse bamwe batangiye kumugereranya n’ibikomerezwa bitandukanye. Nyuma y’aho Esipanye, itsindiye Ubufaransa, maze igahita ikatisha itike yo gukina finali, byamaze kwemezwa ko iki gihugu…

Read More