David Seaman yatangaje Abazamu 5 b’Indashyikirwa mu mateka ya Premier League

Iyo abantu benshi batekereje ku izina ry’umuzamu mwiza wabayeho muri Premier League, izina rimwe rihita riza mu mutwe ni David Seaman. Uyu mukinnyi wahoze ari uwa Arsenal ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, aracyafatwa nk’umwe mu bazamu beza iki gihugu cyagize. Mu bihe by’ingenzi yagize, harimo gutwara ibikombe bya Premier League ndetse n’uburyo yasigaranye amateka mu…

Read More

Rayon sports igiye gusinyisha umutoza mushya nyuma ya rutahizamu yibitseho

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gusinyira rutahizamu ukomoka muri Congo Chadrack Bingi Belo yamaze no kumvikana n’umutoza ugomba kungiriza Afhamia Lotfi. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 09 Nyakanga 2025, Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo nibwo yatangaje ko yasinyishije uyu Munya-Repubulika ya Demokarasi ya Congo w’imyaka 20 akaba akina nka rutahizamu. Ni…

Read More

ANALYSIS : Ibihugu bitanu byo kwitega muri CHAN 2024

Menya ibihugu bitanu bigomba guhangwa amaso mu irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN 2024). Uko iminsi ishira niko tugenda dusatira igihe nyacyo cy’itangira ry’irushanwa rya CHAN 2024. Ni irushanwa riba buri myaka ibiri rigategurwa na CAF isanzwe irebera inyungu za ruhago kuri uyu mugabane dutuye, CHAN 2024 biteganyijwe ko igomba gutangira ku italiki…

Read More

CHAN 2024: Byose wamenya kuri iri rushanwa rizaba rikinwa ku nshuro ya munani

Irushanwa rya CHAN, risanzwe rihuza amakipe y’igihugu y’abakinnyi bakina imbere wabo mu gihugu, uyu mwaka rero binyuze muri CAF, ni irushanwa byemejwe ko rizabera mu bihugu bitatu bisanzwe bibarizwa muri Afurika y’Uburasirazuba (Kenya, Tanzania na Uganda) maze rikaba hagati ya taliki 2 kugeza 30 Kanama uyu mwaka. Iri ni irushanwa rizaba rikinwa ku nshuro ya…

Read More

BREAKING : João Pedro yerekeje muri Chelsea kuri miliyoni £50

Ikipe ya Chelsea yo mu Bwongereza yamaze kumvikana na Brighton & Hove Albion ku igurwa ry’umusore w’imyaka 23 ukomoka muri Brazil, João Pedro. Uyu rutahizamu wifuzwaga cyane n’amakipe atandukanye harimo na Newcastle United, yagaragaje ko yifuza kwerekeza gusa muri Chelsea, bituma ibiganiro hagati y’impande zombi byihuta. Amakuru yizewe agera kuri Daily Box yemeza ko Chelsea…

Read More

Barcelona yatangiye kwikiranura n’imyenda irimo n’iya Lionel Messi

Ikipe ya Barcelona igiye kwishyura amafaranga angana na miliyoni £5.95 yasigayemo Lionnel Messi ubwo yayisohokagamo mu mwaka wa 2021 akerekeza mu ikipe ya Paris Saint Germain mu Bufaransa. Mu bihe by’icyorezo cya Covid-19, Barcelona yahuye n’ibibazo by’ubukungu byatumye yegera abakinnyi bayo ngo bemere kuzishyurwa mu gihe cyizaza abenshi barabyemeye ukuyemo Frenkie de Jong na Marc-André…

Read More

Kigali  : Hatangajwe itegeko rishya risaba amatorero kugira Ubwishingizi n’abashinzwe Umutekano

Amatorero n’imiryango ishingiye ku myemerere ashaka gutegura ibikorwa rusange yasabwe ko agomba kuba afite ubwishingizi ndetse n’abashinzwe umutekano, hagamijwe kurinda ubuzima bw’abantu n’ibikoresho mu gihe cy’ibibazo bishobora kuvuka, nk’uko biteganywa n’itegeko rishya ryasohowe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Imiyoborere (RGB). Iri tegeko rigamije gushyiraho ibisabwa by’ingenzi kugira ngo ibikorwa by’imyemerere rusange bitegurwe mu buryo bwubahiriza amategeko, bigahesha…

Read More

BREAKING : Donald Trump atangaje ko azi aho Ayatollah Khamenei wa Iran yihishe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cye kimaze kumenya aho Ayatollah Ali Khamenei, Umuyobozi Mukuru wa Iran, yihishe.  Abinyujije ku rubuga rwe rwa Truth Social, Trump yavuze ko Khamenei ari “intego yoroshye”, ariko ko Amerika idateganya kumwivugana “ku buryo bwihuse”, nibura “kugeza ubu”. Trump yagize ati: “Tuzi aho uwo…

Read More

Menya byinshi utari uzi kuri Ronald Ssekiganda umukinnyi mushya wa APR FC

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda, APR FC, yamaze gusinyisha Umugande Ronald Ssekiganda mu gihe cy’imyaka ibiri imuvanye mu ikipe ya Villa SC y’iwabo muri Uganda. Uyu musore afite imyaka 29 , yavukiye mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala,. Akaba akina hagati mu kibuga (Central-Midfield) afite uburebure bwa metero 1,95. Uyu musore yari amaze imyaka ine…

Read More