English premier league : Cole Palmer akomeje kwandika amateka ari nako chelsea ikomeza kwicuma ku urutonde

Cole Palmer yabaye umukinnyi wa mbere mu mateka ya Premier League utsinze ibitego bine mu gice cya mbere cy’umukino , ibi akaba yabikoze mu kanya ubwo Chelsea yatsindaga Brighton ibitego 4-2 kuri Stamford Bridge. Uyu ni umukino ikipe ya chelsea yatangiye itungurwa hakiri kare cyane kuko ku munota wa karindwi gusa wari uhagije kugirango  Rutter…

Read More

U Rwanda rwemerewe na OMS ubufasha mu guhashya icyorezo cya Marburg

Umuyobozi mukuru w‘Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS),Dr Tedros Adhanom Ghebreyesus yatangaje ko u Rwanda ruzahabwa ubufasha bushoka bwose bwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Virusi ya Marburg cyarugaragayemo. Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu nibwo , Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hagaragaye abarwayi bake barwaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya…

Read More

Gatsibo : umwana arakekwaho kwivugana nyina akamutaba mu nzu!

Mu ntara y’uburasirazuba ,umukobwa witwa Scovia arakekwaho kwica umubyeyi we umubyara witwa Nyirabagande Xavelina wari mu kigero cy’imyaka 65 y’amavuko. Bivugwa ko yaba yarakoze aya mabi kugira ngo atware imitungo irimo inzu yari atuyemo. Uyu umukobwa witwa Scovia atuye mu ntara y’iburasirazuba ,Mu Karere ka Gatsibo,mu Murenge wa Ngarama, Akagari ka Kigasha,mu Mudugudu wa Byimana…

Read More

Bidasubirwaho Rodri wa Man city ntazagaragara mu kibuga muri uyu mwaka w’imikino

Umukinnyi wo hagati wa Manchester City witwa Rodri ntazagaragara mu mukino isigaye yose ya shampiyona nyuma yo kubagwa ACL ku wa gatanu nyuma uko Umukinnyi mpuzamahanga wa Espagne nawe yangiritse bikomeye menisque . Ku cyumweru gishize ,nibwo Rodri yakomeretse ivi ry’iburyo ku mukino wahuje 2-2 na Arsenal. “uyu mwaka w’imikino urarangiye kuri we. Twabonye ibibi…

Read More

Menya byinshi ku ndwara ya Marburg yabonetse mu Rwanda

Kuri uyu wa gatanu , tariki ya 27 / nzeri /2024 Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu Rwanda hamaze kuboneka abarwayi bake bagaragaza ibimenyetso by’indwara ya Marbug nubwo kugeza ubu iki kigo ntamakuru ahagije cyiyifiteho. Minisiteri y’ubuzima ibicishije mu itangazo yashyize ahagaragara mu kanya gashize yatangaje ko mu bitaro bitandukanye biherereye mu rw’imisozi igihumbi hamaze kuboneka…

Read More

 Polisi yangije ibikoresho by’ikoranabuhanga byafashwe bitujuje ubuziranenge

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, Ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi (RICA), bangije ibikoresho by’ikoranabuhanga n’iby’amashanyarazi byafashwe bitujuje ubuziranenge. Ni igikorwa cyabereye mu Karere ka Bugesera, umurenge wa Gashora mu kagari ka Ramiro, mu kigo cyagenewe gushyirwamo imyanda y’ibikoresho by’ikoranabuhanga (Enviroserve Rwanda), ku gicamunsi cyo…

Read More

Uwakoreye irondaruhu Vinicius Jr yakaniwe urumukwiye !

Umufana wa Mallorca wahohoteye abarimo rurangiranwa Vinicius Junior usanzwe ari umukinnyi w’icyamamare ukina muri Real Madrid ndetse n’uwahoze ari umukinnyi wa Villarreal, Samuel Chukwueze, yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe maze anacibwa imyaka itatu atongera kugaragara kuri sitade. ikipe ya Real Madrid yagize ati: “Uyu yahamijwe ibyaha bibiri byibasiye ubusugire bw’imyitwarire ku kibuga birimo kugaragaza imico ifite…

Read More

Igihangange muri ruhago Sergio Ramos  wanyuze muri Real Madrid ubu akaba adafite  ikipe  agiye gusinyira ikipe iri muzikomeye muri  Africa

Umunyabigwi mu mupira  w’amaguru  akaba n’Umunya-Esipanye  Sergio Ramos ashobora kwisanga k’umugabane wa Africa mu gihugu cya Misiri nk’umukinnyi nyuma y’uko atandukanye n’ikipe ya Sevilla yo mu gihugu cya Esipanye. Nk’uko umwe mu banyamakuru bakomeye mu bijyanye n’igura n’igurisha ry’abakinnyi ukomoka mu gihugu cya Ghana yabitangaje  nuko uyu Munya-Esipanye w’imyaka 38 ashobora gusinyira  ikipe ya  Zamalek…

Read More

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda yakiriye mugenzi we wo muri Seychelles

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Umuyobozi wa Polisi ya Seychelles; Commissioner Ted Barbe n’intumwa ayoboye. IGP Namuhoranye yavuze ko uru ruzinduko rushimangira intambwe ikomeye yatewe mu rugendo rw’ubufatanye rwatangiye muri Kamena umwaka ushize, nyuma yo gushyira umukono ku masezerano y’ubufatanye mu iyubahirizwa ry’amategeko…

Read More