Inama y’Igihugu y’Abagore yashimye isubizwaho ry’ingengo y’imari yabagenerwaga mu bikorwa byo kwiteza imbere

Inama y’Igihugu y’Abagore yateraniye mu Ngoro y’Inteko Ishinga kuri uyu wa mbere yashimye ingengo y’imari yagenerwaga ibigega bitandukanye bishinzwe iterambere ry’abagore yasubijweho. Kimwe mu byagarutsweho muri iyi Nteko Rusange y’Inama y’Igihugu y’Abagore, yateraniye mu Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko, kuri uyu wa Mbere, aho mu bindi iri gusuzuma harimo ikibazo cy’abana bata ishuri n’inda ziterwa abangavu…

Read More

Amakuru mashya : Abantu umunani bamaze kwicwa n’icyorezo cya Marburg mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu Rwanda abantu umunani ari bo bamaze kwicwa n’indwara y’umuriro mwinshi iterwa na virusi ya Marburg, abandi 18 bakaba barimo kuvurwa. Mu itangazo rimaze gusohoka kumugoroba w’iki cyumweru ,minisiteri y’ubuzima , yatangaje ko ubu habarurwa abantu 26 barwaye iyi ndwara naho abagera kuri munani bakaba bamaze kwitaba barimo batandatu bari bitabye…

Read More

Premier League : Bruno fernandez yatumye manchester united isuzugurwa na Tottenham bikabije!

Ikipe ya Tottenham Hotspur itsindiye Manchester United ibitego bitatu ku ubusa kuri sitade ya Old Trafford mu mukino w’umunsi wa 6 wa shampiyona y’Ubwongereza [Premier Laegue], ibi byongera igitutu cyo kwirukanwa k’umutoza wa United witwa Erik Ten Hag. Spurs yagiye mu kiruhuko cy’gice cya mbere itsinze igitego 1-0 nyuma yuko umuholandi Micky van de Ven…

Read More

Nepal yafunze amashuri kubera imvura nyinshi yateye imyuzure mu gihugu

Abayobozi muri Nepal bavuze ko amashuri yo mu turere twibasiwe n’umwuzure azafungwa mu minsi iri imbere kubera ko inkangu n’umwuzure watewe n’imvura nyinshi byahitanye abantu bagera ku 150. Umuvugizi wa minisiteri y’uburezi, ubumenyi n’ikoranabuhanga, Lakshmi Bhattarai, yabwiye ibiro ntaramakuru Reuters ati: “Twasabye abayobozi bireba gufunga amashuri mu turere twibasiwe n’iminsi itatu.” Uturere twose two mu…

Read More

Minisiteri y’Ubuzima yatanze ishusho ngari ku cyorezo cya Marburg mu gihugu

Minisiteri y’Ubuzima yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kigaruka ku ishusho rusange y’uko Icyorezo cya Marburg gihagaze mu Rwanda. Iki ni ikiganiro Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin yagiranaga n’igitangazamakuru cy’igihugu ku cyorezo cya Marburg. Minisitiri Dr Nsanzimana yavuze ko kwambara agapfukamunwa bidahuye no kwirinda Icyorezo cya Marburg ahubwo uburyo bwo kucyirinda ari ukwirinda gukoranaho kuko cyandurira mu gukora…

Read More

FIFA yashyize ahagaragara ibibuga bizaberaho imikino y’igikombe cy’isi cy’amakipe [Clubs]

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi [FIFA] yatangaje ko umukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’amakipe [clubs] cya 2025 uzabera muri leta ya New Jersey ho ,muri leta zunze ubumwe z’ Amerika. iyi Sitade yateguriwe kuzakira umukino wanyuma, yafunguwe ku mugaragaro mu mwaka wa 2010 kandi ifite ubushobozi bwo kwakira abarenga 82,500, yanakinweho umukino wanyuma wa Copa…

Read More

Rulindo : umukwe yabuze ku munsi w’ubukwe abantu barakangarana

Mu Karere ka Rulindo,mu Murenge wa Kisaro haravugwa amakuru y’umusore wagombaga gusaba no gukwa umukobwa  wategerejwe n’umuryango w’umukobwa, baraheba, birangira ubukwe butabaye. Manirakiza Zacharie uvugwa ko ari we wagombaga gushaka n’uyu mukobwa, we yarahiye akirenga, akavuga ko atazi n’uwo mukobwa, ndetse ko ngo asanzwe anafite umugore. Ni mu gihe abazi ibyabo, bemeza ko bari basanzwe baziranye…

Read More

Ntwari Fiacre amaze kwizerwa mu ikipe ye nubwo amaze kwinjizwa ibitego bine mu mikino itatu amaze gukina

Umuzamu w’Ikipe y’Igihugu y’u  Rwanda  “Amavubi” Ntwari Fiacre ntago yahiriwe  we n’ikipe ye  ya  Kaizer Chiefs mu mukino wa  gatatu wa shampiyona y’Igihugu ya Africa y’Epfo nyuma yo gutakaza imbere ya Mamelodi Sundowns. Nyuma  yo gutsinda imikino ibiri ifungura shampiyona aho ikipe ya Ntwari Fiacre Kaizer yatsinze ikipe ya AmaZulu ibitego bitatu kuri kimwe(3-1) ndetse…

Read More