Bosinia : abantu 16 baburiye ubuzima mu mwuzure mwinshi wibasiye iki gihugu

Abantu benshi bapfiriye mu mwuzure muri Bosiniya na Herzegovina abandi baburirwa irengero kubera ko imvura nyinshi yaguye ndetse n’inkangu zikasenya amazu, imihanda n’ibiraro hirya no hino mu gihugu. Kuri uyu wa gatanu, komine ya Jablanica, iherereye ku birometero 70 mu majyepfo y’iburengerazuba bw’umurwa mukuru, Sarajevo, yahuye n’ikibazo cy’imvura yaguye, yahagaritsee burundu ubuhahirane nyuma y’isenyuka n’umuhanda…

Read More

Aliou Cissé watozaga Senegal yimwe andi masezerano !

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’Umupira w’Amaguru ya Senegal yatakaje umurimo we nyuma yuko we n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Senegal bananiranywe kumvikana ku mafaranga yagombaga guhabwa mu masezerano mashya. Amasezerano y’akazi ya Cissé yarangiye kw’itariki ya 31 y’ukwa munani k’uyu mwaka. Yasabye ko avugururwa, ariko minisitiri w’imikino, Madame Khady Diéne Gaye, arabyanga . Asobanura ko Cissé atageze…

Read More

FIFA yateye utwatsi icyemezo cy’ubujurire cyo guhagarika Isiraheli mu mupira wamaguru mu gihe cy’intambara yo muri Gaza

FIFA yongeye gusubika icyemezo ku cyifuzo cya Palesitine cyo guhagarika Isiraheli mu mupira w’amaguru mu gihe ikomeje intambara yo kurwanya Gaza. Nyuma y’inama yabereye ku cyicaro cyayo i Zurich ku wa kane, Ishyirahamwe mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru – FIFA,ndetse akaba ari n’urwego ruyobora umupira w’amaguru ku isi rwavuze ko komite ishinzwe imyitwarire izakomeza gusuzuma ibirego by’ivangura…

Read More

DRC : Hamenyekanye umubare w’abapfuye nyuma y ‘ubwato bwarohamye mu gihe bwerekezaga i Goma

Guverineri w’intara ya Kivu y’amajyepfo yavuze ko byibuze abantu 78 bapfuye nyuma y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Kivu mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ku wa kane, guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean Jacques Purisi, yatangarije ibiro ntaramakuru Reuters ko abantu 278 bari mu bwato mbere yuko burenga. Purisi yabwiye Reuters ati: “Bizatwara…

Read More

Batanu bambere bakize Virusi ya Marburg mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko abantu batanu bari baranduye Virusi ya Marburg bakize, abakirimo kuvurwa ni 21, kuri uyu wa Kane ntawapfuye azize icyo cyorezo. Kuri uyu wa Kane kandi Umuntu umwe ni we wanduye Marburg nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’Ubuzima.Kugeza ubu, abantu bamaze gupimwa iki cyorezo ni 1009, aho abanduye ari 37, mu gihe…

Read More

Mohamed Salah yongeye kumanika agati ahatazapfa kugezwe ukuboko na buri Munya-Africa wese muri rugo!

Umunya-Misiri akaba na rutahizamu w’ikipe ya Liverpool  Mohamed Salah yabaye umukinnyi wa mbere w’umunya Africa umaze gutsinda ibitego byinshi mu mikino ya UEFA Champions League nyuma yo kuzuza ibitego 45. Hari mu mukino wa kabiri w’imikino y’Iburayi  ya  UEFA Champions League wa huzaga ikipe ya Liverpool y’umutoza Arne Slot  ndetse n’ikipe ya Bologna y’umutoza Vincenzo…

Read More

Burera : abatuye ikirwa Cya Bushongo barasaba kwemererwa kuba bagurisha Ubutaka

Abaturage bahoze batuye mu Kirwa cya Bushongo giherereye mu Kiyaga cya Burera barashinja ubutegetsi kubima uburenganzira bwo kugurisha ubutaka bwabo bahoze batuyeho. Kuri ubu batujwe mu mudugudu w’icyitegererezo wa Rurembo mu murenge wa Rugaragarama.Kuri bamwe hari impinduka zifatika babonye ku mibereho yabo.Mu kubimura, buri muturage yishakiraga ubutaka leta ikamwubakiraho inzu. Ubutaka bahoze batuyeho buracyari ubwabo….

Read More

Umufaransa Antoine Griezmann yasezeye burundu ku gukinira ikipe ye y’igihugu

Umukinnyi ukina hagati mu kibuga w’Umufaransa witwa Antoine Griezmann yatangaje ko yasezeye mu ikipe y’igihugu , binashyira akadomo k’urugendo rwe rw’imyaka 10 mu ikipe yigihugu. Griezmann wagize uruhare rukomeye igihe Ubufaransa bwegukanaga igikombe cy’isi cya FIFA 2018,abicishije ku mbuga nkoranyambaga ze mu butumwa bwari bwuja amarangamatima yafashe umwanzuro wo gusezera burundu mu ikipe y’igihugu y’ubufaransa…

Read More