U Rwanda rwakomeje gutanga urukingo rwo gukumira icyorezo cya Marburg

U Rwanda rwatangaje ko rwatangiye gutanga inkingo zirwanya virusi ya Marburg kugira ngo bagerageze kurwanya icyorezo cya Marburg kimeze nka Ebola . Ku cyumweru, Minisitiri w’ubuzima Sabin Nsanzimana yagize ati: “Urukingo ruratangira gutangwa uyu munsi ako kanya rukihagera.”Virusi ya Marburg yahitanye abantu 12 mu Rwanda kuva yatangazwa ko ari icyorezo cyageze mu gihugu ku ya…

Read More

Ese APR yaciye amarenga ko yazatanga akazi kuri A.S Kigali na Rayon sports mu Shampiyona y’abari n’abategarugori.

Ese APR yaciye amarenga ko yazatanga akazi kuri A.S Kigali na Rayon sports mu Shampiyona y’abari n’abategarugori nyuma yuko APR WFC yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2 mu mukino ufungura Shampiyona y’icyiciro cya mbere y’abari n’abategarugori. Uwo mukino wakinwe kuri uyu wa gatandatu tariki ya 5/10/2024 ukaba wabereye kuri Kigali Pele Stadium APR WFC yawutangiranye…

Read More

DRC yatangije gahunda ihamye yo gukingira mpox ya mbere mu rwego rwo gukumira icyorezo

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yatangije gahunda yayo ya mbere yo gukingira indwara ya mpox mu mujyi wa Goma mu burasirazuba, yibasiwe cyane n’iki cyorezo. Inkingo zatanzwe bwa mbere ku bakozi b’ibitaro ku wa gatandatu, aho gahunda yo gukingira yagutse igomba gutangira ku wa mbere mu burasirazuba bw’igihugu, aho iki cyorezo cyatangiriye umwaka ushize. Ku…

Read More

Premier League : Manchester united igiye gutana mu mitwe na Aston Villa ; Menya byose bivugwa mbere y’umukino

Aston Villa igiye kwakira ikipe ya Manchester United kuri iki cyumweru mu mukino w’umunsi wa karindwi wa shampiyona y’abongereza izwi nka Premier League mu mwaka w’imikino wa 2024/25 , uyu mukino ugiye kubera kuri sitade ya Villa Park,iherereye i Birmingham . Umutoza wa Manchester united Eric Ten Hag mu kiganiro n’itangazamakuru yahamagariye abakozi be nabakinnyi…

Read More

Indwara ya Marbug : Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze gusesekara mu Rwanda

Inkingo z’indwara ya Marburg zamaze kugera mu Rwanda ku bufatanye na Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse Binitezwe ko izi nkingo zizagira uruhare mu gufasha u Rwanda guhangana n’iyi ndwara. Izi nkingo bivugwa zatanzwe n’Ikigo mpuzamahanga cy’inkingo cya Sabin ndetse nacyo biciye mu bunyamabanga bwacyo ku munsi wejo cyashimangiye ko cyatanze dose z’inkingo…

Read More

Israel-Hezbollah:Israel ikomeje kurimbura burundu Hezbollah; ni iki kihishe inyuma y’ibi bikorwa ? [Inkuru icukumbuye]

Kuri uyu wa gatandatu, mu majyepfo ya Beirut na Dahieh hongeye guhungabanywa n’ibitero by’indege bya Isiraheli,ibitero benshi bemeza ko bitari byategujwe abaturage ngo bahunge ndetse ibikomerezwa birimo abategetsi bagera kuri 18 bamaze kugwa muri iyi ntambara mugihe irani itegereje ugusubiza kwa Israel ku bitero iherutse kuyigabaho. Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga kandi yemejwe na BBC…

Read More

Premier League : Liverpool ikomeza kuyobora urutonde ; mu makipe makipe makuru ntayakoze ikosa

Ikipe ya Liverpool yongeye kuyobora izindi ku rutonde rwa shampiyona y’ubwongereza rw’agateganyo nyuma yuko igitego cya Jota gifashije iyi kipe gutsindira igitego 1-0 ikipe ya Crystal Palace bagahita banandika intsinzi yabo ya gatandatu mumikino irindwi muriyi shampiyona. menya n’ibindi byavuye ku bindi bibuga muri iyi shampiyona ya ENGLISH PREMIER LEAGUE; Liverpool itozwa n’umuholandi Arne Slot…

Read More

Rwanda Premier League yatanze umurongo ku isubikwa ry’umukino wa Rayon Sports na Apr fc

Rwanda Premier League yatangaje ko yakiriye ubusabe bwa APR FC yifuza kubanza gukina na Rutsiro na Bugesera mbere yo guhura na Rayon Sports . Aya makipe ahora ahanganye kurusha ayandi mu Rwanda, yagombaga kuzacakiranira kuri Stade Amahoro tariki 19 z’uku kwezi mu mukino w’ikirarane cy’Umunsi wa Gatatu wa Shampiyona wagombaga gukinwa tariki 14 Nzeri ubwo…

Read More

Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yahawe ubwepiskopi

Musenyeri Jean Bosco Ntagungira yahawe ubwepisikopi bumugira umwepiskopi wa Diyosezi Gatolika ya Butare akaba asimbuye Mgr Philippe Rukamba. Kuri uyu wa gatandatu ,Imbaga y’Abakirisitu Gatolika, baturutse hirya no hino muri Paruwasi 26 zigize Diyosezi ya Butare bitabiriye Misa yo gutanga Ubwepiskopi kuri Musenyeri Ntagungira Jean Bosco. Uyu muhango w’Itangwa ry’ubwepiskopi wabereye kuri Katederali ya Butare…

Read More