Hatangajwe andi makuru y’ingenzi  nyuma y’iperereza ku Mupadiri ukekwaho gusambanya umunyeshuri!

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha [RIB] rwataye muri yombi Umupadiri wayoboraga ikigo cy’amashuri cya Lycee de Rusumo akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 15. Uyu mupadiri uyobora iri shuri ryo mu Karere ka Kirehe, yatawe muri yombi ku wa 9 Ukwakira 2024. aya makuru kandi yahamijwe ndetse anatangwaho ubusobanuro burambuye n’umuvugizi wa RIB Dr. Murangira B.Thierry ….

Read More

Umutoza w’ikipe y’igihugu Torsten Spittler yatanze ihumure ku Banyarwanda mbere y’umukino wa Benin

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Djihad Bizimana ndetse n’umutoza Torsten Frank Spittler bakomoje ku buryo biteguye umukino w’ikipe y’igihugu ya Benin uteganyijwe tariki ya 11 Ukwakira 2024 mu gihugu cya Ivory Coast. Uyu ni umukino w’umunsi wa kabiri wo gushaka tike y’imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa ubanza akaba unasobanuye kinini kukuba u Rwanda rwajya…

Read More

Umukino wa Rayon na APR ndetse na shampiyona byose bitewe ishoti hitegurwa Djibouti iri ku mwanya w’i 192 ku rutonde rwa FIFA!

Umukino washoboraga guhuza ikipe ya Rayon Sports ndetse n’ikipe y’Igingabo z’’igihugu “APR FC “ tariki ya 19 Ukwakira 2024 wakuweho ndetse n’imikino y’ashampiyona y’umunsi wa gatanda, uwa karindwi ndetse n’uwa munani bidasubirwaho izasubikwa. Hari hamaze iminsi hategerejwe tomora  y’imikino ya CHAN 2024 izakinwa muri 2025 kugirango hamenyekane n’iba umukino w’ikirarane wari guhuza ikipe ya Rayon…

Read More

Wojciech  Szczęsny uherutse gusinyira Barcelona yasubije abamunnyega kubera gukoresha ako ku mugongo w’ingona!

Umunya-Poland  Wojciech Tomasz Szczęsny umaze iminsi asinyiye ikipe ya Barcelona yabwiye asa nk’uwihanagiriza abamunnyega kuber kunywa itabi ababwira ko niba bashaka guhindura ubuzima bwe bwite bitazaborohera. Mu minsi ishize nibwo ibinyamakuru bitandukanye byo k’umugabane w’Iburayi byanditse bina shyira hanze amafoto y’uyu Munya-Poland Wojciech Tomasz Szczęsny ukinira Barcelona arimo kunywa itabi ndetse acigatiye n’akandi gapaki mu…

Read More

Radio Isano Yavuye ku murongo kubera gufatirwa kw’ibikoresho byayo ngo yishyure umukozi wayo!

Radio Isano yari isanzwe ikorera mu karere ka Rubavu,ubu ntikibarizwa ku murongo yari isanzwe yumvikaniraho yavuye ku murongo nyuma yo gufatirirwa ibikoresho n’umuhesha w’inkiko w’umwuga ngo bitezwe cyamunara hishyurwe umwenda abereyemo umunyamakuru wayikoreraga wayireze iyishinja kumwambura. Radiyo Isano yumvikanaga mu turere twa Rutsiro na Rubavu ndetse no mu Gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo…

Read More

Umuhango wo ‘Kwita Izina’ ntukibaye !

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe ku wa 18 Ukwakira 2024, ko utakibaye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri nibwo uru rwego rwashyize hanze uyu mwanzuro nubwo rutigeza rutangaza impamvu yawo ,Umuhango wo Kwita izina abana b’Ingagi ku nshuro ya 20 wari uteganyijwe tariki ya 18…

Read More

Mvukiyehe Juvenal wayoboye Kiyovu yahakanye amakuru yamushinjaga ubwambuzi mu gihe yaguraga Addax SC

Uwahoze ari umuyobozi wa Kiyovu Sports  Mvukiyehe Juvenal  yahakanye amakuru avuga ko yaba yarambuye uwo baguze ikipe ubu akuriye ya  Addax SC ibarizwa mu kiciro cya kabiri mu Rwanda. Mu kwezi ku Kwakira 2023 nibwo  Mvukiyehe Juvenal   yafashe umwanzuro wo kugura ikipe ye ku giti cye nyuma yo kumeneshwa mu ikipe yambara icyatsi n’umweru Kiyovu…

Read More

Uganda : Habonetse umurwayi wa mbere w’ubushita bw’inkende

Uyu munsi kuwa kabiri, umuvugizi wa gereza muri Uganda, yavuze ko habonetse umurwayi umwe w’ubushita bw’inkende muri gereza ya Nakasongola iherereye mu gihugu rwagati. Yanavuze ko uwo murwayi yashyizwe mu kato kandi ko arimo kwitabwaho n’abaganga. Icyorezo cy’ubushita bw’inkende, muri imwe muri gereza zicukikiranyemo abantu muri Uganda, gishobora kuba ikibazo gikomeye gihangayikishije abayobozi mu rwego…

Read More

Rusizi : RRA yasabye abacuruzi batazi gukoresha EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura

Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyasabye abacuruzi b’i Rusizi, batazi gukoresha ikoranabuhanga rya EBM kwiyambaza bagenzi babo bakabahugura ku mikoreshereze yaryo. Ni nyuma y’uko hari bamwe muri aba bacuruzi bafunze imiryango kubera gutinya gucibwa amande yo kudatanga EBM, aho bavugaga ko bamwe bahura n’ikibazo cy’ubumenyi buke mu mikoreshereze yayo bigatuma batayikoresha . N’ubwo aka karere…

Read More

Itariki yo gukiranura ibihanga bibiri byo mu nkono imwe ya ruhago y’u Rwanda [Rayon& APR]cyamenyekanye!

Ubuyobozi bw’Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” buzaterana ku wa Gatanu tariki 11 Ukwakira 2024 bufata umwanzuro ku gihe umukino wa Rayon Sports na APR FC uzabera. Mu minsi itambutse nibwo Rwanda Prmier League yatangaje ko umukino w’ikirarane wa Rayon Sports n’ikipe y’Ingabo z’igihugu APR FC uzaba tariki ya 19…

Read More