Inama yo kwiga ku buryo shampiyona yakomeza gukinwa nta subikwa rya hato na hato yatumiwemo Minisiteri
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda “Rwanda Premier League” rwatumiye Minisiteri ya Siporo n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) mu nama ruzagirana n’amakipe ku wa Kabiri, tariki ya 15 Ukwakira 2024, iziga ku buryo Shampiyona yakomeza gukinwa. Mu minsi ishize nibwo uru rwego rutegura shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda “Rwanda Premier league”…