Gicumbi : abagabo bane barakekwaho kwica umukobwa babanje kumukatakata ibice by’umubiri we 

Kuri uyu wa kane tariki ya 17 /Ukwakira ,mu Karere ka Gicumbi ,mu Murenge wa Giti , abagabo bane bakurikiranweho n’ubutabera ku cyaha cyo kwivugana umukobwa babanje kumukatakata bimwe mu bice bigize umubiri we nyuma yuko bari babanje kumureshya bamubwira ko bagiye kumugurira inzoga . Ubushinjacyaha bo ku rwego rwisumbuye rwa Gicumbi busobanura ko iki…

Read More

Polisi y’u Rwanda yahagurukiye kurandura burundu ibibazo by’umutekano muke bivugwa mu ntara y’iburasirazuba

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mukwabo wakozwe wari ugamije gushakisha abakora ibyaha birimo guteza umutekano muke ndetse n’ubujura bw’inka bumaze iminsi buvugwa mu Ntara y’Iburasirazuba, hafashwe abantu 63. Izi nka zagarujwe zigera kuri 25 zikaba zaribwe hagati y’ukwezi kwa Nyakanga na Nzeri uyu mwaka, mu turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare, ndetse abagera kuri…

Read More

Amakipe amwe n’amwe yamaze gukatisha itike yerekeza muri AFCON Morocco 2025

Ibihugu bya Senegal na Burkina Faso biri mu byakatishije itike hakiri kare. Urugendo rwerekeza mu gikombe cy’Afurika giteganyijwe mu mwaka utaha rugeze ahakomeye aho amakipe atandukanye yamaze gukatisha itike ayemerera gukina iri rushanwa ry’abagabo rizakinwa umwaka utaha. Imikino ya majonjora nayo irakomeje aho hakinwaga umunsi wa 3 ndetse n’uwa 4, mu matsinda 12 amakipe akomeje…

Read More

Lionel Messi  yashyizeho akandi gahigo gashimangira ubuhangange bwe muri ruhago !

Lionel Messi yatsinze ibitego bitatu wenyine ndetse anatanga imipira ibiri ivamo ibitego mu mikino mpuzamahanga ikipe y’igihugu ya Arijantine yatsinzemo Boliviya ibitego 6-0 mu majonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi cya 2026 imbere y’imbaga y’abafana yari iteraniye kuri Stade Monumental. Messi nibwo yari agaragaye ku nshuro ya kabiri mu mukino mpuzamahanga kuva yakira…

Read More

Sudani y’Epfo : Impunzi zo mu Nkambi ya Malakal zashimiye ingabo z’u Rwanda kuri byinshi zimaze kubagezaho

Impunzi zo mu Nkambi ya Malakal muri Sudani y’Epfo irindwa n’Umutwe w’Ingabo z’u Rwanda wa Rwanbatt-2 bagaragaje ko banyuzwe n’ubufasha bahawe Ingabo z’u Rwanda nyuma yo kubegereza serivisi zo gusuzuma indwara zitandura no gutanga imiti y’inzoka muri iyi nkambi . I Malakal muri Sudani y’Epfo ni hamwe mu bice bikoreramo ingabo z’u Rwanda ziri mu…

Read More

Mbappe ari gukorwaho iperereza ku cyaha gufata ku ngufu

Kapiteni w’ikipe y’igihugu y’ubufaransa Kylian Mbappe ari gukorwaho iperereza ku cyaha cyo gufata ku ngufu bivugwa ko yakoreye mu gihugu cya Suwede yari yaragiye gufatiramo ibiruhuko mu minsi ishize . Aya makuru aje nyuma y’ibyavugwaga na bimwe mu bitangazamakuru byo muri suwede ko Mbappe Lottin ari gukorwaho iperereza ryimbitse ku byaha yaregwaga birimo gufata ku…

Read More

Abatwara abagenzi n’abanyeshuri batabifitiye uburenganzira  akabo kagiye gushoboka : Polisi y’u Rwanda

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gushyira mu bikorwa ingamba zikarishye zigamije guhashya abatwara abagenzi mu buryo bwa rusange n’abanyeshuri batabifitiye impushya, ndetse no muri urwo rwego hakaba hafashwe imodoka 45. Ubuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda bwemeje ko mu cyumweru gishize aribwo iki gikorwa cyo gufata imodoka zose zifashishwa…

Read More

Menya byinshi kuri Hagenimana Agathe umaze iminsi yose y’ubuzima bwe aryamye !

Mu murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga hari umwana w’umukobwa ubana n’ubumuga butangaje ku uburyo kuva yavuka atari yabyuka ngo ahagarare cyangwa ngo yicare n’umunsi n’umwe dore ko ahora aryamye ku gatanda gusa nubwo agaragarwaho n’ubu bumuga bw’ingingo hari ibitangaje kuri uyu mukobwa w’imyaka 37 . Hagenimana Agathe umaze imyaka yose ku isi atazi…

Read More

Tuchel yemeye Kuba umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza

Uwahoze atoza ikipe ya Chelsea niwe ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza. Mu nkuru dukesha ikinyamakuru BBC kiremeza ko gifite amakuru yizewe agaragaza ko umudage Tuchel ari we ugiye gutoza ikipe y’ igihugu y’Ubwongereza akaba agiye kuba umutoza wa gatatu udakomoka mu bwami bw’abongereza ugiye kubikora nyuma y’umutaliyani Fabio Capello ndetse n’umunyasuwede Sven Goran Erickson…

Read More

Abasore b’Urwanda bimanye igihugu bakora remontada banesura ikipe y’Igihugu ya Benin

Ikipe y’igihu y’u Rwanda “Amavubi”  yatsinze ikipe y’igihugu ya Benin ibitego bibiri kuri kimwe (2-1) mu mu kino wo gushka tike y’imikino y’anyuma y’igikombe cya Africa kizabera muri Morocco 2025 , umukino wabereye muri sitade Amahoro. Wari umukino w’umunsi wa kane w’imikino yo gushaka tike y’iyi mikino yo gushaka itike y’igikombe cya Africa , aho…

Read More