Premier League : Kera kabaye Manchester united yacyuye amanota atatu imbumbe !

Ikipe ya Manchester united imaze kubona amatatu imbumbe imbere y’ikipe ya Brentford nyuma yo kuyitsinda ibitego bibiri kuri kimwe bya Alejandro Garnacho Ferreyra na Rasmus Højlund byaje baje byishyura igitego cyaje mu minota ya mbere cya Pinnock wabanje gufungura amazamu kuruhande rwa Brentford . uyu wari umukino wari utegerejwe cyane muri shampiyona y’ikiciro cya mbere…

Read More

Ibihe 7 bidasanzwe byaranze umukino uhuza Liverpool na Chelsea guhera muri 2005

Kuri iki cyumweru, ikipe ya Liverpool iyoboye urutonde rwa shampiyona izaba isurwa n’ikipe ya Chelsea ya Kane kuri urwo rutonde. Abanyamateka b’ubu ntibajya kure y’uwatekereza ko, uyu mukino ari uw’ishiraniro Koko, ibyo ukaba wabihera ku bigwi aya makipe yombi yagiye ageraho mu binyacumi bibiri by’imyaka biheruka. Biragoye kwiyumvisha uburyo ubunyabubiri bw’aya makipe bwagiye bubyara imikino…

Read More

Kigali : Hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka ‘Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024’

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 / 10 /2024 , kuri Kigali Convention Centre hatangijwe ku mugaragaro Isiganwa ry’Imodoka, rizwi nka “Rwanda Mountain Gorilla Rally ya 2024”, Iri siganwa ryitabiriwe n’imodoka 23 rizakinwa hagati yo ku wa 18-20 Ukwakira 2024, mu mihanda ya Kigali n’iya Nyamata mu Bugesera. Abakinnyi bitabiriye Isiganwa ry’imodoka, “Rwanda Mountain…

Read More

Eddy Howe wa Newcastle yabeshyuje ibyavugwaga ko yaba yarahigitswe na Thomas Tuchel ku mwanya wo gutoza Ubwongereza

umwongereza Eddy Howe usanzwe utoza ikipe ya Newcastle yatangaje ko atigeze na rimwe akoreshwa ikazamini icyari cyo cyose yaba ibazwa ryo mu biganiro cyangwa ikizamini cyanditse cy’akazi n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’ubwongereza ku bijyanye no kuba yatoza ikipe y’igihugu y’ubwongereza iherutse guhabwa gutozwa n’umudage Thomas tuchel . Aya makuru yuko Eddy Howe yaba yari mubahigitswe na…

Read More

Kigali : Polisi y’ u Rwanda yasubije Umuyapanikazi  ibikoresho by’ikoranabuhanga  yari yaribwe

Mu Murenge wa Kimihurura mu Karere ka Gasabo, Polisi y’u Rwanda yagaruje ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo Mudasobwa  , Kamera ndetse na  telefone nini zizwi nka tablets byari byibwe umugore ukomoka mu gihugu cy’ubuyapani  . Uyu muyapani witwa Mio Yamada, ufite ubwenegihugu bw’u Buyapani, akaba atuye mu mudugudu wa Mutara, akagari ka Kimihurura, Umurenge wa Kimihurura mu…

Read More

Virusi ya Marbug : ku munsi wejo nta muntu wapfuye , nta n’uwanduye ; ibi byaba bitanga icyizere gihagije cyo kurandura Marburg mu Rwanda ?

ku mugoroba Minisiteri y’Ubuzima yashize hanze imibare mishya y’indwara ya Marburg mu Rwanda, iyi mibare ikaba yerekana ko ubu hasigaye abantu bane gusa bakiri kuvurwa, mu gihe abandi bakize, ndetse hakaba hakomeje kutagaragara abarwayi bashya mu bipimo biri gufatwa. Icyorezo cya Marburg cyatagajwe mu Rwanda tariki 27 Nzeri 2024, cyahitanye abiganjemo abakora mu rwego rw’ubuvuzi…

Read More

Lamine Yamal izahabu idakorwaho ya Barcelona yatanzweho agera kuri  €250m

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporta yatangaje ko Paris Saint-Germain(PSG) yabahaye agera kuri €250m kuri Lamine Yamal ariko barayanga muri iri soko ry’igura n’igurisha riheruka . Muri uyu mwaka wa 2024 nibwo ikipe ya Paris Saint-Germain y’umutoza  Luis Enrique yatandukanye  n’Umufaransa  Kylian Mbappé werekeje mu ikipe ya Real Madrid, mu igenda rye yabitangaje hakirikare ku…

Read More

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko abantu barenga miliyari babayeho mu bukene bukabije ku isi

Raporo nshya y’umuryango w’abibumbye yerekana ko abantu barenga miliyari imwe babaho mu bukene bukabije ndetse ko hafi kimwe cya kabiri cyabo baherereye mu bihugu birangwamo amakimbirane n’intambara z’urudaca. Ubuhinde nicyo gihugu gifite umubare munini w’abantu bafite ubukene bukabije, aho ubukene bufitwe n’abasaga miliyoni 234 mu baturage ba miliyari 1.4 ,bugakurikirwa na Pakisitani, Etiyopiya, Nijeriya na…

Read More

Police volleyball club yerekanye intwaro nshya yibitseho zigomba kuyifasha kwitwara neza mu mwaka utaha

Police volleyball club yerekanye ku mugaragaro intwaro nshya ziyizafasha kwitwara neza mu mwaka w’imikino ugiye kuza , izi zirimo abatoza n’abakinnyi ndetse  mu ikipe y’abagabo, harimo abakinnyi bashya batatu barimo uvuye mu ikipe yo muri Algeria . Ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda giherereye Kacyiru niho iki gikorwa cyabereye cyikaba cyayobowe n’umuyobozi mukuru wa…

Read More