DETAILS : Jota na Sala ku rutonde rw’abakinnyi bitabye Imana bagiconga ruhago

Reka dufate umwanya twibuke bamwe mu bakinnyi b’umupira w’amaguru batuvuyemo bagikina ruhago byemewe n’amategeko . Mu gitondo cyo ku wa Kane taliki ya 3, Nyakanga, nibwo humvikanye inkuru y’inshamugongo, yabikaga urupfu rw’uwahoze ari rutahizamu w’ikipe ya Liverpool Diogo Jota (28), witabye Imana ari kumwe n’umuvandimwe we Andre Silva (25), we wari usanzwe akinira ikipe ya…

Read More

Nigeria izabona asaga miliyoni imwe y’amadorali nitwara igikombe cy’Afurika

Ikipe y’igihugu ya Nigeria yabwiwe ko izacakira akabakaba hafi miliyoni y’idorali igihe yatwara igikombe cy’Afurika cy’abagore 2024, giteganyijwe gutangira uyu munsi mu gihugu cya Morocco. Ishyirahamwe rirebera inyungu za ruhago muri Afurika (CAF) ryamaze gutangaza ko ryazamuye ibihembo byatangwaga mu gikombe cy’Afurika cy’abagore ho izamuka rya 100%, ku bihembo byose. Ibi bikaba bivuze ko mu…

Read More

Haruna Niyonzima yagize icyo avuga ku gusezera ruhago

Umunyabigwi w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru (Amavubi), Haruna Niyonzima yaciye amarenga ko acyiteguye gukomeza gukina umupira w’amaguru. Ibi bikubiye mu cyiganiro uyu mukinnyi wabaye Kapiteni w’igihe cyirekire w’Amavubi yagiranye na “Isibo Radio” kibanze ku rugendo rwe rwa ruhago n’igihe ateganya gusoza uru rugendo. Niyonzima Haruna yagize Ati, “Ngewe ntabwo mbayeho ku bwabantu nubwo dutuye…

Read More

Perezida wa La Liga yatangaje amagambo yakuye umutima abafana ba Barcelona ku ngingo ya Nico Williams

Umuyobozi wa shampiyona y’igihugu ya Esipanye, Javier Tebas yatangaje ko kuri ubu ikipe ya Barcelona nta bushobozi ifite bwo kwandikisha Nico Williams iramutse imuguze. Ibi perezida wa La Liga abitangaje mu gihe Barcelona iyoboye urugamba rwo gusinyisha uyu Munya-Esipanye ufite amamuko muri Ghana , Nico Williams ndetse bakaba biteguye kwishyura amafaranga yatuma ava mu ikipe…

Read More

Kepa Arrizabalaga yerekeje muri Arsenal: Urugendo rushya ku mpano yaciriwe urubanza n’igiciro cyayo

Ikipe ya Arsenal yemeje ko yasinyishije ku mugaragaro umunyezamu w’Umwesipanyoli Kepa Arrizabalaga avuye muri Chelsea ku masezerano y’imyaka itatu, mu igurwa ryatwaye miliyoni £5. Ibi bikurikiye igihe yamaze ari mu ikipe ya Bournemouth ku ntizanyo, aho yakinnye imikino 35 mu mwaka ushize. Kepa w’imyaka 30 yavuze ko yishimiye intambwe yateye agira ati: “Ndanezerewe cyane kuba…

Read More

Hagaragajwe amakuru mashya ku byaha Samuel Eto’o ashinjwa

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Cameroon ‘FECAFOOT’ ryemeje ko ibyemezo bijyanye n’amafaranga ashinjwa Samuel Eto’o bitafashwe na we ku giti cye mu gihe ari gukekwaho inyereza ryayo. Mu minsi ishize ni bwo Samuel Eto’o yatangiye kuvugwa cyane ko ari gukurikiranwaho ibyaha bijyanye na ruswa ndetse n’inyereza ry’amafaranga ku buryo bishobora kumuhanisha imyaka itanu atagaruka mu mupira…

Read More

Inter Miami yavuze aho ibiganiro na Lionnel Messi bigeze ku kongera amasezerano

Ikipe ya Inter Miami ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Lata Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko igiye kongerera amasezerano kizigenza Lionnel Messi mu gihe amasezerano ye ari kugana ku musozo. Lionnel Messi kuri ubu afite amasezerano azamugeza ku mpera za 2025, byatuma yaba afite uburenganzira bwo kuvugana n’andi makipe yamwifuza cyane ko hari amakuru…

Read More