Tottenham Hotspur ishobora guhanwa na Premier League bikomeye

Ikipe ya Nottingham Forest yamaze guhagarika igikorwa cyari kigeze kure cyo gusinyisha umukinnyi wabo ukina hagati mu kibuga Morgan Gibbs-White ndetse iyi kipe itanga ikirego kuri Premier League. Tottenham Hotspur yari yemeye kwishyura miliyoni £60 kuri uyu musore ndetse ibinyamakuru byinshi by’i Burayi byari byamaze kwemeza iyi nkuru ndetse ko agomba kuba umukinnyi mushya w’iyi…

Read More

Rayon sports irimo Rutanga Eric yatangiye imyitozo

Ikipe ya Rayon Sports kuri uyu wa gatandatu wa tariki 11 Nyakanga 2025, yakoze imyitozo ifunguye ku nshuro ya gatatu yitegura umwaka utaha w’imikino wa 2024-2025 imyitozo yagaragayemo abakinnyi bashya. Ni imyitozo yabereye ku kibuga n’ubundi gisanzwe gikorerwaho imyitozo n’iyi kipe cya Nzove , umutoza mukuru Afhamia Lotfi niwe wakoresheje imyitozo ari kumwe n’umwungiriza we…

Read More

EXCL : Chelsea yahaye uburenganzira Noni Madueke bwo kujya gusoza byose byo kwerekeza muri Arsenal

Mu gihe Chelsea yitegura guhatana na Paris Saint-Germain ku mukino wa nyuma w’irushanwa rya Club World Cup muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umukinnyi wayo Noni Madueke yamaze guhabwa uburenganzira bwo gusubira mu Bwongereza aho agiye kurangiza igurwa rye n’ikipe ya Arsenal ku gaciro ka miliyoni £52. Madueke, w’imyaka 23, yari amaze iminsi agaragaza ibimenyetso…

Read More

Urukiko rwo muri Esipanye rwakatiye Carlo Ancelotti

Umunya-Brazil, Carlo Ancelotti yakatiwe n’urukiko rwo mu gihugu cya Esipanye igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kunyereza imisoro. Ancelotti ashinjwa kunyereza imisoro ikomoka k’umafaranga yinjije mu gucuruza izina rye n’amashusho ye(Image right) mu mwaka 2014 ubwo yari umutoza wa Real Madrid. Nubwo yakatiwe igifungo, ntazajyanwa muri gereza kubera ko amategeko ya Esipanye avuga…

Read More

Rayon sports igiye gusinyisha umutoza mushya nyuma ya rutahizamu yibitseho

Ikipe ya Rayon Sports nyuma yo gusinyira rutahizamu ukomoka muri Congo Chadrack Bingi Belo yamaze no kumvikana n’umutoza ugomba kungiriza Afhamia Lotfi. Kuri uyu wa Gatatu wa tariki 09 Nyakanga 2025, Rayon Sports ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo nibwo yatangaje ko yasinyishije uyu Munya-Repubulika ya Demokarasi ya Congo w’imyaka 20 akaba akina nka rutahizamu. Ni…

Read More

ANALYSIS : Ibihugu bitanu byo kwitega muri CHAN 2024

Menya ibihugu bitanu bigomba guhangwa amaso mu irushanwa ry’igikombe cy’Afurika cy’abakina imbere mu gihugu (CHAN 2024). Uko iminsi ishira niko tugenda dusatira igihe nyacyo cy’itangira ry’irushanwa rya CHAN 2024. Ni irushanwa riba buri myaka ibiri rigategurwa na CAF isanzwe irebera inyungu za ruhago kuri uyu mugabane dutuye, CHAN 2024 biteganyijwe ko igomba gutangira ku italiki…

Read More

Newcastle United yasinyishije Anthony Elanga kuri Miliyoni £55

Ikipe ya Newcastle United yamaze kumvikana n’ikipe ya Nottingham Forest ku igurwa ry’umukinnyi w’umunya-Suwede Anthony Elanga ku kiguzi cya miliyoni £55. Amakuru yizewe yatangajwe na BBC Sport yemeza ko iri gurwa rishobora kurangira mu cyumweru turimo. Elanga, w’imyaka 23, yigaragaje cyane mu mwaka w’imikino wa 2024-2025 aho yatsinze ibitego bitandatu agatanga imipira 11 yavuyemo ibitego,…

Read More

Abakinnyi ba Arsenal batatu bari mu Rwanda

Abakinnyi batatu b’ikipe ya Arsenal y’abagore Katie McCabe, Caitlin Foord ndetse na Laia Codina bageze mu Rwanda aho baje muri gahunda y’umushinga wa ‘VISIT RWANDA ‘ ikipe yabo ifitanye n’u Rwanda. Aba bakinnyi ba Arsenal baje nyuma y’abakiniye Paris Saint Germain bahererutse gusesekara mu Rwanda, Didier Domi ndetse na Jay-Jay Okocha. U Rwanda rufitanye amasezerano…

Read More

Jhon Duran yerekeje muri Fenerbahce

Rutahizamu w’Umunya-Colombia Jhon Duran yamaze kwerekeza muri Fenerbahce yo muri Turikiya ku masezerano y’intizanyo y’umwaka umwe, nyuma y’amezi atandatu gusa avuye muri Aston Villa yerekeza muri Al-Nassr yo muri Saudi Arabia ku giciro cya miliyoni £71. Duran w’imyaka 21 yatsindiye Aston Villa ibitego 12 mu mikino 29 yayikiniye mu mwaka ushize, mbere yo kwerekeza muri…

Read More