João Félix akomeje kubura isoko!

Ikipe ya Chelsea igiye kwemera guhomba kugira ngo Umunya-Portugal Joao Felix asohoke muri iyi kipe y’umutoza Enzo Maresca nyuma yo kudatanga umusaruro. Uyu musore w’imyaka 25 mu mwaka ushize ni bwo yari yaratijwe mu ikipe ya AC Milan kugira ngo azamure urwego ariko birananirana. Chelsea yaguze Joao Felix mu mwaka 2024 yemera gutanga miliyoni £35…

Read More

Arsenal yegereje gusinyisha rutahizamu Viktor Gyökeres

Ikipe ya Arsenal iri hafi kurangiza igikorwa cyo gusinyisha rutahizamu w’Umusuwede, Viktor Gyökeres, ukinira Sporting CP yo muri Portugal, nyuma y’uko ibiganiro hagati y’impande zombi byatinzeho gato kubera ibijyanye n’amafaranga y’inyongera (add-ons). Nk’uko BBC Sport yabitangaje, amakuru y’ibanze y’iyi transfert agaragaza ko Arsenal yemeye gutanga miliyoni 73.5 z’ama-euro (£63.5m). Byari biteganyijwe ko uyu mukinnyi yaba…

Read More

Inyoni 10 nini kurusha izindi mu Muryango w’inyoni z’Inkazi ku isi

Mu bya siyansi by’inyoni (ornithology), ijambo “igishenzi” cyangwa “inyoni y’inkazi” risobanura inyoni ifite amaso areba kure cyane, inzara zikomeye ndetse n’umunwa unyerera umwe ushobora kurandura inyama mu mubiri w’inyamanswa runaka. Uyu munsi mu kiganiro ubumenyi bw’isi Dailybox, yaguteguriye ikiganiro kivuga kuri zimwe mu nyamaswa z’ inkazi zizwiho gutungwa n’izindi (prey), tukaba twaguteguriye urutonde rw’inyoni 10,…

Read More

Ikipe ya Napoli yazibukiriye kuri Victor Osimhen

Ikipe ya Napoli na Galatasaray bamaze kugera ku masezerano ya burundu ku igurishwa rya rutahizamu w’Umunya-Nijeriya Victor Osimhen, nyuma y’igihe gito yari amaze mu ntizanyo. Galatasaray yashakaga kumusinyisha burundu nyuma y’uko yabatsindiye ibitego 37 n’imipira 8 yavuyemo ibitego mu mikino 41 yakinnye mu marushanwa yose. Nubwo Galatasaray yemeye kwishyura miliyoni €75m (na €5m y’inyongera) zari…

Read More

Ni abahe batoza 10 beza b’ibihe byose mu mupira w’amaguru ?

Impaka ku batoza 10 beza b’ibihe byose muri ruhago, ahanini usanga zishingira ku bikorwa byagezweho, impinduka bagize ku mukino, igihe bamaze batoza ndetse n’ubuhanga mu mitegurire y’amakipe baba batoza. Uyu munsi Dailybox yaguteguriye urutonde rw’abatoza b’intoranywa mu beza babayeho mu mateka ya ruhago. Ni urutonde dusangamo abatoza basanzwe bo muri iki kiragano ndetse n’abakera mu…

Read More

Amakipe abiri akomeye muri Tanzania ategerejwe i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports na APR FC biteganyijwe ko zizakina n’amakipe ya Simba SC na Young Africans mbere y’uko umwaka w’imikino utaha 2025-2026 utangira. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa Young Africans Ally Kamwe yemeje ko bazakina na Rayon Sports tariki 15 z’u kwezi kwa munani 2025, bikazaba ari umunsi w’igikundiro nk’uko abafana ba Rayon Sports bawita(Rayon…

Read More

Watford yegukanye Nestory Irankunda wa Bayern Munich

Ikipe ya Watford yo mu cyiciro cya kabiri mu Bwongereza yamaze kumvikana na Bayern Munich ku igurwa rya Nestory Irankunda, rutahizamu w’imyaka 19 w’umunya-Australia, ku giciro kiri hafi ya miliyoni 3 z’ama-euro (€3m) hamwe n’amasezerano y’igihe kirekire azageza mu 2029.  Nk’uko bitangazwa n’umunyamakuru wizewe Fabrizio Romano, Bayern izagumana uburenganzira bwo kugura Irankunda ku giciro cyemewe…

Read More

FLASH BACK – “FRATERNITÉ, EGALITÉ, STUPIDITÉ “: amagambo Materazzi yabwiye Zidane nyuma yo kumutera umutwe !

Ikubitwa ry’umutwe mu gatuza k’Umutaliyani Marco Materazzi, bikozwe na Zinedine Zidane, ni kimwe mu bikorwa bigayitse bizahora byandikwa mu mateka y’umupira w’amaguru. Bikaba akarusho iyo havugwa imikino y’igikombe cy’isi. Hari ku italiki ya 9, Nyakanga muri 2006, ubwo isi yose yari ihanze amaso ibihangange bibiri byari bigiye guhurira ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cyakirwaga…

Read More