Umurundi wakiniraga Police FC yabonye ikipe muri Tunisiya
Ikipe ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Tuniziya, Club Africain yamaze gusinyisha Umurundi wakinaga hagati mu kibuga yugarira muri Police FC. Uyu Murundi yageze mu Rwanda mu mwaka 2024 avuye mu ikipe ya Flambeau du Centre FC iwabo i Burundi. Ni mukinnyi ukina hagati mu kibuga yugarira ari mu beza bakomoka mu gihugu cy’Uburundi ndetse…