LA LIGA : Hansi Flick wa Barcelona yageneye ubutumwa bukomeye abasifuzi

Umutoza Hansi Flick, w’ikipe ya Barcelona, yahamagariye abasifuzi gukora iyo bwabaga maze bakarinda abakinnyi bakomeye nyuma y’imvune y’ikirenge umukinnyi we Lamine Yamal, yagize ubwo bakinaga n’ikipe ya Las Palmas, mu mpera z’icyumweru gishize. Yamal, yagaragaje ifoto y’ikirenge cye cyari cyuzuye amaraso mu isogisi, maze yandika amagambo hasi agira ati,”nkiri si ikosa!” Nubwo uyu musore w’imyaka…

Read More

Menya amakuru agezweho ku burwayi bw’umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi Papa Francis

Umushumba wa Kiliziya Gaturika ku isi Papa Francis amerewe neza nubwo akiri mu bitaro aho arikuvurwa indwara zibasira ibihaha ndetse n’izibasira impyiko, aho impyiko ze zitari gukora akazi kazo neza. Abaganga batangaje ko ibimenyetso by’amaraso byagaragaje ko impyiko ze zitarimo gukora akazi kazo neza, ko kuyungurura amaraso no gusohora imyanda mu mubiri, akaba akirwariye mu…

Read More

Mohamed Salah yaciye uduhigo dutandatu harimo n’agafitwe na Messi

Uduhigo dukomeje kwisukiranya ndetse ari nako dukomeza gukurikirana rutahizamu ukomoka mu Misiri, Mohamed Salah, nyuma y’uko yaraye yesheje dutandatu twose mu mukino ikipe ye ya Liverpool, yatsinzemo Manchester city iyisanze kunkibuga cyayo. Salah, niwe watsinze igitego gifungura umukino mu ntsinzi y’ibitego bibiri ikipe ye yabonye, ndetse aza no kugira uruhare rukomeye mu gutsindwa kw’igitego cya…

Read More

Nyuma yo gukubitwa kimwe kitishyurwa ; Darko Novic wa Apr Fc yanze kuvugisha itangazamakuru

Umutoza w’ikipe ya Apr fc yanze kwitabira ikiganiro n’itangazamakuru nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Mukura Vs Sports igitego kimwe ku busa mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona umaze kubera kuri sitade mpuzamahanga ya Huye . Ubwo uyu mukino wari urangiye hagezweho umwanya wo kuganiriza itangazamakuru ku batoza b’impanze zombi ; Umutoza mukuru wa Mukura…

Read More

Manchester United yujuje umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda nyuma yo kubona inota rimwe

Ikipe ya Manchester United yongeye gutsikira mu mukino w’umunsi wa 26 wa Premier League, ni umukino bakiriwemo n’ikipe ya Everton banganya ibitego bibiri kuri bibiri (2-2). Ni umukino wagiye gukinwa n’ubundi iyi kipe itari kwitwara neza, dore ko bari baherutse gutsindwa na Tottenham Hotspur F.C ndetse na Crystal Palace F.C, bisobanuye ko uyu mukino byasaga…

Read More

Ukuri ku makuru avuga ko ingabo za Uganda zaba zarageze muri Congo kurwana na M23

Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yahakanye amakuru amaze iminsi yandikwa n’ibitangazamakuru byinshi byo hirya no hino ku isi, avuga ko ingabo za Uganda ziri muri Congo guhangana na M23. Iyi nkuru byumwihariko yatangajwe n’ikinyamakuru cya Al-Jazeera, aho kemezaga ko izi ngabo za Uganda ndetse n’iziherutse kongerwayo zigiye mu rwego rwo guhangana n’umutwe wa M23…

Read More

Inzego z’umutekano za Congo zemeje ko zitakwizeza umutekano abazitabira umukino wa TP-Mazembe

Kuri iki Cyumweru tariki 23 Gashyantare 2025, mu mukino uzahuza ikipe ya TP Mazembe na FC St. Eloi Lupopo hafashwe umwanzuro wo kuzakinwa nta bafana ku bwo kutizera umutekano w’abawuzaho. Mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hamaze iminsi akavuyo katewe na makimbirane yafashe indi ntera mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho M23 yigaruriye Kivu…

Read More

UCL Tombola: Imikino ya 1/8 yamaze kumenyekana; deribi y’umujyi wa Madrid ni umwe mu yitezwe na benshi

Tombola y’imikino ya 1/8 mu irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’Uburayi, yabaye kuri uyu munsi wa 21, w’ukwezi kwa Kabiri, yasize hamenyekanye imikino yose uko ari umunani, ndetse hagaragaramo imikino ikomeye nk’ugomba guhuza Paris Saint Germain na Liverpool, ndetse n’umukino wa deribi y’i Madrid umenyerewe cyane muri ino mikino. Ni imikino bigaragarira…

Read More

Igikombe cy’Amahoro cyaryoshye; Rayon Sports na APR FC bazahura nande muri 1/4 cyirangiza?

Igikombe cy’Amahoro 2025, kirarimbanyije aho imikino ya 1/8 yagannye ku musozo, hakaba hagiye gukurikiraho imikino ya 1/4 , hashakwa ugomba gusimbura ikipe y’Igipolice cy’Urwanda ya cyegukanye umwaka ushize w’imikino 2023-2024. Imikino ya 1/8 cyirangiza yashyizweho akadomo kuri uyu wa Kane tariki ya 20 Gashyantare 2025, mu mukino ikipe ya Gorilla FC yanganyijemo n’ikipe ya City…

Read More