Gasabo : Umukobwa arashinjwa kubyara agata uruhinja mu musarane

Mu karere ka Gasabo haravugwa inkuru y’umwana w’umukobwa w’imyaka 17 wataye umwana we yari amaze kubyara mu musarani ndetse akaba yarabifashijwemo n’umusore w’imyaka 33 wari waramuteye inda . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Gasabo rwatangaje ko rwakiriye ikirego cy’umwana w’umukobwa ufite imyaka 17 ukirikanyweho icyaha cyo kwiyicira umwana yabyaye amunigishije igitambaro hanyuma akamuta mu bwiherero…

Read More

Bruno Fernandes yagize icyo atangaza ku bakomeje kwinubira imikinire ya Ruben Amorim

Kapiteni w’ikipe ya Manchester United, Bruno Fernandes,yavuze ko hari igihe bigorana kumva imikinire y’umutoza Ruben Amorim. Ku bitego 3-2, byatsinzwe ikipe ya Ipswich Town, ku wa Gatatu, ndetse byahise bihesha umutoza Ruben Amorim, intsinzi ya 11, kuva aje gutoza ikipe ya Manchester United. Gusa nubwo iyi ntsinzi yabonetse nta kizere gihambaye cyazamutse mu rwambariro rw’iyi…

Read More

Tour de Rwanda : Mugisha Moise yashubije abamugayaga guhagarara ku bushake mu irushanwa

Mugisha Moise yashubije abamugayaga ku mbuga nkoranyambaga kuba yarahagaze agasuhuza umuryango we ubwo yari mu isiganwa rya Tour De Rwanda 2025 kubera ko umuryango we awufata nk’ikintu cy’ingenzi mu buzima bwe kandi ko ibyo yakoze bidahabanye n’amabwiriza agenda umukino . Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru , Mugisha Moise yavuze ko kuba yarahagaze agasuhuza umuryango we ubwo yari…

Read More

Umuriro watse hagati ya Jamie Carragher n’Abakinnyi b’Abanyafurika nyuma yo kuvuga ko AFCON ari irushanwa riciriritse

Umusesenguzi w’Umupira w’Amaguru ukomoka mu gihugu cy’Ubwongereza Jamie Carragher , akaba yaranakiniye ikipe ya Liverpool nk’amyugariro ubu ari ku gitutu nyuma yo kuvuga ko igikombe cya Africa ‘AFCON’ ari rushanwa riciriritse. Uyu mugabo kuri ubu afite imyaka 47 , akaba yarakiniye ikipe ya Liverpool kuva mu mwaka 1996 kugera 2013 , ndetse n’ikipe y’Igihugu y’Abongereza…

Read More

Kepiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin yatangaje igihe azatangirira imyitozo

Umukinnyi ukina mu kibuga hagati yataka akaba na kapeteni w’ikipe ya Rayon Sports, yemeje ko mu Cyumweru gitaha aribwo azatangira imyitozo nyuma y’ikibazo cy’imvune yagize. Uyu musore yagiriye ikibazo cy’imvune [Hamstring injury] ku mukino ikipe ya Rayon Sports yatsinzemo ikipe ya Kiyovu Sports ibitego bibiri kuri kimwe(2-1), gusa umutoza yahisemo kumukoresha ku mukino wa Rutsiro…

Read More

DRC : Abantu 50 bamaze gupfa bazize indwara y’amayobera

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yatangaje ko abantu basaga 50 bamaze kwitaba imana bazize indwara y’amayobera muri uku kwezi gusa . Aba basaga 50 bahitanywe n’iyi ndwara baturuka mu duce tw’amajyaruguru ashyira uburengerazuba bw’iki gihugu .uwitwa Serge Ngalebato usanzwe ari umuyobozi w’ibitaro by’ahitwa Bikoro we yemeje ko iyi ndwara iteje impungenge zikomeye…

Read More

Umutoza wa Chelsea yibasiye umuzamu we Filip Jorgensen ndetse amubwira n’igishobora gukurikiraho

Umutoza w’ikipe ya Chelse, Enzo Maresca yatangaje ko azakura mu izamu umuzamu ari gukoresha muri iyi minsi Filip Jorgensen, nakomeza gukina nk’uko ari gukina, kuko bitajyanye nuko abishaka Ibi uyu mutoza W’Umutaliyani yabigarutseho ubwo yari amaze kwitwara neza ku munsi wa 27 wa Shampiyona y’Igihugu y’Abongereza atsinda ikipe ya Southampton F.C ubu iri gufunga urutonde…

Read More