Uwahoze atoza Manchester United yagizwe umutoza wa Kenya

Uwahoze atoza mu ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza, Benni McCarthy, yagizwe umutoza mukuru w’ikipe y’igihugu ya Kenya bakunze kwita Harambe stars. Kimwe nk’ibindi bihugu bitandukanye byo muri Afurika, Kenya niyo yari itahiwe ngo itangaze umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru mu bagabo nyuma y’uko hari hashize amezi areng atatu ho gato, umunya-Turukiya Engin Firat,…

Read More

Uwakiniye Ikipe y’Igihugu Amavubi na APR FC yasezeranye n’umuzungu kazi

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu y’u Rwanda ndetse nandi makipe atandukanye mu Rwanda Iradukunda Jean Bertrand yasezeranye n’umukunzi we , wo muri Canada aho yimukiye mu minsi itari myinshi ishize. Uyu musore wakiniye amakipe atandukanye mu Rwanda, arimo APR FC, Gasogi United, Kiyovu Sports na Musanze FC,   ndetse akazano gukina hanze y’u Rwanda, yaje guhagarika…

Read More

Sepp Blatter na Micheal Platini bahoze bayobora FIFA bagiye kongera kugezwa mu rukiko

Sepp Blatter wahoze ari umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku isi [ FIFA ] n’Umufaransa Micheal Platini bagiye kongera kugaruka mu rukiko kugirango batangire kwiregura ku byaha birimo ibya ruswa bashinjwa . Mu mwaka wa 2022 , aba bagabo bombi bahanaguweho ibi byaha nyuma y’Iperereza ry’Imyaka 7 ryakozwe n’Urukiko rw’Ibanze rwo mu Busuwisi gusa abatangabuhamya baza…

Read More

Pep Guardiola yaciye amarenga y’igihe Rodri ashobora kugarukira

Bitunguranye umutoza Pep Guardiola, yatangaje ko igaruka ry’Umunya-Esipanye Rodrigo Cascante, rishobora kuba mbere y’Irangira ry’Uyu mwaka w’imikino. Uyu mugabo uheruka guhabwa igihembo cy’umupira wa zahabu, yavunitse ubwo hari hashize ibyumweru 5, uyu mwaka w’imikino utangiye ndetse biza guhita bitangazwa ko atazongera gukina kugeza uyu mwaka w’imikino urangiye. Nubwo ibyo byavugwaga ariko ntibyabuzaga ko Rodri, we…

Read More

Hatangajwe itegeko rishya rireba abazamu batinza umukino rigomba kuzatangira kubahirizwa mu 2025-2026

Ishyirahamwe rukaba n’urwego rwigenzura rushinzwe gushyiraho ndetse no kuvugurura amategeko y’Umukino w’Umupira w’Amaguru IFAB(International Football Association Board), ryemeje ko umuzamu uzongera kuzajya amarana umupira amasegonda arenze Umunani azajya abihanirwa. Ubusanzwe akenshi iyo ikipe yatsinze abazamu bakunda gutindana umupira igihe awufashe mu ntoki, mu rwego rwo gutinza iminota cyangwa no mu rwego rwo kureba aho awutanga…

Read More

Tour du Rwanda: Abanyarwanda babiri baje mu 10 bitwaye neza mu isiganwa rya none

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Gashyantare 2025, irushanwa mpuzamahanga ry’amagare ribera mu Rwanda ‘Tour du Rwanda’ ryari ryakomeja aho agace k’uyu munsi kegukanwe n’Umunya-Eritrea ZERAY Nahom. Uyu wari umunsi wa Karindwi , kakaba agace ka Gatandatu k’iri siganwa rya 2025, ni agace kahagurutse mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Nyanza abasiganwa berekeza mu…

Read More

Umugabo wasambanyije umwana we akana mutera inda y’abana babiri b’impanga yavuze impamvu yabikoze

Umugabo wo mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi mu ntara y’Amajyepfo, uherutse ugutabwa muri yombi akekwaho gusambanya umwana we kuva afite imyaka 14 ndetse bakanabyarana abana babiri b’impanga yavuze ko icyabimuteye ari uko abandi bagore bari baramunaniye. Uyu mugabo akaba yemeye icyi cyaha aregwa , arinabyo yagarukagaho igihe yavugaga ku byo ashinjwa, Uyu…

Read More

Umutwe wa M23 washyikirije u Rwanda abarwanyi wafashe ba FDLR mu ntambara bahanganyemo na Leta ya Congo

Ni kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 01 Werurwe 2025, mu gikorwa cya kozwe n’umutwe wa M23 cyo gushyikiriza u Rwanda abarwanyi ba FDLR bafatiwe mu mirwano yashyamiranyije umutwe wa M23 ndetse n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  ‘FARDC’ , FDLR , SADC ndetse n’Abacanshuro. Brigadier Général Gakwerere Ezéchiel uzwi ku yandi mazina arimo…

Read More

Muhanga : Umugabo akurikiranyweho gusambanya umwana we bakanabyarana

Umugabo w’imyaka 52 utuye mu karere ka Kamonyi akurikiranyweho icyaha cyo gusambanya we w’umukobwa ndetse baza no kubyarana abana babiri umuhungu n’umukobwa . Ubushinjacyaha ku rwego rwisumbuye rwa Muhanga bwatangaje ko bukurikiranye umugabo ufite imyaka 52 ukekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umukobwa we w’imyaka 14 bakavaho bakanabyarana . Uyu mugabo ukirikiranyweho gukora aya marorerwa atuye…

Read More