Ramadhan Niyibizi adaciye ku ruhande yasubije Muhire Kevin wamwise igihombo ndetse n’umusimbura muri APR FC

Umukinnyi w’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu APR FC Ramadhan Niyibizi yavuze ko we ari umukinnyi mwiza anaboneharaho kwemeza ko Muhire Kevin ahubwo ari umukinnyi usanzwe. Mu kiganiro yagiranye na Radio/TV10 Rwanda uyu musore yasubije ku byo kapiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin aherutse kumuvugaho ko “Ari umukinnyi usanzwe ndetse utanabanza mu kibuga” akaba ngo rero atari mu…

Read More

Kujya kwiga mu bihugu birenga 13 hirya no hino ku isi birashoboka ukoranye n’inzobere

Kuri ubu uburezi nimwe mu nkingi y’iterambe ku bihugu bikomeye ndetse ibihugu byateye imbere byagiye bitera imbere kubera ahanini uburezi bufite ireme mu ngeri zitandukanye nk’ikoranabuhanga, ubuvuzi , inganda n’ibindi. Kampani yitwa Global Linked Education Services (GLES ), niyo kampani yizewe hano mu Rwanda yagufasha cyangwa igafasha uwawe kujya gukomereza amasomo ye hanze y’u Rwanda…

Read More

UCL : Mo Salah na Alexander Arnold bafatanye mu ijosi mbere yuko bahura na PSG

Mohamed Salah na Trent Alexander Arnord ba Liverpool bagaragaye ku mashusho ya kamera yafashwe n’umunyamakuru w’ikinyamakuru Daily Express barimo barwana ubwo bari mu myitozo ya nyuma yagombaga kubanziriza umukino wo kwishyura wa kimwe cy’umunani cya UEFA Champions League ugomba kubahuza n’ikipe ya Paris Saint Germain . Muri aya mashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza…

Read More

🛑Breaking 🛑: Al Hilal Tripoli yirukanye Didier Gomez Da Rosa wigeze gutoza Rayon Sports

Mu kanya gashize ubuyobozi bw’ikipe ya AL Hilal Tripoli yo mu gihugu cya Libya bumaze gutangaza ko bwirukanye umufaransa watozaga iyi kipe witwa Didier Gomez Da Rosa bumuziza uburyo bwe bw’imikinire budashimishije. Iyi kipe ya Al Hilal Tripoli isezereye Didier Gomez wari umutoza mukuru wayo nyuma ya amezi agera kuri atanu gusa bumutangaje nk’umutoza wayo…

Read More

Kabgayi : Abaganga bakomeje kuba ab’ibura mu mpera z’icyumweru

Abashakira serivisi z’ubuzima ku bitaro bya Kabgayi biherereye mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo baratangaza ko muri ibi bitaro hari ikibazo cy’ubuke bw’abaganga byumwihariko mu minsi y’impera z’icyumweru . Bamwe mu barwayi barembeye mu bitaro bya Kabgayi bavuga ko mu minsi isoza icyumweru bahura n’imbogamizi y’abaganga badahagije ku buryo rimwe na rimwe hari igihe…

Read More

Ntibemera guterwa amaraso kwa muganga; ibintu 10 bitangaje utari uzi ku idini ry’Abahamya ba Yehova

ICYITONDERWA: Iyi nkuru ntigamije kuvana abantu mu myemerere yabo cyangwa se kwibasira imyemerere runaka, ahubwo ni ukungurana ubumenyi ku bintu binyuranye! Ivuka ry’idini ry’Abahamya ba Yeho ryatangiye mu kinyejana cya 19 muri Leza Zunze Ubumwe z’Abanyamerika , ritangizwa n’istinda rito ry’Abigishwa ba Bibiliya babaga hafi y’umugi wa Pittsburgh, muri leta ya Pennsylvania bakaba bari bayobowe…

Read More

Kigali : RGB yasabye abakristu kumenya uko amaturo batanga akoreshwa

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Imiyoborere, RGB, Dr. Doris Uwicyeza Picard yavuze ko abaturage batanga amafaranga mu miryango ishingiye ku myemerere bakwiye kumenya uko akoreshwa. Ubwo yari mu kiganiro na televiziyo y’igihugu muri iki gitondo cyo ku wa Kabiri tariki 11 Werurwe , Umukuru wa RGB yatangaje ko abantu bagendana insengero mu mifuka yabo batazihanganirwa, aho usanga…

Read More

Menya byinshi ku mikorere y’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi

Inkongi z’umuriro ziri mu biza bikunze kwibasira abantu kenshi, imitungo yabo ikahatikirira, zikavutsa benshi ubuzima abandi zikabasigira ubumuga bwa burundu. Mu rwego rwo guhangana nazo ndetse n’ingaruka zazo, Polisi y’u Rwanda yashyizeho ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi (Fire and Rescue Brigade), benshi usanga badasobanukiwe imikorere yaryo, aribyo tugiye kugarukaho, kugira ngo mumenye amavu n’amavuko n’imikorere…

Read More