Kigali : Abashoferi b’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange barasabwa kwirinda ibiteza impanuka

Abashoferi batwara imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange , bibukijwe inshingano n’uruhare rwabo mu kwirinda no gukumira impanuka zo mu muhanda. Ni mu bukangurambaga bw’Umutekano wo mu muhanda buzwi ku izina rya “Gerayo Amahoro” bwabereye mu kigo abagenzi bategeramo imodoka (Gare) ya Nyabugogo, mu Karere ka Nyarugenge mu rwego rwo kubashishikariza gukumira impanuka zihitana…

Read More

Nyuma yo kwifata mapfubyi kubera kwangwa kwa penaliti ya Julián Alvarez ‘UEFA’ igiye gukora impinduka z’ikubagaho

Impuzamashyirahamwe y’aruhago ku mugabane w’Iburayi ‘UEFA’, ryemeje ko rigiye gukora amavugurura mu mategeko agenga iterwa rya penaliti nyuma y’uko iya Julián Alvarez yanzwe ku mukino ikipe ye yakinagamo na Real Madrid muri Champions League. Mu busanzwe itegeko rivuga ko mu gihe amakipe ajyeze muri penaliti umukinnyi akayitera ariko umupira akawukoraho inshuro zirenze imwe yaba abishaka…

Read More

Joackiam Ojera wakiniye Rayon Sports yavuze ibintu akumbura muri iyi kipe

Umukinnyi w’Umunya-Uganda wakiniye ikipe ya Rayon Sports Joackiam Ojera yavuze ko akumbura abafana b’iyi kipe no kuntu bamuhundagazagaho amafaranga akiri muri iyi kipe. Uyu musore uri gukinira ikipe ya El Mokawloon yo mu gihugu cya Misiri igihe yaganiraga n’umunyamakuru akaba na Content Creator mu mupira w’Amaguru w’Umunya-Uganda atangaza ayamagambo yuzuyemo gukumbura Rayon Sports. Yavuze ko akumbura…

Read More

Muhanga : Umwanda wo mu bwiherero bw’ishuri wasenye amazu y’abaturage

Abaturage bo mu karere ka Muhanga barataka ikibazo cy’imyanda yaturutse mu mwobo w’imisarane y’ishuri ryisumbuye rya Gahogo Adventist Academy riherereye mu murenge wa Nyamabuye wo muri aka karere yasandaye kubera imvura nyinshi hanyuma igasenya amazu n’ ibiraro bibiri by’amatungo magufi . Iyi myobo y’imisarane [ Fosse Septique ] yo muri iri shuri riherereye mu kagari…

Read More

Taddeo Lwanga yiniguye avuga derby ikomeye hagati y’iya Rayon Sports VS APR FC na Simba SC VS Young Africans

Umukinnyi ukomoka mu gihugu cya Uganda Taddeo Lwanga akaba akinira ikipe y’Ingazo z’Igihugu z’u Rwanda ‘APR FC’ yatangaje ko nubwo umukino wa Rayon Sports na APR FC aba ari umukino ukomeye gusa hakiri urugendo kugirango ugere ku rwego rwa Kariakoo Derby. Muri iyi minsi umukino uhuza Rayon Sports na APR FC ukomeje kwitabirwa n’abanyamakuru bakomeye…

Read More