Umugande uherutse gutandukana na APR FC yabonye ikipe nshya

Ikipe ya Vipers SC ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Uganda (Uganda Premier League) yemeje ko yasinyishije Taddeo Lwanga nyuma yo gutandukana n’ikipe y’ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC). Lwanga yasinye amasezerano y’umwaka umwe harimo amahitamo yo kuzongera undi mwaka aramutse yitwaye neza cyane ko Vipers SC izakina n’imikino Nyafurika ya CAF Champions…

Read More

Benjamin Sesko asa nk’uwamaze kwerekeza muri Manchester United

Manchester United yatangaje ko yamaze kumvikana na Red Bull Leipzig ku igurwa ry’umunyarwenya w’imyaka 22 ukomoka muri Slovenia, Benjamin Sesko, mu masezerano agera kuri miliyoni £73.7 (ni ukuvuga miliyoni 85 z’amayero). Aya masezerano arimo miliyoni £66.3 (76.5m euros) azishyurwa ako kanya, andi akaba azongerwaho mu byiciro bijyanye n’imyitwarire n’umusaruro w’uyu mukinnyi. Sesko ategerejwe i Manchester…

Read More

David Seaman yatangaje Abazamu 5 b’Indashyikirwa mu mateka ya Premier League

Iyo abantu benshi batekereje ku izina ry’umuzamu mwiza wabayeho muri Premier League, izina rimwe rihita riza mu mutwe ni David Seaman. Uyu mukinnyi wahoze ari uwa Arsenal ndetse n’ikipe y’igihugu y’u Bwongereza, aracyafatwa nk’umwe mu bazamu beza iki gihugu cyagize. Mu bihe by’ingenzi yagize, harimo gutwara ibikombe bya Premier League ndetse n’uburyo yasigaranye amateka mu…

Read More

APR FC yatumiye Rayon Sports mu mikino yateguye

Ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje gahunda yiswe inkera y’abahizi icyumweru kizaba kirimo gahunda zinyuranye zigamije kwitegura umwaka mushya w’imikino ndetse no kwegera abafana ba ekipe. Ni igikorwa nyirizina kizatangira tariki 17 Kanama 2025, kikazabimburirwa n’umukino uzahuza APR FC na Power Dynamos F.C yo muri Zambiya kuri sitade Amahoro. Mu Kiganiro Chairman wa…

Read More

Kiernan Dewsbury-Hall yerekeje muri Everton nyuma y’umwaka umwe muri Chelsea

Everton yamaze kumvikana na Chelsea ku gusinyisha umukinnyi wo hagati Kiernan Dewsbury-Hall ku kayabo ka miliyoni £28.  Amasezerano agizwe n’amafaranga y’ingenzi £24m, hamwe n’andi ari hagati ya £3m na £4m azongerwaho mu bihe bizaza bitewe n’umusaruro. Dewsbury-Hall w’imyaka 26 y’amavuko, biteganijwe ko agomba kujya gusoza ibijyanye n’amasezerano ye bwite no gukora ibizamini by’ubuzima, nubwo Fulham…

Read More

Isaha idasanzwe Lionnel Messi aherutse kugura

Kizigenza Lionnel Messi aherutse kugaragara yambaye isaha nziza ifite agaciro k’ibihumbi £700,000 by’amapawundi y’Abongereza, nyuma y’izindi yari asanzwe atunze. Uyu musore usanzwe akinira ikipe ya Inter Miami muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari mu bakinnyi ba ruhago bafite agatubutse binatuma atunga imodoka, imyambaro ndetse n’ibindi birimo n’amasaha yambara bihenze. Dore urutonde rw’abakinnyi 10 b’umupira…

Read More

Umuyobozi bwa Premier League bwagize icyo buvuga ku kugabanya amakipe akava kuri 20 agashyirwa kuri 18

Umuyobozi wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cy’Ubwongereza, Richard Masters yatangaje ko nta gahunda nimwe ihari yo kugabanya umubare w’amakipe akina Premier League. Ibi yabitangaje mu gihe Impuzamashyirahamwe ya Ruhago ku Isi “FIFA” iteganya kongera umubare w’amakipe ikina igikombe cy’Isi cy’ama-club akava kuri 32 akaba yagera kuri 48 cyangwa kuri 64. Uretse FIFA itekereza…

Read More

Abami ba ruhago i Burayi- abakinnyi batwaye Champions League inshuro nyinshi

Iyo bigeze ku bihe by’icyubahiro mu mupira w’amaguru ku rwego rw’amakipe, nta gihembo kiruta igikombe cya UEFA Champions League. Irushanwa rikomeye rya shampiyona y’i Burayi ryakinwe n’abakinnyi b’ibyamamare batabarika, ariko ni bake batoranyijwe babashije gutwara igikombe inshuro nyinshi kurusha abandi. Aba ni bo ba nyiri amateka bakaba bamwe mu ntwari zabaye indatsimburwa mu mateka ya…

Read More

UBUSESENGUZI BWUJE IMIBARE : Arsenal yiteze byinshi kuri Viktor Gyökeres, bitari ugutsinda gusa

Nyuma y’umwaka w’imikino wa 2024-2025 aho Arsenal yagize ibihe byiza ariko ikaza kurangiza ku mwanya wa kabiri inyuma ya Liverpool, ikibazo cyabaye kimwe: kuba itarabonye ibitego bihagije. Mu gihe yinjije ibitego 69 gusa, Liverpool yatsinze 86 – itandukaniro ry’ibitego 17, ryari rihagije ngo ribe umwanzuro w’igikombe. Nyamara, si ugutsinda gusa kwari ikibazo. Arsenal ntiyabashije no…

Read More

Ikipe yo mu gihugu cya Misiri yasinyishije Mugisha Bonheur

Mugisha Bonheur uzwi nka “Casemiro” yamaze gusinyira ikipe ya Al Masry ikina shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihugu cya Misiri (Egyptian Premier League). Uyu musore ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru “Amavubi” yari asanzwe akinira ikipe ya Stade Tunisien ikina icyiciro cya mbere muri Tuniziya. Ni ikipe yasinyiye mu mwaka 2024 ariko kuva yayigeramo…

Read More