Kylian Mbappe wa Real Madrid yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru”

Kylian Mbappe yakuyeho agahigo ka Ronaldo “Gifaru” ubwo yatsindiraga Real Madrid ibitego bibiri Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa yujujue ibitego 31, amaze gutsindira ikipe ya Real Madrid, mu marushanwa yose ubwo yatsindaga ibitego 2 bakina na Villarreal, kuri uyu wa Gatandatu, ndetse birashoboka cyane ko kumuhagarika bizagorana cyane. Ibi bitego bibiri bya Mbappe, byahise…

Read More

Perezida Paul Kagame yasabye Abanyarwanda kwitegura gukaza umukandara/kufunga mkanda mu gihe ibihugu biri gufata ibihano

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abari bitabiriye umuhuro wo kwegera abaturage ko bakwitegura kwizirika umukanda mu gihe ibihugu by’amahanga bikomeje gufatira ibihano u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa. Nk’uko bisanzwe umukuru w’igihugu cy’u Rwanda ajya agirana umuhuro n’abaturage ugamije kubegera ndetse no kuganira nabo, gusa uyu muhuro…

Read More

Hatangajwe umukinnyi w’umuhanga Barcelona izavana mu ikipe ya Liverpool

Ikipe ya Barcelona irateganya kuzagura Umunya-Colombia ukinira Liverpool Luis Díaz mu kwezi kwa gatanda ubwo isoko ry’Igura n’Igurisha ry’Abakinnyi rizaba ryongeye gufungura. Mu nkuru yanditswe n’ikinyamakuru The Athletic iremeza ko iyi kipe y’Umudage Hansi Flick yamaze gushima urwego rw’uyu mukinnyi ku buryo igisigaye aruko isoko ryo mu mpeshyi ya 2025 ryafungura. Uyu Munya-Colombia ari mu…

Read More

RIB yataye muri yombi umwarimu wishe umugabo w’imyaka 47 amwibeshyemo umujura

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha [ RIB ] rwatangaje ko rwataye muri yombi umwarimu witwa Muhayimana Vincent utuye mu karere ka Nyamasheke ukurikiranyweho icyaha cyo kugubita kugeza yishe umugabo avuga ko yari yitiranije n’umujura . Vincent Muhayimana wari umurezi ku rwunge rw’amashuri rwa Bushenge ruherereye mu murenge wa Bushenge mu karere ka Nyamasheke mu ntara y’Uburengerazuba afungiye…

Read More

Kigali : Polisi na RDF biteguye gutangira ibikorwa byo kuzamura imibereho myiza n’iterambere ry’abaturage

Kuva ku wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025, Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’u Rwanda (RDF) ku bufatanye n’izindi nzego bazatangiza ku mugaragaro mu gihugu hose, ibikorwa byo gufasha abaturage mu mibereho myiza n’iterambere, bizaba bigizwe n’imishinga itandukanye n’inkunga bizafasha abaturage mu iterambere. Ni ibikorwa byateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti: “Ubufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano mu…

Read More

Perezida Kagame yahaye Col Stanislas Gashugi inshingano nshya

Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera Col Stanislas Gashugi, ahabwa ipeti rya Brig Gen, anagirwa Umuyobozi w’Umutwe udasanzwe w’Ingabo z’u Rwanda (Special Operations Force). Mu itangazo ryashizwe ahagaragara kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15 Werurwe 2025 n’ubuyobozi bwa RDF , Perezida Kagame yatangaje impinduka zuko Col Stanislas Gashugi yazamuwe…

Read More

Ese Luis Campos ufatwa nk’ umucurabwenge w’imishinga mishya muri PSG yabigenje ate ?

Ikipe ya Paris Saint Germain, ni imwe mu makipe afite izina rivugwa cyane ku mugabane w’Uburayi dore ko initirirwa izina ry’umwe mu mijyi ikomeye kuri uyu mugabane. Nikenshi abakunzi ba ruhago bibaza impamvu nyirizina ihora itera intsinzwi ziteza ishavu mu bafana b’iyi kipe yo mu gihugu cy’ubufaransa. Hari benshi mu basesenguzi b’umupira w’amaguru uzumva bakubwira…

Read More

Minisitiri Dr Utumatwishima yasabye urubyiruko kwirinda amacakubiri

Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yasabye urubyiruko kwihatira kumenya amateka y’u Rwanda kuko yuje iby’ingenzi byose byaruyobora ku kwanga ikibi n’amacakubiri, ahubwo bakarushaho gukunda Igihugu no kugikorera. Ibi yabitangarije mu ihuriro ryahuje abarenga 800 baturutse mu Turere twa Karongi, Rubavu, Rusizi, Ngororero, Nyamasheke na Rutsiro, bahuriye mu biganiro bizwi nka ‘Rubyiruko…

Read More