Sobanukirwa VISA yitwa ‘Schengen’ iguhesha kujya mu gihugu cyose ushaka mu Burayi

Visa ya Schengen ni visa itangwa na bimwe mu bihugu binyamuryango by’Umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ku bantu baturutse hirya no hino ku isi , aho yemerera umuntu uyibonye kwinjira no kugenda muri ibyo bihugu nta nkomyi. Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 27 bibarizwa ku mugabane birimo nka Germany, Austria, Belgium, Croatia, Czech Republic, Denmark,Finland, France, Greece, Hungary,…

Read More

Muhazi United yamaze gufatira ibihano Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ikipe ya Muhazi United ikina ikiciro cya mbere cy’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yamaze guhagarika Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ kubera ibyaha akekwaho bijyanye na Match Fixing aho mu majwi bivugwa ko ari aye yumvikanye asaba umukinnyi kwitsindisha. Mu majwi yasakaye mu bitangazamakuru by’u Rwanda ku munsi w’ejo wa tariki 17 Werurwe 2025, yumvikana asaba umukinnyi wa…

Read More

Umukinnyi wa Young Africans ukomeye yahawe ipeti rya sergeant avuye kuri Corporal

Umukinnyi w’Umupira w’Amaguru ukomoka muri Tanzania Ibrahim Abdallah Hamad uzwi nka “Ibrahim Bacca” yamaze kuzamurwa mu mapeti ava kuri Corporal ajya kuri sergeant mu mutwe abarizwamo wo kurwanya magendu zambukiranya imipaka muri Zanzibar. Uyu musore w’imyaka 27 akinira ikipe ya Young Africans mu bwugarizi ndetse akaba akinira n’ikipe y’Igihigu ya Tanzania , yatangiye kugaragaramo mu…

Read More

Bite by’amajwi bivugwa ko ari aya Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ asaba umukinnyi kwitsindisha

Umutoza wungirije w’ikipe ya Muhazi United Mugiraneza Jean Baptiste ’Migi’ hagiye ahagaragara amajwi bivugwa ko ari aye asaba umwe mu bakinnyi b’ikipe ya Musanze FC ko yamufasha ikipe ya Kiyovu Sports ikabona amanota atatu. Mu mpera z’iki Cyumweru hakinwaga umunsi wa 21 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda ‘Rwanda Premier league’ aho hanabaye umukino…

Read More

Umuyoboro w’amazi n’inzu 5 : Twinjirine mu byitezwe kuzasigwa n’ibikorwa by’Ingabo na Polisi

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025 ,  hirya no hino mu Gihugu hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ingabo na Polisi y’Igihugu mu iterambere n’imibereho myiza bigamije kwimakaza ubufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano mu kwizihiza  Kwibohora ku nshuro ya 31 n’imyaka 25 y’imikoranire na Polisi . Mu gutangiza ibi bikorwa , mu Karere ka Rulindo Ingabo…

Read More

RIB yatanze umuburo ku bantu bakora ubucuruzi bw’amafaranga butemewe

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ruraburira abaturarwanda kwirinda ubutekamutwe bwa nshore-nunguke bukorerwa kuri murandasi harimo n’abitwa Deere Equipment n’ibindi bigo bikora nkacyo. Ubu butekamutwe bukorwa n’abantu bakangurira abandi kubwinjiramo umaze kwiyandikisha ku rubuga (www.e-deere.vip/register?pId=JKE93N) no gushoramo amafaranga ubinyujije kuri nimero uhabwa, hanyuma ukerekwa inyungu ubona bitewe n’ayo ushoye. Amakuru ahari nuko aba abiyita abashoramari bagenzura uru rubuga…

Read More

Rusizi : Umugore w’imyaka 37 amerewe nabi nyuma yo kurumwa n’ingurube

Umugore witwa Ngendakumana Marie utuye mu murenge wa Bweyeye wo mu karere ka Rusizi arasaba ubufasha kubera ko aherutse kurumwa n’ingurube y’uwitwa Celestin Nsengimana ikamukomeretsa cyane ubwo bahuraga ayivanye kuyibangurira . Ngendakumana Marie w’imyaka isaga 37 utuye mu mudugudu wa Banamba , akagari ka Rasano mu murenge wa Bweyeye mu karere ka Rusizi arasaba leta…

Read More

Lamine Yamal yijeje abafana ba Barcelona ikintu gikomeye nyuma yo kwitwara neza ku mukino wa Atlético de Madrid

Umusore w’Umunya-Esipanye Lamine Yamal yatangaje ko abafana b’ikipe ya Barcelona batagira impungenge nimwe ku ngino yo gutwara igikombe muri uyu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Ibi yabitangaje nyuma yo kwitwara neza cyane batsinda ikipe ya Atlético de Madrid bayiturutse inyuma aho yari yababanje ibitego bibiri bya Julián Alvarez ku munota wa 45′ w’umukino ndetse n’icya rutahizamu…

Read More