Rutahizamu wa APR FC Denis Omedi yabonye ikarita y’umutuku Uganda itakaza umukino inyagiwe

Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Ingabo z’Igihugu bakinira ikipe y’igihugu ya Uganda , Denis Omedi ndetse na Hakim Kiwanuka bari ku rutond rw’abakinnyi bifashishijwe ku mukino bakinagamo na Mozambique . Umukinnyi Denis Omedi ukina mu bice bitandukanye bishaka ibitego, yabanje mu kibuga ariko ari mu byatumye batakaza uyu mukino nyuma yo kubona ikarita y’umutuku yo ku munota wa…

Read More

Umunyamakuru w’Umunya-Ghana Micky Junior yavuze ko hari abasikawuti bamubajije kuri Muhire Kevin

Umunyamakuru ukomeye mu bijyanye n’igura n’igurisha ry’abakinnyi ku mugabane wa Africa Micky Juniro, akaba akomoka mu gihugu cya Ghana yatangaje ko hari abasikawuti bamubajije urwego rwa Kapiteni wa Rayon Sports Muhire Kevin. Uyu munyamakuru ukomeye mu mupira w’Afurika amaze iminsi mu Rwanda aho yari yaraje byumwihariko gukurikirana umukino w’ishiraniro wa APR FC na Rayon Sports…

Read More

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria Wizkid yagize icyo atangaza ku mukino wa Nigeria na Amavubi

Umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi nka “Wizkid’ yateye ingabo mu bitugu ikipe y’igihugu ya Nigeria ifitanye umukino n’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’ kuri sitade Amahoro abinyujije mu kwishimira imyiteguro yabo no kugaragaza ko ayishimiye. Abinyujije ku rukuta rwe rwa X uyu muhanzi w’Umunya-Nigeria akaba n’ikirangirire mu njyana ya Afrobeat yerekanye ko azirikana uko ikipe y’igihugu…

Read More

Ngoma : Abana babana n’ababyeyi muri gereza bahawe impano na NCDA

Abana babana n’ababyeyi babo mu Igororero ry’abagore rya Ngoma basuwe n’ Umuyobozi mukuru w’ikigo cy’Igihugu gishinzwe imikurire no kurengera umwana (NCDA) Madame Ingabire Assoumpta maze abaha impano zitandukanye. Aba bana bari basuwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi wahariwe imbonezamikurire y’abana bato(ECD Day). Madame Ingabire Assoumpta yasabanye n’aba bana barikumwe n’ababyeyi mu Igororero maze arabaganiriza, abaha…

Read More

Stephen Constantine wahoze atoza Amavubi yaburiye Nigeria

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Pakistan, Stephen Constantine yaburiye Kagoma za Nigeria kutirara imbere y’Amavubi y’u Rwanda mu mukino urabahuza kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Werurwe 2025. Stephene avuga ko ubudahangarwa bw’Amavubi, budashingiye ku ngano cyangwa umubare w’abaturage b’u Rwanda, ahubwo bushingira ku mpano n’imyiteguro myiza, imenyerewe k’u Rwanda. Stephen Constantine umutoza w’ikipe y’igihugu ya…

Read More

GLES yafunguye amahirwe ku banyeshuri yo kwiga mu Butaliyani byose byishyuwe !

Kampani ifasha abanyeshuri bashaka gukomereza amasomo yabo hanze y’u Rwanda yitwa Global Linked Education Services [ GLES ] , yamaze kuzana zimwe muri FULL FUNDED SCHOLARSHIP [ aho wiga wishyurirwa amafaranga y’ishuri n’ibindi nkenerwa ijana ku ijana ] zo muri kaminuza zitandukanye zo mu gihugu cy’Ubutaliyani aho uyibonye ahita ahabwa VISA imwemerera kuzenguruka u Burayi…

Read More

Nyuma ya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ amakipe akomeje kwikanga abitsindisha mu makipe yabo

Ubuyubozi bw’ikipe ya AS Kigali bwandikiye ibaruwa ihagarika uwari mu buyobozi bwayo ku mwanya wa ‘General Manager, Bwana Bayingana Innocent nyuma yo kurangiza amasezerano ye, gusa amakuru akavuga ko nawe yaba ishinjwa ibijyanye no kwitsindisha. Mu mukino ikipe ya Rayon Sports yari yakiriyemo AS Kigali ku munsi wa 21 wa Shampiyona, Rayon Sports ikaza gutsinda…

Read More

Ukuri ku makuru yavuzwe ko N’Golo Kanté yakoze ubukwe

Umukinnyi w’Umufaransa ariko ukomokoka muri Mali N’Golo Kanté ari muri Africa iwabo mu ruzinduko rwogusura iki gihugu cye ndetse no gukora ibikorwa bitandukanye byo gufasha, yavuzwe ko yakoze ubukwe gusa ngo ayo makuru siyo. ku munsi w’ejo nibwo hakwirakwiriye amashusho ku mbugankoranyambaga agaragaza uyu musore ubarizwa muri Shampiyona ya Saudi Arabia arikumwe n’umugore bambaye imyenda…

Read More

Hatangajwe igihe nyirizina Bukayo Saka azagarukira nyuma y’imvune amaranye igihe kirekire

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’Abongereza Bukayo Saka byamaze gutangazwa ko azagaruka nyuma y’Imikino y’Ibihugu ya UEFA Nations League yo muri uku kwezi. Uyu musore amaze igihe yaragize ikibazo cy’imvune ndetse atagaragara mu ikipe ye ya Arsenal ndetse abafana bari bategerezanyije amatsiko dore ko kuva yagenda ikipe ya Arsenal yahungabanye mu buryo bugaragara haba mu bijyanye n’umusaruro…

Read More

Muhanga : Umugabo w’imyaka 75 yiyemereye ko yasambanije umwuzukuru we w’imyaka 10

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 Werurwe 2025 , Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukurikiranye  umugabo w’imyaka 75 ukekwaho gusambanya umwuzuku we w’umukobwa w’imyaka 10 y’amavuko. Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwemeza ko icyaha uyu mugabo akurikiranyweho yagikoze ku itariki ya 27 Gashyantare 2025 mu mudugudu wa Njamena, akagari ka Kibaga, mu murenge wa Rungendabari….

Read More