🛑Rwanda Vs Lesotho : Lesotho ngo irayataha ! Kapiteni Djihad ntawe , dore byose ukeneye kumenya mbere y’umukino

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Lesotho, Leslie Notsi yatangaje ko n’ubwo umukino baheruka gukina n’Amavubi, utabagendekeye neza, ariko kuri ubu bizeye kuvana amanota atatu i Kigali. Notsi yavugiye ibi mu kiganiro we na kapiteni wayo, Sekhoane Moerane, bagiranye n’itangazamakuru ku mugoroba wo ku munsi wejo ku  wa Mbere tariki ya 24 Werurwe 2025. Leslie Notsi yavuze…

Read More

Ituri : FARDC na UPDF bemeje iby’ubufatanye mu guhashya imitwe yitwaje intwaro

Ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’igihugu za Repubulika iharanira Demokarasi (FARDC) bwatangaje ko burimo kwitegura gutangiza igikorwa gihuriweho n’ingabo za Uganda UPDF cyo kurwanya imitwe yose yitwaje intwaro ikorera muri Ituri. Aya makuru yahamijwe n’umuyobozi mukuru wungirije wa FARDC ushinzwe ibikorwa by’ubutasi,  Jenerali Jacques Ychaligonza Nduru, wabitangarije itangazamakuru ubwo yari i Bunia ku munsi wo ku wa…

Read More

Rusizi : Abakorerabushake basabwe kurangwa n’ibikorwa by’intangarugero

Ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’urubyiruko rw’abakorerabushake bikorera muri Polisi y’u Rwanda, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe 2025, byatangije ubukangurambaga bw’urubyiruko rw’abakorerabushake (Youth Volunteers) mu bikorwa bigamije gukumira ibyaha no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage buzamara ibyumweru bibiri bukorerwa hirya no hino mu gihugu. Hazakorwa ibikorwa bitandukanye bihuza urubyiruko rw’abakorerabushake byo gufasha mu…

Read More

Ni muntu ki ? Dore byinshi utari uzi ku mateka y’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa

Nkuko musanzwe mubimenyereye mu nyandiko n’ibiganiro bitandukanye by’ubumenyi bw’isi tubagezaho, uyu munsi twaguteguriye amateka y’umwe mu bikomerezwa mu bijyanye na muzika ya gakondo nyarwanda, aho tugaruka ku buzima, imibereho, urukundo rwe kuri muzika no guteza imbere igihugu bikomeje kuranga umunyabigwi Cecile Kayirebwa dore ko uyu azwi na benshi mu Rwanda. Izina Kayirebwa Cécile, ni izina…

Read More

Kayonza: Umugabo w’imyaka 40 yafatanywe urumogi rupima ibiro 30

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yatangaje ko yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibiro 30,  rwafatanywe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko. Uyu mugabo ayfashwe aruhetse kuri moto yo mu bwoko bwa TVS, ifite nimero RG 852 V, mu murenge wa Kabare, akagari ka Rubumba mu mudugudu wa Gakenyeri, ahagana saa…

Read More

Iby’amafaranga si ikibazo ku bashaka kujya kwiga mu Bushinwa n’Ubutaliyani !

Kuri iyi isi hariho uburyo butandukanye bwo kugera ku nzozi zawe z’iterambere wifuza no kugira ejo hazaza heza kandi uburezi bufite ireme ni inkingi y’iterambere rirambye ibyo bijyana naho bwatangiwe . Global linked Education services [ Gles], ikigo kizwi giha abanyeshuri amahirwe yo kwiga muri za kaminuza zikomeye ku isi, kinabagezaho amahirwe adasanzwe yo kubona…

Read More

Lesotho nitsinda u Rwanda irahita irujya imbere; ibintu 8 wamenya mbere y’uko uyu mukino uba

Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda “Amavubi” kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, kuri sitade Amahoro irakira iya Lesotho mu mukino w’Ishiraniro w’Umunsi wa Gatandatu wo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera mu bihugu bitatu: Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Dore ibintu ugomba kumenya mbere y’uyu mukino! .U Rwanda…

Read More

Hatangajwe abakinnyi 5 bakomeye bifuza kujya muri Real Madrid ku buntu nubwo yo itabikozwa

Ikipe ya Real Madrid nk’uko byanditswe n’ikinyamakuru Marca cyo mu gihugu cya Esipanye yari ifite amahirwe yo gusinyisha abakinnyi Batanu ku buntu ariko yo ifata ikemezo ubwayo cyo kutabasinyisha nubwo bari buzire ubuntu. Aba barimo myugariro w’ikipe ya Bayer Leverkusen ndetse n’Ikipe y’Igihigu y’Abadage Jonathan Tah akaba azasoza amasezerano ye muri iyi kipe mu kwezi…

Read More