Huye: umugabo wishe umugore we babanaga yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Huye, ruri ku cyicaro cyarwo i Huye, rwasomye urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyemo Umugabo w’imyaka 44 wishe umugore babanaga amutemesheje umuhoro rumuhanisha igihano cy’ igifungo cya burundu. Uwari ukurikiranyweho icyaha, mu ijoro ryo ku itariki ya 25 Mutarama 2025, ari iwe mu rugo mu mudugudu wa Gisagara, akagari ka Shyembe, umurenge wa Maraba,…

Read More

Nyarugenge : Umugore yemereye ubushinjacyaha ko yakubise umugabo kugeza amwishe

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Werurwe 2025  , ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda bwatangaje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we bikamuviramo urupfu.  Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwemeje ko bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye…

Read More

Umutoza wa Lesotho yagize icyo atangaza ku byo gukurwaho amanota kwa Africa y’Epfo

Umutoza w’Ikipe y’Igihigu ya Lesotho Leslie Notsi yavuze ko atazi neza niba ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu gihugu cye baratanze ikirego kijyanye no kuba igihugu cya Africa y’Epfo cyarakinishishe umukinnyi ufite amakarita abiri y’umuhondo. Ku munsi w’ejo wa tariki 25 Werurwe 2025, nibwo hakwirakwiriye amakuru avuga ko Africa y’Epfo yaba yarakinishije umukinnyi wujuje amakarita abiri y’umuhondo,…

Read More

Victor Osimhen yagize umujinya w’umuranduranzuzi nyuma y’umukino banganyije na Zimbabwe

Umunya-Nigeria ukinira ikipe ya Galatasaray S.K Victor Osimhen ntiyishimiye uburyo ikipe ye yanganyije na Zimbabwe Kandi bari bawufite mu ntoki mu rugamba barimo rwo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino y’Igikombe cy’Isi cya 2026, cyizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na Mexico. Kuri uyu wa Kabiri wa tariki 25 Werurwe 2025, ikipe y’igihugu ya…

Read More

Amavubi ya Adel Amrouche ntakozwa ibyo kubona atatu imbumbe !

Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ imaze kunganya n’ingona za Lesotho igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wo mu Itsinda C ryo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026 giteganijwe kuzabera muri bihugu bitatu birimo USA , Canada na Mexico. Mbere y’uyu mukino , abari muri sitade bagiye bihera ijisho ibirori bitandukanye birimo gususurutswa na Gateka Esther…

Read More

Ikipe y’igihugu ya Africa y’Epfo iri mu itsinda rimwe n’u Rwanda igiye gukurwaho amanota

Ikipe y’igihigu ya Africa y’Epfo y’Umupira w’Amaguru “Bafana Bafana” biteganyijwe ko igomba gukurwaho amanota yabonye ku mukino wa Lesotho kubera gukinisha umukinnyi ufite amakarita y’umuhondo atamwemerera gukina. Ku itariki ya 21 Werurwe 2025, nibwo iki gihugu cyari cyakiriye Lesotho mu mikino yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, baranawitsinda ibitego bibiri ku busa(2-0),…

Read More

Perezida Paul Kagame yemeje ko u Rwanda rukomeje umugambi  wo gukaza ingamba z’umutekano

Perezida Kagame yatangarije abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC ko u Rwanda ruzakomeza gukaza ingamba zo kwicungira umutekano kumipaka iruhuza na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mu nama yahuje abahagarariye ibihugu bigize Umuryango w’Ibihugu byo mu Burasirazuba bwa Afurika (EAC) na SADC, Perezida Paul Kagame Yavuze ko mu rwego rwo kwicungira umutekano, u Rwanda rwafashe…

Read More

Bugesera :Polisi yakanguriye abakoresha umuhanda gukomeza kwirinda ibiteza impanuka

Ku munsi wejo ku wa Mbere tariki ya 24 Werurwe , Polisi y’u Rwanda yongeye kwibutsa abanyonzi n’abamotari gushyira imbere ubuzima bwabo n’ubw’abandi basangiye gukoresha umuhanda. Ni mu bukangurambaga, mu muhanda mushya wa kaburimbo uhuza uturere twa Bugesera na Nyanza. Aba bakoresha umuhanda bigishijwe imikoreshereze y’umuhanda inoze, basabwa kubahiriza ibyapa biwugize mu rwego rwo kwirinda…

Read More