Rayon Sports yabonye umutoza mushya wungirije wo kuyifasha

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gushyiraho Rwaka Claude nk’umutoza mushya wayo wungirije Umunya-Brazil Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo “Robertinho” asimbuye Umunya-Tunisia, Quanane Selami. Mu minsi ishize nibwo uyu Munya-Tunisia yasubiye iwabo nyuma yo kutumvikana na Rayon Sports ku bijyanye n’imishahara nk’uko amakuru yabivuze, aho iyi kipe yambara ubururu n’umweru yari imubereyemo imishahara yayishyuza ntiyamuhe ahitamo…

Read More

Manchester city yakiriye amakuru ateye nkeke kuri rutahizamu wayo !

Nyuma yo gutsinda ikipe ya Bournemouth mu mikino ya 1/4 cya (FA cup) rutahizamu w’ikipe ya Manchester city yagaragaye agendera mu mbago nyuma yo guhura n’ikibazo cy’imvune y’akagombambari yatumye adasoza uyu mukino. Ni umukino uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Noruveje(Norway) yatsinzemo igitego cya mbere muri 2-1 batsinze iyi kipe. Nyuma yo kugongana na Lewis…

Read More

U Rwanda na Seychelles byasinye amaserano y’ubufatanye ku rwego rw’amagereza

Kuri uyu wa Mbere taliki 31 Werurwe, komiseri mukuru w’urwego rushinze amagereza mu Rwanda komiseri RCS  CG Evariste Murenzi, yakiriye mugenze we ushinzwe amagereza mugihugu cya  Seychelles, basinyana amasezerano y’ubufatanye mukuzamura imikorere y’urwego rw’amagereza mu bihugu byombi. Umuvugizi w’Urwego rushinzwe Igorora mu Rwanda CSP Thérèse Kubwimana, yabwiye Itangazamakuru ko murwego rwo guteza imbere imikorere y’uru rwego,   Seychelles yegereye u Rwanda kugirango habeho…

Read More

Umutoza Ruben Amorim yatoboye avuga kuri Marcus Rashford yarekuye none akaba ari kwitwara neza

Umutoza w’Umunya-Portigal Ruben Amorim utoza Manchester United yatangaje ko yishimira iteka ko umukinnyi batije muri ekipe runaka yitwara neza gusa ko ntabyinshi yavuga ku mukinnyi utari uwe. Ibi yabigarutseho ubwo yagarukaga kuri rutahizamu Marcus Rashford iyi kipe yatije mu ikipe ya Aston villa mu kwezi kwa mbere mu isoko ry’Igura n’Igurisha ryaho, nyuma yo kutumvika…

Read More

Munyakazi Sadate yaciye amarenga yo kugaruka muri Rayon Sports nk’umumyamigabane mukuru

Umugwizatunga Munyakazi Sadate yatangaje ko yiteguye kuzaba umunyamigabane myinshi(Mukuru) ku ruta abandi igihe icyari cyo cyose izatangira kugurishwa mu kiswe Rayon Sports Ltd. Uyu mugabo yamenyekanye mu mupira igihe yari perezida wa Rayon Sports hagati 2019 na 2020 , icyo gihe havuzwemo ibibazo byinshi ku buryo n’inzego za Lata zabyivanzemo mu rwego rwo gushyira ku…

Read More

Nyagatare : Uwari umuzamu ku kigo k’ishuri yishwe atemaguwe n’abagizi ba nabi

Umugabo w’imyaka 36 utuye mu karere ka Nyagatare wari usanzwe ukora akazi ko kurinda umutakano aharimo hubakwa ikigo k’ishuri yishwe urwagashinyaguro nyuma yo gutemwa n’abagizi ba nabi . Hakorimana Gaspard wari usanzwe akora akazi k’uburinzi bw’ijoro kuharimo kwagurirwa ishuri mpuzamahanga ryitiriwe umusamariya [ Samaritan International School] riherereye mu mudugudu wa Kinihira , mu kagari ka…

Read More

DRC :FARDC irashinjwa gusahura sosiyete y’Abashinwa ikorera muri Kalemie

Sosiyete y’Abashinwa ikorera muri DRC yatangaje ko yamaganye ibitero bigamije ubusahuzi byagabwe n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo [ FARDC] ku biro no kuri bamwe bakozi babo bakorera mu gace ka Kalemie mu ntara ya Tanganyika . Iyi sosiyete isanzwe ikora sima zifashishwa mu kubaka umuhanda yamaganye ibi bikorwa by’ingabo za Kongo ibicishije mu…

Read More

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu Amavubi ukina i Burayi ikipe ye yamanutse mu kiciro cya Kabiri

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihigu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru Hakim Sahabo ikipe yari yaratijwemo yamaze kumanuka mu cyiciro cya Kabiri cy’Umupira w’Amaguru mu gihugu cy’Ububiligi aho akina kuri ubu. Uyu musore yatijwe muri iyi kipe yitwa Beerschot mu mezi atatu ashize mu isoko ry’Igura n’Igurisha ry’u kwezi kwa mbere kwa 2025, avuye mu ikipe ya Standard de…

Read More

Umutoza Darko Novic yagize icyo avuga ku bafana baririmbye indirimbo zimusaba kuva muri APR FC

Umutoza w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u Rwanda (APR FC) yatangaje ko atigeze yumva abafana b’iyi kipe baririmba indirimbo zimusabira kwirukanwa ku mukino yatsinzemo iya Vision FC mu mukino w’umunsi wa 22 wa Shampiyona. Uyu mukino wabaye ku munsi w’ejo wa tariki 30 Werurwe 2025, kuri Kigali Pele Stadium, ni umukino iyi kipe yagiye gukina ibizi neza…

Read More