Rashford yavuze amagambo akomeye kuri Manchester United
Mu gihe benshi bakibaza icyerekezo cya Manchester United, Marcus Rashford – rutahizamu wayo wigeze kuba inkingi ya mwamba w’iyi kipe , yatangaje ibintu bikomeye ku mikorere n’icuraburindi yibasiye iyi kipe. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru , Rashford yavuze ko Manchester United imeze nk’idafite nyirayo , aho nta gahunda ihamye cyangwa umurongo uhamye igenderaho, bitewe n’impinduka…