Perezida wa Barcelona yibasiye bikomeye ikipe ya Real Madrid ashinja kubuza uburyo ikipe ye!

Perezida w’ikipe ya Barcelona Joan Laporte yijunditse Real Madrid ko ariyo iri inyuma y’ibikorwa bishaka kubuza Dani Olmo na Pau Victor gukomeza gukina , akemeza ko batazigera babigeraho. Mu minsi ishize nibwo amakuru yabaye menshi ko aba bakinnyi bombi bashobora kutazakinira Barcelona mu gice cya Kabiri cy’umwaka w’imikino kubera ubushobozi Barcelona butayemereraga kwandikisha aba bakinnyi…

Read More

FIFA yatangaje igihugu cyizakira igikombe cy’isi cyo muri 2035

Ubwami bw’Abongereza bwemerewe n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) guhatana bwonyine mu kuzakira igikombe cy’isi cy’abagore giteganyijwe muri 2035, ndetse hakaba hahise hemezwa ko ibihugu bya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Mexique nabyo bishobora kwihuza mu guhatanira kwakira irushanwa nkiryo muri 2031. Ubwo habaga inama ya 49, y’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku mugabane w’uburayi (UEFA), perezida…

Read More

Byiringiro Lague nyuma yo guterwa utwatsi na RIB yiyambaje izindi nzego arega umunyamakuru Roben Ngabo

Umukinnyi w’Ikipe y’Igipolisi cy’u Rwanda ‘Police FC’ Byiringiro Lague yatanze ikirego cye mu rwego rwigenzura rw’abanyamakuru bo mu Rwanda “Rwanda Media Commussion(RMC)”, arega umunyamakuru Roben Ngabo wa Radio/Tv10 Rwanda amushinja kumuvugaho amakuru y’ibihuha. Mu kiganiro Urukiko rw’Imikino rwa Radio/TV10, umunyamakuru Roben Ngabo yatangaje ko uyu mukinnyi afitiye amadeni abakinnyi bakinana barimo Muhadjiri Hakizimana afitiye Miliyoni…

Read More

Sadate Munyakazi yahishuye akayabo azashora muri Rayon Sports mu gihe yayihabwa

Sadate Munyakazi yavuze ko afite miliyari eshanu zo gushora muri Rayon Sports mu gihe bayimuhaye. Mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, Sadate Munyakazi yavuze ko yashyize miliyari eshanu kumeza ya Rayon Sports, ku buryo mu myaka itatu izaba ifite indege igendamo, bisi igezweho, ndetse iri ku ruhando mpuzamahanga. Munyakazi Sadate yavuze ko miliyari…

Read More

Abarenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’ibiza mu Rwanda

Ku munsi wejo tariki ya 2 Mata Inteko Nshinga Mategeko umutwe wa Sena yakiriye Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi Gen. (Rtd) Murasira Albert, avuga ko mu minsi iri imbere abantu barenga ibihumbi 100 bashobora gusenyerwa n’amazi. Senateri Evode Uwizeyimana yatanze urugero rwo mu karere ka Rulindo, hakunze kubera impanuka za bisi kubera ubuhaname bw’umusozi umuhanda wubatseho….

Read More

Sosiyeti igurisha amatike ku mikino yasubije ku byagaragajwe na Etincelles FC ko yahawe amafaranga make ku yavuye mu matike

Sosiyeti ifite system igurisha amatike y’imikino y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda UrID Technologies yatangaje ko ntamafaranga batahaye ikipe ya Etincelles nk’uko yo yabigaragaje mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’aruhago ry’u Rwanda ‘FERWAFA’. Ikipe ya Etincelles FC yavuze ko amafaranga bahawe n’iyo sosiyeti nk’ayavuye ku mukino bari bakiriyemo Marines FC atariyo , aho bahawe angana 1 300 000…

Read More

FERWAFA ntirashirwa ku kibazo cya Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ wavuzweho gusaba umukinnyi kwitsindisha

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” rikomeje gukurikirana ibijyanye no gusaba umukinnyi kwitsindisha byavuzwe kuri Mugiraneza Jean Baptiste ‘Miggy’ akaba umutoza wungirije ariko wahagaritswe na Muhazi United aho ryahamagaye abandi bavugwa muri iki kibazo. Abahamagawe ngo nabo babazwe ni ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports n’ubwa Musanza FC, umutoza Imurora Japhet na Batte Sheif nyuma y’ihamagarwa…

Read More

Nanjye nta mwanya uhagije nzabona wo gutegura Manchester united : Ruben Amorim

Ruben Amorim usanzwe Ari umutoza w’ikipe ya Manchester United yavuze ko nawe ubwe adahamya ko azabona umwanya uhagije wo gutegura iyi kipe, mu gihe akomeje kumva abinubira ko ikipe atoza idakunze gutanga umwanya uhagije wo kwigaragaza ku bakinnyi Nyuma yo kwitwara neza batsinda imikino ibiri ya shampiyona mbere yo kujya mu kiruko mpuzamahanga. Ibyishimo by’ikipe…

Read More

Ikipe yakekwagaho kugurisha imikino yagabweho igitero n’abagizi ba nabi igihe yari mu myitozo

Abakinnyi b’ikipe ya Lobi Star FC iherereye mu mugi wa Makurd, muri Leta ya Benue muri Nigeria bagabwego igitero n’abagizi ba nabi bataramenyekana barabakubita babashinja kugurisha imikino. Ibi byabereye ku kibuga iyi kipe ikoreraho imyitozo kitwa Government Model Secondary School Pitch, aho aba bagabye iki gitego bahondaguye bikomeye abakinnyi, abatoza ndetse n’abandi bagize iyi kipe…

Read More