# KWIBUKA 31:Tariki ya 10 Mata 1994 ,Ubwicanyi bwarakomeje muri Rushashi, Ngororero, muri Kiliziya ya Gahanga n’ahandi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda Kuvana abantu mu Rwanda…

Read More

#KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) na Sudani y’Epfo (UNMISS), ku wa Mbere tariki ya 7 Mata, bafatanyije n’abandi banyarwanda, abakozi b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka mu bindi bihugu n’isi yose, kwibuka ku nshuro ya 31, Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni ibikorwa byo kwibuka byabereye…

Read More

Perezida Kagame yashimiye Arsenal kubwo kwitwara neza

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ibyishimo yatewe n’intsinzi ya Arsenal imbere ya Real Madrid mu mukino ubanza wa UEFA champions league wabereye kuri Emirates Stadium. Wari umukino utegerejwe na benshi, Arsenal ntiyahabwaga amahirwe imbere ya Real Madrid imaze kwegukana Champions League inshuro 15 , ndetse ikaba arinayo ifite igiheruka batwaye batsinze Borussia…

Read More

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yizera ko Uburusiya buzahagarika gutera Ukraine

Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza yashishikarije abayobozi bagenzi be bo ku isi gukomeza guharanira ko imirwano ihagarara hagati y’Uburusiya na Ukraine . Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, yabwiye inama isanzwe y’abayobozi b’ibihugu by’i Burayi ko “bitinde bitebuke” Uburusiya bugomba kuza mu biganiro mu bijyanye no guhagarika imirwano mu ntambara imaze imyaka itatu muri Ukraine . Ibi yabigejeje…

Read More

Ikipe ya Arsenal yifatanyije n’u Rwanda mu kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Ikipe ya Arsenal ikina Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu gihe cy’Ubwongereza “Premier league” yifatanyije n’isiyose ndetse n’u Rwanda byumwihariko mu kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ikipe ya Arsenal isanzwe ikorana n’u Rwanda mu bikorwa byo kwamamaza ubukerarugendo bwarwo, ndetse no kurumenyekanisha ku rwego mpuzamahanga byose biri mu nyungu zo…

Read More

DRC : Abantu 22 bapfiriye mu mwuzure ukomeye watewe n’imvura

Nibura abantu 22 bishwe nyuma yuko imvura nyinshi yateje umwuzure ukomeye mu murwa mukuru Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, usenya amazu ndetse n’imihanda irengerwa. Ku cyumweru, nibwo Minisitiri w’ubuzima muri iki gihugu, Patricien Gongo yatanze uyu mubare w’abapfuye ariko ashimangira ko ari “by’agateganyo” kuko ibarurwa ry’abahitanwe nawo rigikomeje kugeza ubu.  Gongo kandi yanongeyeho…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 7 Mata 1994 ibikorwa byo kwica abatutsi byakwiriye hirya no hino mu gihugu

Abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana ku isonga ryo gutsemba Abatutsi muri Kigali . Mu ijoro ryo ku itariki ya 06 rishyira iya 07 Mata 1994, nyuma y’ihanurwa ry’indege Falcon 50 yari itwaye Perezida Habyarimana Juvenal ni bwo Interahamwe n’abasirikare bo mu mutwe warindaga Perezida Habyarimana batangiye gushyiraho amabariyeri mu duce twinshi tw’Umujyi wa Kigali no kwica Abatutsi. Kimwe…

Read More

#KWIBUKA 31 : inyoborabikorwa ku kwibuka ku nshuro ya 31 jenoside yakorewe abatutsi

7 Mata 2025, U Rwanda n’isi yose, turibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi. Tuzakomeza kugendera ku ngingo yo “Kwibuka Twiyubaka”. Tuzazirikana amateka yatumye Jenoside yakorewe Abatusi ibaho, urugendo rwo kubaka igihugu, ubumwe n’ubudaheranwa by’abanyarwanda, uruhare rwa buri wese mu kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyo igaragariramo byose.  Hazagaragazwa umwihariko w’Umuryango Mpuzamahanga wo kutigira ku…

Read More

APR FC y’abato yahize abandi mu irushanwa ry’Urubuto Community Youth Cup

Amakipe y’abato ya APR FC yegukanye ibikombe bitatu muri bine byahatanirwaga mu irushanwa Urubuto Community Youth Cup. Ni irushanwa ryari rimaze amezi atanu rikinirwa mu Mujyi wa Kigali, rikaba ryarahuje amarerero 18 yigisha abana gukina umupira w’amaguru, rikaba ryarakinwe mu byiciro bya U-10, U-13, U-16 ndetse n’abakobwa ba U-16. APR FTC yageze ku mikino ya…

Read More