Manchester united iracyatera ijisho ku igaruka ry’uwahoze ari umukinnyi wayo

Mu ikipe ya Manchester United haravugwamo inkuru y’igaruka ry’uwahoze ari umunyezamu wayo David De Gea, biteganywa ko yagarurwa ku kibuga Old Trafford mu mpeshyi y’uyu mwaka Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Esipanye yabashije gukina imyaka 12, mu ikipe ya Manchester United mbere yuko arekurwa mu mpeshyi ya 2023, ubwo amasezerano ye y’akazi yarageze ku…

Read More

Kigali : Hatanzwe umuburo w’imyuzure  ndetse n’inkangu bishobora kwibasira u Rwanda

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubumenyi bw’ikirere  [Meteo Rwanda ] cyaburiye abanyarwanda ko hateganijwe imvura nyinshi ishobora kuzateza inkangu n’imyuzure, guhera mu ijoro ryo ku ya 11 kugeza ku ya 13 Mata, mu duce two mu Mujyi wa Kigali, Intara y’Amajyaruguru n’Intara y’Uburengerazuba ndetse no mu turere twa Nyamagabe na Nyaruguru two mu Majyepfo . Ku mugoroba…

Read More

#KWIBUKA 31 : Tariki ya 12 Mata 1994 , MDR-Power yahamagiriye Abahutu kwica Abatutsi

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 12  Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994. 1.         Fridouald Karamira na MDR-Power bahamagariye Abahezamguni b’Abahutu kwica Abatutsi Tariki ya 12/4/2020, Karemera Frodouald wa…

Read More

DRC : Wazalendo na FARDC bigaruriye imijyi 10 yari yarigaruriwe na M23

Indi mirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba FARDC bafatanije na Wazalendo bahangana na M23 yakomeje mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse isiga ingabo za Kongo zigaruriye imijyi irenga icumi . Nubwo i Doha mu gihugu cya Qatar hari kubera ibiganiro by’amahoro hagati ya leta ya Kinshasa n’umutwe w’inyeshyamba za…

Read More

Kuzirikana aya mateka bidufasha gukomeza kubaka u Rwanda ruzima : Madame Jeannette Kagame

Madamu Jeannette Kagame yavuze ko kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi ari intango y’ubumwe n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda. Mu butumwa yageneye Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31, yavuze ko badakwiye gucika intege mu gukomeza gusobanura ukuri kw’amateka nubwo hashize imyaka 31 bakiyasobanura. Ubu butumwa bwanyujijwe ku rukuta rwa X rwa Unity Club Intwararumuri, Madamu…

Read More

Ibiciro ku masoko y’u Rwanda byongeye kuzamuka

Ikigo cy’Ibarurishamibare mu Rwanda, National Institute of Statistics of Rwanda(NISR), cyagaraje ko ibiciro ku masoko y’u Rwanda bikomeje kuzamuka Kandi mu bintu bitandukanye birimo ibyo kurya , ibinyobwa bidasembuye, iby’ingufu nka gazi , amaresitora ndetse n’iby’ingendo. Ibi bikubiye muri raporo y’iki kigo igaragaza ihindagurika ry’ibiciro ku masoko y’u Rwanda, ndetse n’itakaza gaciro k’ifaranga ry’u Rwanda…

Read More

#KWIBUKA31 :  Abatutsi bamariwe ku icumu muri kiliziya ya Paruwasi Gatolika ya Kiziguro  [ ubuhamya ]

Kuva kuwa 07/04/1994 kugeza kuwa 10/04/1994 Abatutsi batangiye guhunga hirya no hino bahungira kuri  Kiliziya i Kiziguro bahageze babeshywa ko bajyiye kuharindirwa ariko barabareka bariyegeranya baragwira maze  ku itariki ya 11 Mata 1994 barabica guhera 10h00 kugera 16h00.  Bishwe n’ Interahamwe  zoherejwe na Burugumesitiri Gatete Jean Baptiste afatanyije na Rwabukombe Onesphore wari burugumesitiri wa Muvumba,…

Read More

Urutonde rw’abapadiri babaye abaperezida b’ibihugu nubwo babibuzwa na Kiliziya

Abasaseridoti n’abihaye Imana muri rusange babuzwa na Kiliziya Gatolika kwivanga mu bikorwa bya politiki kuko bihabanye n’amategeko ndetse n’amabwiriza igenderaho nk’uko bigaragara mu ngingo ya 285 , 1285 mu bika bitandukanye by’igitabo cy’amategeko ya Kiliziya. Muri iyi nkuru reka turebere hamwe abapadiri babaye abayobozi b’ibihugu bitandukanye ku isi! 1.Fulbert Youlou, Uyu yabaye perezida wa mbere…

Read More

Kiliziya irasaba Abasaseridoti n’Abihayimana kwirinda kwivanga muri Politiki

Mu gihe hirya no hino ku isi hakomeje ibibazo bya politiki kiliziya Gatolika mu Rwanda irasaba Abasaseritodi n’Abihayimana muri rusange kwirinda kwivanga mu migambi ya Politiki iyari yo yose kuko biri mu byo kiliziya iziririza Kandi bikaba bitari mu nshingano zayo . Ibi byatangajwe binyuze mu ibaruwa y’Abepisikopi yanditswe ku itariki ya 14 Werurwe 2025,…

Read More