Real Madrid ikomeje guhura n’uruvagusenya mbera yo gukina finali na Barcelona

Ikipe ya Real Madrid yamaze kuvunikisha Umufaransa, Eduardo Camavinga , bituma atazagaragara ku mukino w’ishiraniro bafitanye na Barcelona tariki 26 Mata 2025, kuri Finali ya Copa del Rey. Iki gikombe n’ikizere cy’umwaka w’imikino kuri Real Madrid mu kugira icyo batwara cyane ko Shampiyona bigoye , Barcelona ifite umwanya wa mbera n’amanota 76 imbereho amanota ane…

Read More

Abafana ba Arsenal batangiye gahunda yo kwamagana ‘VISIT RWANDA’

Abafana b’ikipe ya Arsenal biyita “Gunners For peace” batangije gahunda yo kwamaga amasezerano u Rwanda rufitanye n’ikipe yabo mu mushinga wa VISIT RWANDA basaba ko amasezerano yazaseswa mbera y’uko umwaka w’imikino utaha wa 2025-2026 utangira. U Rwanda rwafashe inzira yo kugira igihugu ahantu h’ubukerarugendo , bituma rushoramo akayabo mu kubaka ibikorwaremezo birimo ibibuga by’indege bigezweho,…

Read More

Nyuma y’imyaka ibiri, ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere

Ikipe ya Leeds united yagarutse mu kiciro cya mbere cya shampiyona y’umupira w’amaguru mu Bwongereza, nyuma y’imyaka ibiri yari ishize imanutse mu kiciro cya kabiri. Nyuma yo gutsindwa ku ikipe ya Sheffield united na Burnley ibitego 2 ku busa, byaje bisanga intsinzi y’ibitego 6-0 ikipe ya Leeds united yakoreye kuri Stoke city, byahise bishimangira ko…

Read More

Pope Francis aherutse kwitaba Imana, Papa mushya azatorwa ryari?

Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi akaba n’umwepisikopi wa Roma, Pope Francis, ku munsi w’ejo byemejwe ko yitabye Imana azize indwara y’umutima ndetse no guturika tw’udutsi tujyana amaraso mu bwonko ibizwi nka ‘Stroke’ , nyuma yo kumara iminsi arwaye akaza gusa nk’uworohewe. Mu gutangaza urupfu rwe Umuvugizi wa Vaican Cardinal Kevin Ferrell. Yagize Ati “Muri…

Read More

Amasosiyeti atwara abagenzi yibukijwe gufasha mu ngendo  abanyeshuri basubira ku ishuri

Guhera  ku munsi w’ejo ku wa Mbere, tariki ya 21 Mata, nibwo abanyeshuri batangiye gusubira ku bigo by’amashuri gutangira igihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2024/2025 mu turere dutandukanye tw’igihugu. Polisi y’u Rwanda irasaba abo bireba bose cyane cyane ibigo bitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, abayobozi b’amashuri n’ababyeyi b’abana, gukora ibishoboka byose kugira ngo…

Read More

U Rwanda rwabonye umukino wa gicuti n’ikipe imaze kwegukana igikombe cya Afurika inshuro ebyiri

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru “Amavubi” izakina umukino wa gicutsi n’iya Algeria ku itariki 05 Kamena 2025, nk’uko Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri icyo gihugu ryabitangaje ribinyujije ku mbugankoranyambaga zaryo. U Rwanda ruheruka mu kibuga mu mikino ibiri yo gushaka itike y’Imikino y’Anyuma y’Igikombe cy’Isi cya 2026, kizabera muri Leta Zunze Ubumwe z’Abanyamerika, Canada na…

Read More

Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’

Ikipe ya Rayon Sports yakebuye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda “FERWAFA” mu itangazo bacishije ku mbugankoranyambaga zayo aho yanemezaga ko izakina umukino wari wasubitswe kubera ibura ry’umuriro ryatewe n’iyangirika rya moteri, umukino uhagarara ku munota wa 27′. Muri iri tangazo, Rayon Sports, yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye yemera gukina ari intego y’irushanwa “amahoro” bityo nka…

Read More